-
Imyenda iri kuri taye ibereye abantu babyibushye
Muri uyu mwaka ushobora guhindura imyambarire niba ubyibushye cyane ukambara imyenda ikwegereye,iri kuri taye kandi ukaba uberewe cyane aho kwambara imwe irekuye. Umuntu ubyibushye cyane yaba umukobwa cyangwa umudamu yakwambara ikanzu y’umupira imwegereye idafite amaboko kandi akaba yambaye neza cyane. Gusa nanone ureba umupira ukomeye udashushanya imiterere y’uruhu iyo irwegereye. Ashobora kandi kwambara ikanzu ya droite nayo y’umupira ifite amaboko maremare atitaye ku ndeshyo ye (...)
-
Kwambara amakoti maremare,uburyo bushya bw’imyamabarire
Hari uburyo bugezweho bw’imyambarire ku bakobwa,ushobora nawe kugerageza ukabwongera mu myambarire wagiraga ukajya wambara udukoti tureture tugera munsi y’ikibuno cyangwa mu ntege,ukakambara inyuma y’indi myenda maze ukaba uberewe rwose. Ushobora kwambara ikanzu iri kuri taye y’umupira ifite amaboko maremare,maze ukambara ikoti rirerire ridafite amaboko. Ushobora kandi kwambara ijipo ya droite n’agapira gato cyangwa agasengeri kagufashe ugatebeza maze ukambaraho ikoti rirerire rijya (...)
-
Amakanzu afunganye mu ijosi y’amaboko naho wayasanga
Hari amakanzu agezweho muri iyi minsi usanga ari meza cyane kandi abera bantu b’ingeri zose,akaba afite mu ijosi hato kandi afite amaboko maremare cyangwa agera mu nkokora. uyikeneye ukaba wayisanga mu iduka ‘’Waouh Fashion Shop’’wabahamagara kuri 0788440379 /0728440379 ukagabanyirizwa ibiciro kugera ku 10%igihe ubabwiye ko uharangiwe na agasaro.com. Hari ikanzu ya droite y’umupira iri kuri taye ikaba igera munsi y’amavi gato,maze ikaba ifunganye mu ijosi kandi ifite amaboko maremare. Hari (...)
-
Imyenda igezweho isumbana hasi n’aho wayisanga
Hari imyenda imaze iminsi igezweho ku bakobwa n’abadamu irimo amajipo n’amakanzu,isumbana hasi kuburyo imbere n’inyuma hataba hareshya,uyikeneye ukaba wayisanga mu iduka ‘’Waouh Fashion Shop’’wabahamagara kuri 0788440379 /0728440379 ukagabanyirizwa ibiciro kugera ku 10%,igihe ubabwiye ko uharangiwe na agasaro.com. Hari ikanzu y’ikirori usanga ifashe uyambaye cyane,igice cyo hejuru,maze hasi ikaba itaratse kandi isumbana imbere n’inyuma hayo hatareshya. Hari kandi ikanzu iba isabagiye igice (...)
-
Amapantaro ajyanye n’amashati y’ibitenge wadodesha
Hari abantu bakunda cyane imyenda y’ibitenge ugasanga bahora bakeneye gusimburanya moderi z’imyenda badodesha,niyo mpamvu twaguhitiyemo moderi z’amapantaro n’amashati bijyanye byose bidoze mu bitenge. Hari ipantaro y’icupa idoze mu gitenge cy’amabara avanze ariko Atari menshi n’agashati gakoze nk’isengeri kandi gataratse hasi ariko kadoze mu gitenge kidasa n’icy’ipantaro. Indi ni ipantaro nayo y’icupa kandi y’igitenge cy’amabara ikaba ifatanye n’ishati y’amaboko maremare ariko ibyo bitenge (...)
-
Amakanzu ya mini ataratse y’ibirori n’aho wayasanga
Muri iyi minsi imyenda itaratse kandi migufi,igezweho cyane ku bakobwa n’abadamu ari nayo mpamvu twaghisemo kubashakira aho mwasanga amakanzu magufi ataratse nkuko akunzwe na benshi kandi tubahitiramo ay’ibirori wakwambara no muri iyi minsi mikuru isoza umwaka,dore ko aya makanzu ari bwoko bwa mbere aturuka mu gihugu cya Turikiya. Uyakeneye wahamagara kuri izi nimero 0788440379 /0728440379 ukagabanyirizwa ibiciro kugera ku 10%,igihe ubabwiye ko uharangiwe na agasaro.com. Hari ikanzu ngufi (...)
-
Amakanzu ataratse y’iminsi mikuru n’aho wayasanga
Abakobwa n’abadamu bakunda kwambara imyenda ibarekuye,hasi,muri iyi minsi mikuru bashobora kuzaba bambaye amwe muri aya makanzu ataratse aboneka mu iduka ‘’Waouh Fashion Shop’’wabahamagara kuri 0788440379 /0728440379 ukagabanyirizwa ibiciro kugera ku 10%igihe ubabwiye ko uharangiwe na agasaro.com. Hari ikanzu ngufi igera mu mavi itaratse cyane igice cyo hasi,naho hejuru ikaba ifashe uyambaye kandi irangaye mu ijosi kuburyo igaragaza ibitugu Indi ni ikanzu ijya kuba ndende ariko idakabije (...)
-
Amasarubeti y’abakobwa agezweho n’aho wayasanga
Muri iyi minsi amasarubeti agezweho cyane ku bakobwa ariko hari ubwo usanga umuntu yibaza aho yayivana,nyamara biroroshye wahamagara iyi nimero ya telefoni 0788440379 /0728440379 ukagabanyirizwe ibiciro kugeza ku 10 ku ijana,igihe ubabwiye ko uharangiwe na agasaro.com Hari isarubeti iba idoze mu gitambaro cya cotton,ikoze nk’ikanzu ifunganye mu ijosi ikaba nta maboko ifite ubundi ikaba ikoze nk’ipantaro y’itisi hasi. Hari kandi isarubeti y’amabara ikoze nk’ishati,ifite ikora (...)
-
Amakanzu maremare y’ibirori,asatuye imbere
Hari makanzu maremare agezweho muri iyi minsi ku bakobwa n’abadamu yo kwambara ahantu hiyubashye cyangwa mu birori bitandukanye. Ubaye ukeneye kugura amwe mauri ayo makanzu wamagara iyi nimero ya telefoni 0788440379 /0728440379 ugabanyirizwe ibiciro kugeza ku 10% ,igihe ubabwiye ko uharangiwe na agasaro.com Hari ikanzu ndende iri kuri taye,igera ku birenge idafite amaboko kandi ifunganye mu ijosi,maze ikaba isatuye imbere. Hari kandi ikanzu ndende igera ku birenge ikaba ari umupira (...)
-
Amakanzu maremare y’ibirori,asatuye imbere
Hari makanzu maremare agezweho muri iyi minsi ku bakobwa n’abadamu yo kwambara ahantu hiyubashye cyangwa mu birori bitandukanye. Ubaye ukeneye kugura amwe mauri ayo makanzu wamagara iyi nimero ya telefoni 0788440379 /0728440379 ugabanyirizwe ibiciro kugeza ku 10% ,igihe ubabwiye ko uharangiwe na agasaro.com Hari ikanzu ndende iri kuri taye,igera ku birenge idafite amaboko kandi ifunganye mu ijosi,maze ikaba isatuye imbere. Hari kandi ikanzu ndende igera ku birenge ikaba ari umupira ariko (...)
-
Amakanzu magufi ajyanye n’imiterere naho wayasanga
Hari makanzu magufi agezweho muri iyi minsi ku bakobwa yiganjemo cotton n’imipira yorohereye,kandi aya makanzu akaba ari kuri taye,ubundi akaba ajyanye n’imiterere y’igituza n’inda,aboneka mu iduka ry’imyenda ryitwa ‘’[Waouh Fashion]’’. Hamagara iyi nimero ya telefoni 0788440379 /0728440379 ugabanyirizwe ibiciro kugeza ku 10 ku ijana,igihe ubabwiye ko uharangiwe na agasaro.com. Hari ikanzu ibera cyane umuntu ufite mu gituza hanini ikaba ari ngufi igera munsi y’amavi gato,ikaba ifite igitambaro (...)
-
Amashati ahisha ibicece n’amajipo bijyanye n’aho wayasanga
Hari udushati twiza turi kuri taye kandi tugezweho ku bakobwa,tukabera abantu bose ndetse tukanabera abantu bafite inda itereye hasi cyangwa ifite ibicece ahagana hasi,ndetse n’ufite ikinyenyanza kandi ukabona ari umwambaro wiyubashye. Hamagara iyi nimero ya telefoni 0788440379 /0728440379 ugabanyirizwe ibiciro kugeza ku 10 ku ijana,igihe ubabwiye ko uharangiwe na agasaro.com Hari agashati kadafite maboko kandi karangaye mu ijosi gafashe cyane ukambaye kandi gataratse hasi,maze (...)
-
Imyenda yambarwaho furari yo mu ijosi n’uko bayambara
Hari uburyo bwo kwambara furari yo mu ijosi bitewe n’uko uwo mwenda uteye mu gatuza,kandi bikaba biberanye n’uwo mwenda nubwo uyu ari umwe mu myambaro ikunze kwambarwa mu mbeho ariko kandi unifashishwa mu kwambara ukikwiza cyane cyane ku muntu ushaka guhisha mu gatuza iyo yambaye umwenda uhagaragaza cyane. Hari uwambara furari ku gapira gato karangaye mu ijosi cyane ndetse no mu bitugu,maze akayizingira mu ijosi ariko atayiyegereje cyane kuburyo aba asa nuwapfutse mu bitugu,imbere hakaba (...)
-
Imyenda y’ibara ry’ingwe igezweho
Muri iyi minsi imyenda y’amabara y’ingwe igezweho cyane yaba amakanzu amajipo ndetse n’imyenda yo hejuru cyangwa amasakoshi n’inkweto bya bene iri bara,niyo mpamvu twahisemo kukwereka imwe mu myenda igezweho y’amabara y’ingwe wakwambara irimo amajipo n’amakanzu. Ushobora kwambara ikanzu y’ibara ry’ingwe,ndende igera ku birenge ariko ibonera na kandi isatuye impande zombi ukaba wambaye umwenda mwiza kandi ugezweho. Wakwambara nanone ikanzu ndende irekuye y’amaboko maremare nayo (...)
-
Amajipo maremare abonerana n’aho wayasanga
Hashize iminsi amajipo maremare agera ku birenge kandi abonerana agezweho cyane ku bakobwa n’abadamu bazi kugendana n’ibigezweho akaba aboneka mu iduka ry’imyenda ryitwa ‘’Hamza Fashion’’riherereye mu mujyi imbere y’ahahoze ETO MUHIMA. Nawe ubaye ukeneye kugura muri aya majipo wajyayo,kandi umukiriya ujyayo aharangiwe n’agasaro.com,agabanyirizwa ibiciro kugera ku 10 ku ijana by’igiciro gisanzwe cy’umwenda ashaka. Ubakeneye wabahamagara kuri iyi nimero ya telefoni ; 0788533582. Hari ijipo iba (...)
-
Amakanzu y’imipira ya slit n’aho wayasanga
Amakanzu ya slit y’imipira aba asatuye cyane ku mpande kuburyo utayambara yonyine nta wundi mwambaro ushyizemo imbere nka kora cyangwa ipantaro y’ icupa,ariko usanga ari umwenda w’umusirimu kandi aya makanzu ateye atya y’imipira ndetse n’andi nkayo aboneka mu iduka ry’imyenda ryitwa ‘’Hamza Fashion’’riherereye mu mujyi imbere y’ahahoze ETO MUHIMA. Nawe ubaye ukeneye kugura amwe muri aya makanzu ya siliti wajyayo kandi umukiriya ujyayo avuga ko aharangiwe n’agasaro.com,agabanyirizwa ibiciro kugera (...)
-
Amakanzu y’imipira agezweho n’aho aboneka
Hashize iminsi itari mike amakanzu y’abakobwa n’abadamu y’imipira agezweho muri Kigali,ariko hari amwe muri yo agezweho kandi akunze kurusha ayandi cyane cyane aya droite magufi y’amaboko,ari nayo tugiye kubarangira aho aho ayasanga. Ayo makanzu y’imipira agezweho wayasanga mu iduka ryita ‘’Hamza Fashion’’riherereye mu mujyi imbere y’ahahoze ETO MUHIMA kandi umukiriya ujyayo arangiwe n’agasaro.com,agabanyiriza ibiciro kugera ku 10 ku ijana by’igiciro gisanzwe cy’umwenda ashaka. Ubakeneye (...)
-
Moderi z’amakanzu wadodesha ateyeho ibitambaro
Hari moderi z’amakanzu atandukanye y’abakobwa n’abadamu,maremare n’amagufib usanga ateyeho ibitambaro by’imirimbo bituma ikanzu iba nziza kurushaho kuko ayo makanzu aba adoze bisanzwe ariko uburyo ibyo bitambaro biteyeho agahindura moderi. Hari ikanzu iba ari ngufi idafite amaboko,ikaba yegereye uyambaye,ariko uko imanuka iba irekuye buhoro,kandi ikaba isumbana,ubundi ikaba iteyeho imirimbo y’ibitambaro bikase neza kuva mu ijosi kumanuka bigana hasi. Indi ni ikanzu idoze nka droite ikaba nayo (...)
-
Uko wajyanisha ishati y’igitenge n’undi mwenda wo hasi bijyanye
Abantu bamwe usanga badakunda imyenda idoze mu bitenge,ariko hari ubwo ubona umuntu yambaye umwenda w’igitenge yawujyanisha n’undi bikaba biryoheye ijisho,niyo waba utabikunda ukifuza kubyambara,cyane cyane nko kubona umuntu wambaye ishati idoze mu gitenge ayambaranye n’undi mwenda wo hasi bijyanye yaba ijipo cya ngwa ipantaro. Ushobora kubona umukobwa yambaye ishati y’igitenge y’amaboko maremare imufashe,maze kayitebeza mu ijpo y’ibara rimwe itaratseiteyeho akantu gato hasi ku musozo,gasa (...)
-
Moderi z’imyenda y’igitenge kivanze n’ibindi bitambaro wadodesha
Hari moderi nziza cyane z’imyenda y’abakobwa itandukanye wadodesha mu gitenge kivanze n’ibindi bitambaro bitari ibitenge kandi ukabona birebetse neza bitewe n’icyo ushaka kudodesha,yaba ijipo,ishati,ipantaro cyangwa ikoti byiza. Hari ikanzu iri kuri taye ikaba ifite mu ijosi hafunganye kandi igera mu mavi,nta maboko ifite ikaba isumbana imbere n’inyuma bitareshya kuko iba ifite igitambaro kimanuka inyuma,ifite ibindi bitambaro biteyeho imbere ahagana mu rukeneyerero,ikaba kandi idoze mu (...)
0 | ... | 60 | 80 | 100 | 120 | 140 | 160 | 180 | 200 | 220 | ... | 500