Amakanzu magufi y’abantu babyibushye n’uko wayabona

Yanditswe: 16-04-2016

Hari amakanzu atandukanye usanga abera abantu banini yaba ari kuri taye ndetse n’arekuye kandi magufi kuburyo ubona umuntu ubyibushye yambaye imwe muri yo ukabona ko aberewe kandi yambaye umwenda wiyubashye,ari nayo mpamvu abakunzi bacu twabahitiyemo amwe mu makanzu bashobora kwambara bakaberwa kandi bakanayabona bitabagoye.Nuguhmagara 0784693000/0788506370 ukabona umwenda wifuza wose.

Abakobwa cyangwa abadamu banini baberwa n’ikanzu nk’iyi ya droite ngufi itari mini cyane ikaba ifite igitambaro cyorohereye kandi nta maboko ifite kuburyo itanga amahoro k’uyambaye.

Ku bantu babyibushye usanga bitinyatinya ko batakwambara umwenda w’umupira,burya hari ikanzu iba ari umupira y’amaboko magufi kandi idahambiriye uyambaye cyane ikoze nk’iyi kuburyo uyambara uri munini ukabona ntacyo itwaye.

Nanone abantu babyibushye baberwa n’ikanzu ngufi itaratse kandi irekuye uyambaye igice cyo hasi,ikaba ifashe hejuru gusa.

Indi ni ikanzu nayo ngufi igera munsi y’amavi kandi ya droite,umuntu munini ashoboa kwambara agiye ku kazi cyangwa no mu birori,nayo ikaba nta maboko ifite kandi yegereye cyane uyambaye.

Aya makanzu yose ameze atya kandi y’abantu bayibushye,ubaye uyikeneye wahamagara ziriya nimero twatanze haruguru,cyangwa ukatwandikira kuri email;nzizapassy @gmail.com.

NZIZA Paccy

IBITEKEREZO

  • To create paragraphs, just leave blank lines.