Amakanzu ataratse y’iminsi mikuru n’aho wayasanga

Yanditswe: 22-12-2015

Abakobwa n’abadamu bakunda kwambara imyenda ibarekuye,hasi,muri iyi minsi mikuru bashobora kuzaba bambaye amwe muri aya makanzu ataratse aboneka mu iduka ‘’Waouh Fashion Shop’’wabahamagara kuri 0788440379 /0728440379 ukagabanyirizwa ibiciro kugera ku 10%igihe ubabwiye ko uharangiwe na agasaro.com.

Hari ikanzu ngufi igera mu mavi itaratse cyane igice cyo hasi,naho hejuru ikaba ifashe uyambaye kandi irangaye mu ijosi kuburyo igaragaza ibitugu

Indi ni ikanzu ijya kuba ndende ariko idakabije nayo itaratse,maze hejuru ikaba ifashe uyambaye kandi nta maboko ifite ikoze nk’isengeri no mu ijosi hato ariko hadafunganye cyane.

Indi ni nayo ni ikanzu itaratse isumbana imbere n’inyuma kuburyo ifite imbere hagufi hagera mu mavi naho inyuma ari harehare,naho hejuru ikaba ikoze nk’agapira gafashe ukambaye kandi ikoze nka V mu ijosi.

Hari kandi ikanzu ngufi igera mu mavi ikaba itaratse ariko hejuru ifashe uyambaye kandi ifite amaboko agera mu nkokora no mu ijosi hato.

Hari nanone ikanzu ijya kuba ndende nta maboko ifite,ikaba itaratse cyane kuburyo ubona isa n’ibyimbye kuva mu mataye kumanura hasi aho igarukira.

Iyi myenda yose wayisanga mu iduka ry’imyenda ryitwa’’ Waouh Fashion Shop’’ riherereye mu mujyi ku muhanda uva kwa Rubangura iruhande rwa Station Kobil,ubakeneye wahamagara iyi nimero 0788440379 /0728440379 kandi ku muntu uharangiwe na agasaro.com agabanyirizwa ibiciro kugeza ku 10 % by’igiciro cy’umwenda gisanzwe.

Agasaro.com

Ibitekerezo byanyu

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe