-
Uko wita ku isakoshi ikoze mu ruhu.
Isakoshi ikoze mu ruhu irahenda ugereranije n’izindi cyane cyane iyo ari ikozwe ba brand izwi. Niba uyifite rero ni byiza kuyimarana igihe kinini kandi isa neza. Izi nizo nama wakurikiza wita kuri iyo sakoshi: Irinde gushyiramo ibintu byinshi cyane kuko yatakaza forme yayo Irinde kuyijugunya hasi uko wiboneye nubwo ikomeye, yitereka neza ahabugenewe Yirinde kuyishyira ahantu itinda ku izuba Niba isakoshi yanduye banza uyihanagure mbere yo kuyibika, niba yanyagiwe nabwo ubanze (...)
-
Uko wajyanisha ijipo y’ubururu n’andi mabara hejuru
Muri iyi minsi ibara ry’ubururu rigezweho cyane ku bakobwa n’abadamu,usanga bambaye amajipo cyangwa amashati by’iri bara maze bakajyanisha n’iimyenda y’andi mabara ariko uyu munsi munsi reka turebe amabara aberana cyane n’ubururu nawe wajyanisha ukaba uberewe. Iyo umukobwa cyanggwa umudamu yambaye ijipo ya droite y’ibara ry’ubururu bwijimye akambarana n’agashati k’umweru aba yajyanishije amabara meza. Ijipo y’ubururu nk’ubw’ikaramu,iyo ijyanishijwe n’agapira cyangwa gashati k’ibara ry’umweru ririmo (...)
-
Menya imyenda yo hejuru iberana n’ amajipo ataratse y’ibitege
Muri iki gihe kudodesha imyenda mu bitenge usanga bigezweho ariko kwambara umwenda wo hasi usa n’uwo hejuru byose bidoze mu bitenge, byo ntabwo bikigezweho cyeretse ari ikanzu umuntu yadodesheje.Niyo mpamvu tugiye kurebera hamwe imyenda yo hejuru wajyanisha n’ijipo itaratse idoze mu gitenge ukabona biberanye. Ijipo ngufi igera hejuru y’amavi kandi ikaba itaratse cyane iberana no kuyambarana n’agapira kegereye umuntu kaba ak’amaboko maremare cyangwa magufi ariko kakaba kamufashe. ijipo (...)
-
Uko wagirira isuku inkweto zihanagurwa
Kugirira isuku inkweto zisigwa ntabwo arukuzisiga umuti ngo zibengerane gusa ahubwo hari uburyo bwinshi kandi bworoheje bwo kuzifata neza zigahorana umucyo ndetse bikazirinda kugira impumuro mbi no gusaza imburagihe. 1. Icya mbere usabwa ni ukugira ibikoresho nkenerwa birimo umuti wo gusiga inkweto mwiza kandi ujyanye n’ibara ry’inkweto kugira ngo utazangiza,ukaba ufite uburoso bwabugenewe,agatambaro ko kuzihanagura kandi ukamenya ko zimeswa rimwe na rimwe. 2. Iyo ugiye gusiga inkweto (...)
-
Amasakoshi agezweho afite marike ya Velina Fabiano
Muri iyi minsi hari amasakoshi agezweho cyane ku bakobwa n’abadamu bazi kugendana n’ibigezweho.Ayo masakoshi araringaniye kandi afite marike imwe ya v,isobanura ’’Velina Fabiano’’ Hari isakoshi iba iringaniye y’uruhu rusa n’urworoshye ,ifite imigozi ibiri migufi kandi iriho imitako ishashagirana mu ngufi zayo zo hasi.Iyi wayibona mu mabara yose wifuza. Indi sakoshi nayo nziza y’iyi marike ya velina Fabiano iba ifite uruhu rukomeye,iteyeho utumashini mu mbavu zayo kandi nayo ifite imigozi migufi. (...)
-
Uko wakwirinda kurwara imitsi itewe n’inkweto ndende
Abantu benshi bakunda kugira ikibazo cyo kurwara imitsi ku birenge no ku maguru,rimwe na rimwe bitewe no kwambara inkweto ndende igihe kinini,kubera impamvu zitandukanye wenda zirimo n’akazi uwo muntu akora,ariko hari uburyo ushobora kwirinda kurwara imitsi itewe no kwambara bene izo nkweto niba ukunda kuzambara kenshi Kwirinda kuzigendana n’amaguru;Iyo uziko ukunda kwambara inkweto ndende cyane, waba ugiye ku kazi cyangwa uzikunda bisanzwe,wirinda kuzigenderamo igihe ugiye n’amaguru,kugira (...)
-
Inkweto za barirene zigezweho n’uko wazibona
Inkweto zo hasi zizwi ku izina rya barirene zimaze iminsi zigeweho, ku bakobwa n’abadamu kuko arizo zibangurikira umuntu wese kuzambara, cyane cyane ku muntu ugiye ku kazi,ni nayo mpamvu tuba tubagezaho izigezweho kurusha izindi. Hari barirene ikomeye idafite ibikabyo y’ibara rimwe, ikaba ifite icyuma kibengerana imbere kiryamye ahagana ku zuru ry’urukweto. Hari kandi barirene iba ifite uruhu rwiza,ikaba iteyeho akantu imbere gatambite ku zuru ryayo k’irindi bara ridasa n’iry’urukweto, (...)
-
Barirene zibengerana zigezweho n’uko wazibona
Muri iyi minsi abakobwa n’abadamu bakunze kwambara inkweto zo hasi ngufi zizwi ku izina rya barirene ariko ugasanga zirimo amoko menshi atandukanye,uyu munsi tukaba twahisemo bene izo nkweto ariko zifite umwihariko wo kugira uruhu rubengerana ndetse tukabarangira n’aho mwazibona mu buryo butabagoye. Hari inkweto za barirene ziba zifite uruhu rusanzwe ariko ahaganaimbere ku zuru ryazo hakabaho urundi ruhu rujyanye n’ibara ry’inkweto rubengerana kurenza igice cy’inyuma. Izindi nkweto nazo nziza (...)
-
Inkweto zigezweho zo hasi zo kujyana ku kazi
Hashize iminsi itari mike hagezweho kwambara inkweto ziciye bugufi cyane ku bakobwa n’abadamu,ari nazo bakunze kwambara bagiye ku kazi ariko bakibanda ku zizwi ku izina rya barirene kuko zambaranwa n’imyenda yose kandi ukabona ntacyo bitwaye. Hari barirene zo hasi zifite uruhu rukomeye,zikaba zisongoye imbere zimeze nka congo kuburyo umukobwa cyangwa umudamu azambara ku myenda yose ukabona akeye. Hari nanone barirene nziza zikomye z’uruhu rugaragara nk’uruboshye,ariko wazikoraho ukumva ari (...)
-
Amasakoshi y’imigozi migufi agezweho n’uko wayabona
Muri iyi minsi hagezweho amasakoshi y’abakobwa n’abadamu aringaniye kandi afite imigozi migifi,kuburyo isakoshi ushobora kuyifata mu ntoki cyangwa ku kuboko aho guhora uyitwaye ku rutugu gusa kubera imishumi yayo miremire cyane. Muri iyi minsi hagezweho isakoshi y’uruhu ikomeye y’ibara rimwe,ikaba ifite imigozi migufi kandi igaragara nk’itubutse,ifite n’umwanya munini imbere. Hari kandi isakoshi y’uruhu rubengerana,nayo ikaba ifite imigozi migufi kandi ikoze nk’agakapu,kuburyo ubona isa (...)
-
Amasakoshi meza agezweho n’uko wayabona
Muri iyi minsi hari ubwoko bw’amasakoshi amaze iminsi agezweho ku bakobwa n’abadamu b’abasirimu bazi kugendana n’ibigezweho,afite amabara meza kandi akomeye,none uyu munsi tukaba twabahitiyemo amwe muri yo ndetse n’uburyo wayabona bitagoranye. Hari isakoshi y’uruhu ikomeye y’ibara rimwe ikaba ifite imishumi migufi,kuburyo itwarwa mu ntoki cyangwa ukayitwara ku kuboko kuko ntitwarwa ku rutugu. Hari kandi isakoshi y’uruhu tworoshye izamutse ijya kuba ndende ikaba ifite imigozi miremire inanutse. (...)
-
Inkweto zigezweho z’abana b’abakobwa wabambika kuri pasika
Muri iyi minsi twitegura umunsi mukuru wa pasika,ababyeyi benshi baba bakeneye imyambaro myiza bazambika abana kuri uwo munsi,harimo n’inkweto nziza umwana yambara ukabona aberewe,ni nayo mpamvu twabahitiyemo inkweto zigezweho,zikomeye kandi z’amabara meza, wakwambika umwana w’umukobwa kuri uwo munsi,guhera ku mwana w’uruhinja kugeza ku myaka 8. Izi nkweto z’abana ndetse n’imyend bijyanye,biroroshye kuzibona uhamagaye kuri iyi nimero 0784693000 cyangwa ukatwandikira kuri email; nzizapassy (...)
-
Pantacourt n’udushati bijyanye byo kujyana ku kazi
Nkuko abakunzi bacu badusabye ko twajya tubahitiramo imyenda ijyanye umuntu yakwambara mu bihe bitandukanye,uyu munsi twabahitiyemo amapantaro ya pantacourt agezweho ndetse n’udushati cyangwa udupira bijyanye byo kujyana ku kazi,kandi iyi myenda ndetse n’indi wakenera,waduhamagara kuri iyi nimero 0784693000. Ku mukobwa ugira akazi ko mu biro,ashobora kwambara ipantaro ya pantacourt n’agakoti bisa,wenda bikaba ari umukara imbere agashyiramo ishati cyangwa agapira gafunganye mu ijosi k’irindi (...)
-
Waruziko isakoshi itajyanye n’ibyo wambaye bigezweho?
Muri iyi minsi gutwara isakoshi cyangwa isakame y’ibara rimwe kandi itajyanye n’imyenda cyangwa inkweto bigezweho ku bakobwa n’abadamu,bitandukanye nuko mu minsi ishize hari hagezweho gutwara isakoshi ifite ibara risa n’imyenda wambaye cyangwa isa n’inkweto. Umukobwa ashobora kwambara imyenda y’amabara ya kaki nk’ijipo n’ishati cyangwa agapira bisa maze akambara n’inkweto za kaki zisa n’imyenda hanyuma agatwara isakoshi y’ibara ry’icyatsi kibisi. Ushobora gusanga kandi umukobwa yambaye nk’imyenda (...)
-
Uko wajyanisha umwenda w’amabara menshi n’inkweto
Muri iyi minsi imyenda y’amabara menshi avangavanze cyane cyane amakanzu usanga agezweho ku bakobwa n’abadamu b’abasirimu kandi iyo bambaye bene iyo myenda, bagira uko bayijyanisha n’inkweto cyangwa amasakoshi ajyanye n’amabara ya wa mwenda. Niba umukobwa yambaye ikanzu ifite amabara yiganjemo icyatsi kibisi na pink,usanga yambaye inkweto z’icyatsi kibisi,maze agatwara isakoshi ya pink. Iyo umukobwa yambaye nk’ikanzu y’umweru yiganjemo ibara rya orange,usanga yayambaranye n’inkweto z’ibara rya (...)
-
Uko wajyanisha imyenda y’ibara rya orange n’andi mabara
Ubusanzwe ibara rya orange ku myenda usanga abantu benshi batarikunda kuko riba ribona cyane ndetse ugasanga hari n’utakwemerera kuryambara,ariko burya hari andi mabara ushobora kurijyanisha rikagaragara neza,cyane cyane iyo atari orange ipika cyane. Ushobora kwambara nk’ipantaro y’ibara rya orange,maze ukayambarana n’agapira cyangwa agasengeri k’ibara ry’ubururu,ukambaraho nikoti ry’umweru kandi ukabona bijyanye ndetse bigaragara neza. Ushobora kandi kwambara agapira k’ibara rya orange,maze (...)
-
Amasakoshi watwara igihe wambaye neza
Hari ubwo umukobwa cyangwa umudamu yambara imynmbaro runaka akumva ko nawe yambaye neza cyane,maze agahitamo n’isakoshi ijyanye n’imyambaro yambaye ari nayo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru,dore ko isakoshi nziza nayo ari imwe mu bituma umuntu agaragara ko aberewe.. Iyo uri umukobwa cyangwa umudamu ukaba wambaye nk’ikanzu ndende y’ikirori ndende igera ku birenge cyangwa ngufi igera mu mavi ariko iri kuri taye,watwara isakame iringaniye ijyane n’ibara ry’inkweto wambaye. Nanone ku mdamu (...)
-
Imyenda iberana n’inkweto za pantufure
Muri iyi minsi inkweto za pantufure usanga zigezweho ku bantu bose harimo n’abakobwa kandi bakazambara ku myenda hafi ya yose,gusa hari imyenda biberana kuruta iyindi ushobora kubyambarana,ukagaragara neza kandi ukaba usirimutse. Umukobwa ashobora kwambara inkweto za pantufure akazambarana n’ipantaro y’icupa cyane cyane ku ijinisi,biba ari byiza cyane. Izi nkweto kandi zibera abakobwa bakunda kuzambarana n’amakabutura magufi agera mu ntege. Umukobwa kandi ashobora no kambara bene izi nkweto (...)
-
Koriye zigezweho zo mu ijosi n’imyenda bijyana
Muri iki gihe abakobwa n’abadamu usanga bakunze kwambara imirimbo yo mu ijosi irimo iningi,amasheneti ariko baharaye cyane imirimbo yitwa koriye,iba igaragara cyane mu ijosi ariko ikajyana n’uko umwenda uteye mu ijosi. Hari koriye nini ifite imirimbo, iba igaragara cyane mu ijosi kandi ubona yuzuyemo,ikaba iberana n’umwenda urangaye mu ijosi,cyane cyane ukoze nk’isengeri. Koriye y’amasaro aringaniye akoze umutako imbere, igaragara neza kandi ikaberana n’umwenda ufunganye mu ijosi ukayambaraho (...)
-
Inkweto z’imigozi ifata hejuru y’ikirenge n’imyenda biberana
Inkweto zifite imigozi ifatira hejuru y’ikirenge,muri iyi minsi usanga abakobwa benshi bakunze kuzambara ku myenda itandukanye,ariko hakaba bamwe muri bo batamenye imyenda ijyana n’izo nkweto bakazambarana n’imyenda babonye yose,ariko burya izi nkweto zikoze gutya ziberana n’imyenda migufi igaragaza amaguru. Umukobwa ashobora kwambara inkweto zifungishwa imishumi kandi zikaba zifite ukuntu zizamutse hejuru y’ikirenge,maze ya mishumi nayo bakayihambirira aho inkweto zigarukira.Izi ziberana (...)