Amasarubeti y’abakobwa agezweho n’aho wayasanga

Yanditswe: 21-12-2015

Muri iyi minsi amasarubeti agezweho cyane ku bakobwa ariko hari ubwo usanga umuntu yibaza aho yayivana,nyamara biroroshye wahamagara iyi nimero ya telefoni 0788440379 /0728440379 ukagabanyirizwe ibiciro kugeza ku 10 ku ijana,igihe ubabwiye ko uharangiwe na agasaro.com

Hari isarubeti iba idoze mu gitambaro cya cotton,ikoze nk’ikanzu ifunganye mu ijosi ikaba nta maboko ifite ubundi ikaba ikoze nk’ipantaro y’itisi hasi.

Hari kandi isarubeti y’amabara ikoze nk’ishati,ifite ikora nk’iry’ishati idafite amaboko n’ibipesu bikoze nk’iby’ishati isanzwe,maze hasi ikaba ari nk’ipantaro y’icupa.kandi mu nda hayo kaba ari hato kuburyo wakeka ko ari ishati n’ipantaro bisa umuntu yatebeje.

Hari kandi insi sarubeti nayo ikoze nk’iyi yo hejuru tumaze kuvuga nayo ifite amabara kandi ikoze nk’ishati hejuru maze hasi ikaba ari nk’ipantaro y’icupa,ikaberana no kuyambarana n’umukandara mu nda.

Nanone hari isarubeti iba ikoza nka goruje nta maboko ifite,ifashe cyane uyambaye igice cyo hejuru,naho hasi ikaba ikoze nk’ipantaro isanzwe iteyeho udufuka tubiri duto imbere.

Iyi myenda yose wayisanga mu iduka ry’imyenda ryitwa’’ waouh fashion shop’’ riherereye mu mujyi ku muhanda uva kwa Rubangura iruhande rwa Station Kobil,ubakeneye wahamagara iyi nimero 0788440379 /0728440379 kandi ku muntu uharangiwe na agasaro.com agabanyirizwa ibiciro kugeza ku 10 ku ijana by’igiciro cy’umwenda gisanzwe.

Agasaro.com

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe