Duhe komande tukugezeho amwe muri aya makanzu

Yanditswe: 16-03-2016

Hari amakanzu amaze iminsi akunzwe n’abakobwa benshi b’abasirimu,ugasanga bayambara ahantu hose ndetse no mu birori bitandukanye,ayo makanzu akaba ari magufi asa n’afunganye mu ijosi,ari droite cyangwa ataratse hasi ,nawe ubaye ukeneye imwe muri ayo makanzu cyangwa hari indi myenda ukeneye wahamagara iyi nimero cyangwa kuri email bikurikira; Hamagara 0784693000, Twandikire; nzizapassy@gmail.com

Ushobora gutanga komande tukagushakira imyenda ukeneye,yaba caguwa ya mbere cyangwa magaze.

Hari ikanzu usanga ari ngufi igera mavi itaratse.maze hejuru ikaba yegereye uyambaye ikaba nta maboko ifite kandi ifite mu ijosi hato.

Indi ni ikanzu nayo ijya kuba imeze nk’iyi yo hejuru ikaba nayo itaratse kandi nta maboko ifite ndetse no mu ijosi hato cyane.

Indi ni ikanzu ya droite igera mu mavi,ikaba yegereye uyambaye cyene kandi nta maboko nayo ifite,ahubwo ikoze nk’isengeri kandi nayo mu ijosi hayo ari hato.

Hari kandi ikanzu ngufi y’umupira nayo idafite amaboko kandi ifunganye cyane mu ijosi,nayo ikaba ifashe uyambaye.

Aya niyo makanzu umukobwa wese w’umusirimu ashobora kwambara ahantu hose akaba yayajyana no mu birori kandi ukabona aberewe rwose,dore ko amakanzu akoze gutya agezweho kandi ukaba ayabona uhamagaye nimero twavuze haruguru; 0784693000.

agasaro.com

Forum posts

  • Byaba byiza mwerekanye ayo makanzu mugashyiraho n’ibiciro. Watanga commande ku kintu utareba utazi núko kigura?

  • Numero mwatanze muyikoresheje kuri whatsapp, Mukajya mushyiraho ayo makanzu n’ibiciro, Byarushaho kuba byiza.

  • Sibyo se nibashyireho buri kanzu nigiciro yayo umuntu arebe abone kwidecida akurikije uko ahagaze

IBITEKEREZO

  • To create paragraphs, just leave blank lines.