-
Zimwe mu ndwara zivurwa n’ibumba
Tugiye kureba uburyo wakoresha ibumba ry’icyatsi mu kwivura indwara zitandukanye zaba iz’imbere mu mubiri cyangwa se iz’inyuma ku ruhu nkuko tubigezwaho na Anastasie Mukakayumba, impuguke mu mirire iboneye. Twahisemo ibumba ry’icyatsi kuko ariryo ahanini rikunda gukoreshwa mu kuvura, nubwo andi moko atandukanye nk’umweru,umutuku,umukara n’iroza nayo ajya akoreshwa mu kwita ku ruhu, n’ahandi. Ubundi ibumba ni ubutare bucukurwa mu butaka. Rishobora gucukurwa ahantu henshi hatandukanye ho mu (...)
-
Impamvu ishobora gutera ubugumba ku bagore
Abagore bagira ikibazo cyo kutabyara hari impamvu ziba zarabibateye kandi izo mpamvu iyo zimenyekanye biba byakorehera abaganga kukuvura ukaba wabyara nubwo bidakunda kwemera kuri buri wese. Jean Paul uzobereye mu buvuzi bw’ubuzima bw’imyororekere aratubwira impamvu zitera ubugumba ku bagore. Impamvu zituruka ku misembura ishinzwe ibijyanye no kwibaruka : Kuba udusabo tw’intanga ngore (ovaries) turwaye utubyimba buzi (cysts) babyita mu cyongereza polucystic ovarian syndrome ; iyi ikaba ariyo (...)
-
Uko waha itoto uruhu rwawe igihe ugaragara nk’uwashaje imburagihe
Abantu benshi usanga bashakira uruhu rw’itoto mu mavuta, ariko burya ushobora kugira uruhu ruhorana itoto ukoresheje umuneke usanzwe, ukabigeraho udahenzwe kandi nta ngaruka biba bizagira ku ruhu rwawe nk’iz’amavuta. Ku bifuza uruhu rukeye kandi rufite itoto cyane cyane ko hari abantu usanga basa nk’abashaje mu maso kandi mu myaka bakiri bato, dore uko babigeraho bakoresheje umuneke, indimu n’ubuki : Kuvanga ibi bikoresho uko ari bitatu bifasha uruhu ku buryo butatu kuko umuneke ufasha mu (...)
-
Ibintu 7 utari uzi ku ndwara y’igituntu
Hari ibintu byinshi bitandukanye kandi by’ingezi umuntu aba agomba kumenya ku ndwara y’igituntu, ariko ugasanga abantu batabizi kandi ari ingenzi ko babimenya. Dr. Migambi Patrick ushinzwe kurwanya ikwirakwira ry’indwara y’igituntu mu kigo gishinzwe ubuzima( RBC) , mu kiganiro yagiranye na agasaro.com, aratubwira ibyo bintu by’ingenzi abantu bamwe batazi ku gituntu. Igituntu giterwa n’agakoko bita basille de Koch gusa. Ako gakoko niko dushobora gukura mu myuka w’aho umuntu urwaye igituntu (...)
-
Tumenye ubwoko bw’ibiribwa bitajya bikonjeshwa
Hari amoko y’ibiribwa usanga atari ngombwa ko bishyirwa ahagenewe gukonjesha kuko bibyangiza, kenshi ikintu cyose baragikonjesha bibwira ko ari bwo buryo bwo kukirinda kwangirika kandi ahubwo hariho ibyononwa n’ubukonje bwinshi. Tugiye kurebera hamwe amoko agera muri atanu y’ibiribwa bitemerewe gukonjeshwa cyane cyane imboga n’imbuto : Imineke Gushyira umuneke mu bukonje bukabije si byiza na gato kuko byangiza intungamubiri zawo. Ubukonje bugabanya isukari igize umuneke ndetsa n’uburyohe (...)
-
Impamvu abagore batwite bagomba kwirinda kujya muri casque
Abagore batwite si byiza ko bajya mu ngofero zumisha imisatsi zizwi ku izina rya casque. Mu kiganiro gito twagiranye na muganga Anselme yatubwiye impamvu abagore batwite bari bakwiye kwirinda kujya bajya mu byuma byumisha imisatsi. Dr. Anselme avuga ko ubushyuhe bwinshi buba mu ngofero zumisha umusatsi bugira ingaruka ku mubyeyi no ku mwana kuko umubyeyi ashobora kugira ikibazo cyo kugira isereri kandi n’umwana akaba yamererwa nabi bikaba byanatera inda kuvamo. Dr Anselme avuga kandi ko (...)
-
Ibintu bifasha abantu barengeje imyaka 50 gukunda siporo
Abagabo n’abagore bari hejuru y’imyaka 50 hari imyitozo ngororamubiri baba bagomba gukora kugira ngo ubuzima bwabo bukomeze kugenda neza kugeza bageze mu za bukuru. Tugiye kubagezaho ibintu byatuma bakunda gukora imyitozo kuko usanga abenshi batangira gucika intege kandi aribwo siporo iba ikenewe cyane. Itoze gukora siporo ukiri muto : hari abantu usanga badakora siporo bakiri bato, bagera mu za bukuru kwa muganga bakabategeka gukora siporo kubera ubuzima bwabo buri mu kaga, ugasanga bagowe (...)
-
Amakosa wirinda gukora igihe ukaraba mu maso
Hari amakosa amwe n’amwe usanga abantu bakunda gukora iyo bakaraba mu maso kandi bakibwira ko baba bigirira neza batazi ko bangiza uruhu rwabo. Lea wize ibijyanye no gutunganya uruhu rwo mu maso ( soin de visage) aratubwira amakosa wirinda gukora igihe ukaraba mu maso : Irinde gukwirakwiza ibirungo wisize mu maso : igihe ugiye gukaraba mu maso kandi wisize ibirungo ku munwa no ku maso ni byiza ko ubanza kubikuraho ukwabyo kuko hari ubwo bikwirakwira mu maso bikaba byakwangiriza uruhu (...)
-
Impamvu itera kubabara mu kiziba cy’inda
Kubabara mu kiziba cy’inda( bas ventre) biterwa n’impamvu nyinshi zitandukanye. Ni byiza kwihutira kujya kwa muganga aho kumva ko wafata imiti ya magendu kuko bishobora kukugiraho ingaruka mbi kandi zikomeye. Dore bimwe mu bitera kubabara mu cyiziba cy’inda : Urubuga rwandika ku buzima rwitwa e- santé.fr ruvuga ko ubwo bubabare bukunze kwibasira abagore kurusha abagabo kuko bushobora kuza umugore ari mu mihango cyangwa se yaratinze kuyijyamo. Kuri uru rubuga kandi bavuga hari abagira (...)
-
Uko wakoresha amavuta ashyushye mu gutunganya imisatsi
Amavuta ashyushye atuma imisatsi igarura ubuzima, akaba meza ku bantu bafite imisatsi idefrije ariko ugasanga isa naho yumye idafata amavuta kandi igakunda gucikagurika. Ku bafite ikibazo cy’imisatsi imeze ityo dore uko wakoresha amavuta yo guteka ashyushye umusatsi wawe ukamera neza : Uko bikorwa : Tunganya umusatsi wawe neza umesemo wumuke. Umusatsi umaze kumuka neza ufata amavuta ya elayo ukayashyira ku ipanu agashyuha buhoro ku buryo ubasha gukozamo intoki ntushye. Fata ayo mavuta (...)
-
Ibiribwa urya ugahita woza amenyo kuko biyahindura umuhondo
Ubusanzwe koza amenyo nyuma yo kurya birinda indwara nyinshi z’amenyo n’izo mu kanwa. By’umwihariko hari ibiribwa n’ibinyobwa uba ugomba kurya ugahita woza amenyo mu rwego rwo kwirinda ko amenyo yahinduka umuhondo. Dore bimwe muri ibyo biribwa : Icyayi cy’umukara : icyayo cy’umukara ( black tea) kigira uruhare runini mu gutuma amenyo ahindura ibara akaba umuhondo. Igihe umaze kunywa icyayi cy’umukara byaba byiza uhise woza amenyo kugirango produits ziri mu cyayi zihindura amenyo zihite zivaho. (...)
-
Akamaro ko gusimbuka umugozi
Gusimbuka umugozi ni umwe mu mikino ngororamubiri y’ingenzi mu buzima bw’umuntu. Muri rusange, uzasanga benshi bitabira gukora indi mikino ngorora mubiri ariko ntibite ku gusimbuka umugozi. Ahanini, biterwa n’uko benshi batari bamenya akamaro k’uyu mukino. Dore bimwe mu by’ingenzi gusimbuka umugozi byagufasha. Umugozi ufasha ibice byose by’umubiri kurambuka. Iyo umuntu asimbuka umugozi, ibice byose by’umubiri birakora kandi bigakoresha ingufu. Ibi bituma ibice byari byarahinamiranye bibasha (...)
-
Uko warwanya kwirabura kudasanzwe mu gihe utwite
Abagore benshi mu gihe batwite barahinduka hakaba kwirabura kudasanzwe ahantu hatandukanye nko mu gahanga ku mazuru ku kananwa, mu gatuza, ku nda no mu ijosi akaba aribyo byitwa masque de grossesse. Bikaba akenshi biterwa n’ihinduka ry’imisemburo riba mu mubiri w’umugore utwite hamwe no kujya ku zuba ryinshi. Dore bimwe mu byagufasha kubyirinda cyangwa kubigabanya : Irinde kumara ku zuba umwanya munini : Ntukajye ku zuba ryinshi riza akenshi mu masaha ari hagati ya saa tanu z’amanywa na (...)
-
Bimwe mu bitera umugore kutabyara
Ibibazo by’uburumbuke ni yo mpamvu akenshi itera umugore kuba ingumba, ariko na none ibyo bibazo bishobora gukemuka iyo bikurikiranywe n’abaganga. Abagore benshi cyane bafite ikibazo cy’ubugumba, niba warahuye n’izo ngorane zo kuba utabasha gusama inda (waba utarigeze ubyara cyangwa warabyaye ariko urubyaro rukihagarika) menya ko utari wenyine ufite icyo kibazo. Inkuru nziza rero ni uko abagore benshi bahura n’ibyo bibazo by’ubugumba birangira babonye urubyaro. Niba ufite icyo kibazo cyo kuba (...)
-
Uko wakoresha umwuka w’amazi ashyushye mu gusukura mu maso
Umwuka w’amazi ashyushye ufasha mu gusukura uruhu kuko utuma utwenge two ku ruhu dufunguka imyanda yose yo mu ruhu igasohoka. Kugirango bibe byiza kurushaho akenshi bavangamo ibibabi by’ibimera bizwiho kuba bifite imbaraga zo gusukura uruhu. Dore uko wakoresha umwuka w’amazi mu gusukura mu maso : Ku bantu bafite uruhu rwumutse, ni byiza ko babanza kwisiga amavuta ya crème mbere yo gukoresha umwuka w’amazi. Mu gutegura uwo mwuka ukoresha amazi meza wabijije, ubundi ukavangamo ibyatsi byumye (...)
-
Amagambo ugomba kwirinda kubwira umuntu uri mu gahinda ko kubura abe
Umuntu wabuze abe hari amagambo wirinda kumubwira. Hari amagambo abantu babwira ababuze ababo aho kubahumuriza bakabakomeretsa. Reka tuyibukiranye muri iki gihe twibuka abacu bazize Jenoside yakorewe abatutsi. Kumubwira umeze nkumuha inshingano azakora mu mwanya w’uwapfuye : Kenshi usanga tubwira abantu babuze ababo amagambo nkaya : “ugomba gukomera ukita kuri barumuna bawe mwasigaranye, ukabarera neza",…abandi bati : “ komera uzarere neza abana nyakwigendera agusigiye”, “uzabe intwari nka (...)
-
Uburyo bwagufasha kwibuka uwawe witabye Imana
Mu buzima, iyo umuntu yitabye Imana bibabaza cyane abo asize. Kugira ngo babashe kwakira ibiba byabaye bagenda bakora ibintu bitandukanye bibafasha kumva ko bakiri kumwe ndetse no kwibuka ibikorwa bye. Muri iyi minsi yo Kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi, dore bimwe mu byagufasha kwibuka abawe bitabye Imana : Gusura aho bashyinguye : iki ni igikorwa cyiza cyane kuko kigufasha kumva ko uri kumwe n’abawe bitabye Imana maze ukaruhuka ku mutima. Gutunganya aho bashyinguye : ni igikorwa cyo (...)
-
Umuti uvura isesemi abagore batwite
Hari umuti wa karemano kandi woroshye uvura iseseme abagore batwite dore ko abenshi bibasirwa n’iseseme cyane mu gihembwe cya mbere aho usanga mu gitondo umugore utwite abyukana iseseme idasanzwe. Dore uko wakoresha tangawizi ugakira iseseme igihe utwite nkuko Anastasie uzobereye mu by’imirire abitubwira : Fata akajumba kamwe ka tangawizi ukarape ugashyire muri ml 500 z’amazi yabize Ongeramo ikiyiko cy’ubuki Ongeramo umutobe w’indimu Urwo ruvange urarufata ukajya unywaho iminota 30 mbere yo (...)
-
Uko wakwisiga ibirungo ukirirwa usa neza umunsi wose
Kwisiga ibirungo byo mu maso bikagutindaho ntibikundira benshi. Usanga abenshi bahitamo kugendana ibindi birungo bari buze kwiyongeraho kuko ibyo bisize mu gitondo biba byabavuyeho. Dore uburyo bwagufasha kwiriranwa Ibirungo (maquillage) wisize mu gitondo ugakomeza ugasa neza nkuko wari umeze ukimara kwisiga : Umutesi Joyeuse wize ibyo kwita ku ruhu akaba ari nabyo akora avuga ko mbere yo kwisiga poudre n’izindi maquillages ubanza kwisiga amavuta nkuko bisanzwe ubundi ugasatura indimu mo (...)
-
Uko wakwivura inzara zikura zireba hasi n’izinjira mu mubiri
Kugira inzara zikura zireba hasi no kugira inzara zinjira mu mubiri ni indwara ishobora kuvurwa igakira kandi udahenzwe dore ko umuti wayo wawikorera uri mu rugo bisanzwe. Ku bantu bakunda gutereka inzara cyangwa se n’abandi bose babangamirwa no kuba inzara zabo zikura zireba hasi abandi bakababara cyane igihe inzara zabo zinjiye mu mubiri, dore uburyo bwabafasha zikajya zikura zimeza neza : Ufata amazi y’akazuyazi ugashyiramo umunyu akayiko 1 ukavanga n’isabune irwanya amabacteries ( savon (...)
0 | ... | 180 | 200 | 220 | 240 | 260 | 280 | 300 | 320 | 340 | 360