-
Uko wakwivura amabara watewe no kwitukuza
Kwisiga amavuta n’imiti bihindura uruhu bigira ingaruka nyinshi zirimo no kuzana amabara mu maso ugasanga ntihasa hose. Mu gihe rero wifuza gukira ayo mabaara nyuma yo kureka kwitukuza dore uburyo bwagufasha Kwisiga amavuta ya beurre : Amavuta ya beurre cyangwa se butter ni amavuta ushobora kwisiga ku ruhu igihe ufite amabara yo mu maso watewe no kwitukuza uruhu rwawe rukongera gusuburana kandi rugasa neza. Ukuraba mu maso nkuko bisanzwe ukisiga aya mavuta ariko igihe utabasha kuyihanganir (...)
-
Ikosa utari uzi abantu benshi bakora mu kurya imbuto
Kuri ubu abantu bose bamaze gusobanukirwa umumaro w’imbuto ku buryo abantu basigaye bazirya cyane kurusha uko byahoze. Nyamara na none usanga hakiri ikosa abantu benshi bahuriyeho ku buryo n’igihe izo mbuto zigomba kuribwa ndetse bamwe bakabikora baziko ari ubusirimu. Ikosa rikomeye abantu bakora ni ukurya imbuto nyuma yo kurya ako kanya kandi ugasanga byarabaye umuco mu bantu kuko bazifata nka dessert kandi zakagombye kuribwa harimo intera igera byibura isaha imwe mbere yo kurya naho nyuma (...)
-
Mask y’avoka igarura itoto mu maso
Hari abantu usanga bafite uruhu rukomeye mu maso rwumye ukabona uruhu rwabo rushaje kurusha imyaka bafite. Mu gihe rero ufite icyo kibazo, avoka ni umuti mwiza kandi woroshye kubana wakemura ibyo bibazo byose. Dore uburyo bune wakoramo mask y’avoka ukugarura itoto mu maso : Mask y’uruhu rwumye Vanga igice cya avoka nziza ihiye n’igice cya karoti itogosheje, ongeramo ibiyiko 2 bya crème fraiche n’ibiyiko 3 by’ubuki uvange Bisige mu maso no ku ijosi ushatse wageze no mu gatuza no mugongo ahantu (...)
-
Impinduka ziza ku myanya ndangagitsina nyuma yo kubyara
Abantu bamwe bibaza niba imyanya ndangagitsina y’umugore ikomeza kuba nkuko yari imeze nyuma yo kubyara. Impinduka zishobora kubaho nizo Sylvain Mimoun,umuganga w’abagore agarukaho akanatanga uburyo umugore yakongera gusubirana neza igihe imyanya ye ndangagitsina itakimeze nka mbere. Dr. Sylvain agira ati : “Birashoboka ko imyanya ndagagitsina y’umugore ishobora kuba minini nyuma yo kubyara ariko ntibikunze kubaho ku mugore ubyaye bwa mbere keretse iyo wabyaye umwana munini cyane” Uyu muganga (...)
-
Uburyo bwiza bwo kwisiga ibirungo ufite mu maso hanini
Abagore bamwe bafite mu maso hanini n’amatama manini batinya kwisiga ibirungo by’ubwiz amu maso kuko baba batinya ko babikora nabi ntibijyane nuko bateye abandi nabo ugasanga batinyuka kwisiga ariko ntibaberwe kuko baba batazi ibijyanye n’imiterere yabo. Mu gihe rero ufite mu maso hanini dore uko uburyo bwiza wakisiga ibirungo bikakubera. Intego ya mbere ku mugore ufite mu maso hanini igihe ari kwisiga ibirungo agomba kumeny akwirinda ibintu bituma arushaho kuba munini mu maso. Kugirango ibyo (...)
-
Dore ibintu umubyeyi utwite agomba kwirinda
Umugore utwite,hari ibintu byinshi aba agomba kwirinda kuko bishobora kubangamira ubuzima bwe n’ubw’umwana atwite,akaba ariyo mpamvu hari ibyo yirinda nubwo yaba yari asanzwe abikora. Umubyeyi utwite abujijwe kunywa inzoga cyane cyane u gihembwe cya mbere n’icya kabirikuko inzoga zibangamira imikurire y’umwana uri mu nda. Iyo umugore atwite kandi ntagomba gukora imirimo y’ingufu cyangwa imyitoo ngorangingo ivunanye imusaba imbaraga kuko bibangamira gutera k’umutima cyangwa akaba yabura umwuka (...)
-
Ibintu 5 ugomba gukorera uruhu rwawe urusukura
Hari ibintu by’ingenzi ugomba kuzirikana gukorera uruhu rwawe rwo mu maso kugira ngo ururinde gusa nabi cyangwa kwangirika no kwibasirwa n’indwara z’uruhu zitandukanye ziterwa no kutita ku ruhu uko bikwiye. 1.Jya wibuka ko ugomba gukaraba mu maso neza,mbere yo kuryama ugakuraho ibirungo uba wisize ku manywa. 2.Gukora sauna yo mu maso y’amazi ashyushye yonyine nta kindi kirimo nibura inshuro ebyiri mu cyumweru bituma uruhu rufunguka imyanda yose ishobora gutuma ugira uruhu rubi ikavamo. (...)
-
Icyo wakora waritukuje ukaba ushaka kugarura uruhu rwawe
Hari ubwo umuntu yitukuza akoresheje amavuta n’amasabuni akesha uruhu ariko nyuma akaza kumva abihaze agashaka kubireka bitewe n’impamvu zitandukanye akabura uko abigenza ,ariko hari uburyo bworoshye byo kongera kugarura uruhu rwawe rugasubira uko rwari rumeze. Kureka amavuta yose n’amasabuni wakoresha witukuza ,ukabivaho burundu nibwo buryo bwa mbere bugufasha kugarura uruhu rwawe. Kureka kwisiga amavuta ayariyo yose mu maso,ubundi wajya kuryama ugasigamo igikotori,naho ku manywa (...)
-
Indwara zikunze kwibasira umubyeyi nyuma yo kubyara
Iyo umubyeyi amaze kubyara nyuma y’amezi 9,aba amaze atwite,hari impinduka nyinshi cyangwa uburwayi bushobora kumugeraho nyuma gato yo kubyara mu byumweru bya mbere cyangwa mu mezi ya mbere akibyara bitewe n’impamvu zitandukanye ari nazo tugiye kurebera hamwe n’uburyo ushobora guhangana na zimwe muri izo ndwara. 1.Kurwara infections mu myanya myibarukiro bitewe no kuba umubyeyi yarakomeretse abyaramaze ibikomere bye bikaba nta suku ihagije bikorerwa kubera umwanda umuturukamo yaba yihagarika (...)
-
Ibirungo by’ubwiza bibera abantu birabura b’uruhu rwumutse
Hari ibirungo by’ubwiza bitandukanye ariko kandi binajyana n’ibara ry’uruhu rw’umuntu yaba yirabura cyangwa ari inzobe cyangwa se imibiri yombi,ariko uyu munsi twahisemo kuvuga ku birungo bijyana n’uruhu rwirabura cyane kandi rwumutse. Ni iyihe fond de teint y’abantu birabura ? Umuntu ufite uruhu rwirabura cyane yisiga fond de teint itukura ariko nanone ijya kwijima buhoro cyangwa se akisiga ipuderi y’umweru isanzwe,kuburyo ayisiga ukabona ntacyo yahindutseho cyane. Ni iyihe mascara ibera (...)
-
Ubucukumbuzi ku bwandu bw’umuyoboro w’inkari (Urinary Tract Infections).
Mu bucukumbuzi bwakozwe n’itsinda ry’inzobere mu bijyanye n’imikoreshereze y’imiti ryagaragaje ko Ubwandu bw’umuyoboro w’inkari (mu cyongereza Urinary Tract Infection-UTI), ari indwara imaze kuba gikwira kandi yibasira abagore kuruta abagabo,bamwe ntibayivuze cyangwa bakagira isoni zo kuyisuzumisha abandi bakayitiranya n’izindi ndwra zibasira imyanya myibarukiro y’umugore. Iri tsinda ryatangaje ko impamvu nyamukuru ituma iyi ndwara yibasira abagore cyane kurenza abagabo nuko umuyoboro wabo (...)
-
Masike ya kokombure ku ruhu rwo mu maso
Ubasanzwe kokombure zikunze gukorwamo salade ariko kandi zinakoreshwa mu kwita ku ruhu rwo mu maso cyane cyane urufite ibiheri,uruhu rwumagaye cyane ndetse n’urufite inkovu z’umukara zatewe n’ibishishi. 1. Kokombure ubwayo iyo uyikasemo uduce tubiri ukayirambika ku maso,agasate kamwe ku jisho rimwe iminota 30,ubasha gukira iminkanyari yo ku maso,ndetse n’amabara y’umukara akunda kuza ku muzenguruko w’amaso akavaho. 2. Ku muntu ugira uruhu rwumagaye afata kokombure ukayihonda yamara kunoga (...)
-
Ibibi byo kunywa inzoga ku muntu urengeje imyaka 40
Hari ingaruka nyinshi zigera ku muntu wese unywa inzoga yaba umugore cyangwa umugabo ari mu kigero cy’imyaka 40 y’amavuko kuzamura,akenshi zigahitana n’ubuzima bwabo,bigatuma bataramba kuko igihe bakagombye kumara bakiriho kikagabanuka,binyuze cyane cyane mu burwayi buturuka ku nzoga. Nkuko ubushakashatsi bubigaragaza ngo umuntu uri mu myaka kuva kuri 20 kugeza kuri 39,ubuzima bwe ntaho buba buhuriye n’ubw’ufite imyaka 40 ndetse ku bantu bamwa inzoga bo ntabwo zibagiraho ingaruka kimwe kuko (...)
-
Uburyo umunyu wa gikukuru wagufasha kwita ku ruhu
Umunyu wa gikukuru ukoreshwa ibintu byinshi birimo no kuvura uruhu indwara zitandukanye ndetse no kurukesha cyane cyane rwa ruhu usanga rufite amabara y’umukara y’inkovu z’ibiheri ziba zaranze kuvaho,kandi ikanakiza ibishishi. 1. Iyo ufite ibiheri mu maso ushobora kwisiga gikukuri,ukayinika mu mazi igashonga maze ukisiga ayo mazi yayo mu maso.Ushobora kuyisiga buri joro uko ugiye kurayama. 2. Umunyu w’igikukuru kandi ukiza inkovu z’ibishishi z’umukara ukajya wisiga amazi yayo buri munsi uko (...)
-
Ingaruka zo gukoresha imiti yongera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
Nubwo bimenyerewe ko abantu b’igitsinagabo aribo abakunda gukoresha imiti ibongerera ubushake bwo gutera akabariro ariko hari n’abantu b’igitsinagore usanga bakoresha iyo miti,nyamara bakirengagiza ko hari ingaruka nyinshi ziterwa n’iyo miti ari nazo tugiye kugarukaho nkuko bisobanurwa na Bwana pharmacist Biramahire Francois,inzobere mu bijyanye n’imikoreshereze y’imiti. Bpharm Francois avuga ko ingaruka zo gukoresha iyi miti ari zimwe ku bantu bose bayikoresha waba umugabo cyangwa umugore. (...)
-
Amakosa yo kwisiga ibirungo yatuma usajisha uruhu rwawe
Abantu bakunda kwisiga ibirungo by’ubwiza,hari igihe bakabya ugasanga biyangiriza uruhu rwabo batabizi kubera uburyo babikoresha bunyuranije n’amategeko bityo uruhu rukahangirikira rugasaza rukazana iminkanyari cyangwa rukarwara indwara zitandukanye zikaruhindura rubi. Guhinduranya ibirungo by’ubwiza;guhinduranya amoko y’ibirungo by’ubwiza byaba ibyo bisiga ku maso cyangwa amapuderi cyangwa fond de teint byangiza uruhu rugasaza vuba. Kwisiga ibirungo byinshi; hari uburyo umuntu yishyiraho (...)
-
Uko wakora mask ya karoti ugakuraho inkovu zo mu maso
Karoti ni zimwe mu mboga zigira umumaro ku buzima bw’umuntu cyane cyane ku ruhu kukpo ikungahaye kuri Vitamini A ndetse na carotene,byose bifasha uruhu gusa neza,ndetse iakaba ari n’umuti uvura inkovu z’ibiheri waba wararwaye,bikagusigira inkovu. Uko bikorwa Ufata karoti ibyibushye ukayoza neza. Yikatemo uduce duto Yinyuza muri mixeur uyisye neza izemo amazi menshi Zikure muri ya mixeur uzivange n’ifarini nkeya Kora uruvange rworoshye nk’igikoma Byisige mu maso wibanda cyane ahari inkovu (...)
-
Ibintu 8 ushobora kuba utari uzi bitera kanseri y’ibere
Kanseri y’ibere ikunda kwibasira abagore cane nubwo hari n’abagabo bayitwara ariko usanga bitari ku rwego rumwe kubera impamvu zitandukanye zihariye zituma abagore aribo bibasirwa cyane n’iyi ndwara rimwe na rimwe ugasanga nabo ubwabo hari iby bagiramo uruhare ari nabyo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru. 1.Kwambara amasutiye ahambira amabere cyane ni kimwe mu byongera ibyago byo kurwara kanseri y’ibere kuko iyo umuntu yihambiracyane bishobora kumutera utubyimba tw’imbere mu ibere ari natwo (...)
-
Uko wakora masike y’uruhu ruyaga ukoresheje umweru w’igi
Hari ubwo usanga umuntu afite uruhu rwiza ariko ruyaga cyane kuburyo yisiga ipuderi ntumenye ko yayisize rimwe na rimwe ukabona bigaragara nabi kuko burya uruhu rwiza ruba rworoshye rudakanyaraye ariko nanone rudafite ibinure byinshi. Dore uko wakoresha umweru w’igi ukagira uruhu rwumutse 1. Ukaraba mu maso n’amazi n’isabuni neza. 2. Fata umweru w’igi rimwe 3. Ikiyiko kimwe cy’ipuderi y’umweru( Johnson cyangwa Talc iyo ariyo yose y’umweru) 4. Bivange cyane ukoremo uruvange rufashe 5. Bisige mu (...)
-
Akamaro ko kurya ibijumba ku buzima bw’umuntu
Abantu benshi usanga basuzugura ibijumba ndetse ukaba utanabibaha ngo babirye cyangwa yanabirya agashaka ko biba bifite ubundi buhanga bitekanye kuburyo bitaba ari umwimerere,nyamara burya ibijumba ni ibiribwa umubiri w’umuntu uba ukeneye cyane kandi bigira umumaro iyo bitetse bitogosheje. Ibijumba bikungahaye kuri vitamini yitwa B6 ,ikaba ikenewe mu mubiri cyane kuko igira uruhare mu kurinda umuntu indwara zibasira umutima Ibijumba kandi ni inkomoko ya vitamini C,yo ikaba ifite imimaro (...)
0 | ... | 60 | 80 | 100 | 120 | 140 | 160 | 180 | 200 | 220 | ... | 360