-
Uburyo karemano bwagufasha guhorana iminwa ihehereye
Muri ibi bihe byo ku mpeshyi usanga iminwa y’abantu ikunda kuma ndetse abandi ikanashishuka, nyamara hari uburyo karemano bworoshye kandi budahenze bwatuma uhorana iminwa ihehereye uririwe uyisiga ibirungo by’amavuta. Ibisate bya cocombre ikiri nshya : ufata igisate cya cocombre iki nshya ukakirambika ku munywa ukareba hejuru uraramye ku buriri cocombre yamaraho iminota itanu ukayikuraho. Imyembe iseye : fata imyembe iseye imwe iba ifashe cyane usage ku munwa iyimarane iminota mike (...)
-
Ibibazo wakwibonaho mu gihe cy’imihango ukihutira kwivuza
Birashoboka ko wagira impinduka zidasanzwe mu mubiri wawe mu gihe cy’imihango ukaba wabikinisha cyangwa ntubihe agaciro, kandi hari igihe biba byatewe n’uburwayi runaka wowe utahita upfa kumenya,nyamara biba byiza iyo wibonyeho impinduka nkizi ko wihutira kujya kwisuzumisha kwa muganga Kubura imihango ; hari ubwo umuntu agira gutya akabura imihango igihe kinini,ugasanga yirengeje amezi 2 atabona imihango.Icyo gihe iyo wibonyeho iki kibazo uba ugomba kujya kwisuzumisha,muganga akakurebera (...)
-
Dore uburyo bwo kwisiga ibirungo ku muntu wambara lunette
Hari uburyo umuntu wambara amataratara aba agomba kwishyiraho ibirungo by’ubwiza’’maquillage’’, bitandukanye n’uko abandi batayambaye babigenza kugira ngo agaragare neza,kandi nta birungo byinshi yishyizeho nkuko bamwe bajya babigenza,kuko ubusanzwe uwambaye amataratara ntiyishyiraho ibirungo bikabije. Gusokoza ingohe z’ibitsike neza, zikaba ziconze neza kandi ukaba wisize ipuderi isanzwe kandi idakabije kuba nyinshi,nta birungo wishyize ku maso cyangwa ku munwa,uretse wenda amavuta yagenewe (...)
-
Uko warwanya isesemi igihe utwite
Abagore 7 ku bagore 10 byagaragaye ko bahura n’ibibazo byo kugira isesemi no kuruka cyane cyane bigakunda kubabaho mu gitondo mu gihe batwite inda iri hagati y’ibyumeru bitatu n’ibyumweru 16. Nubwo rero nta muti uvura isesemi no kuruka ngo bikire burundu, hari ibyo wakora bikagabanuka : • Kurya akantu gato nk’akabiswi ukiri mu buriri mbere yo kubuks mu gitondo • Kugira icyo ufata byibura buri masaha atatu ariko na none ukirinda ko igifu cyawe cyuzura cyane ariko na none ukirinda ko kibamo (...)
-
Dore Uburyo bworoheje ,wakoresha ukivura imvuvu burundu
Imvuvu ni umwera uza mu musatsi w’umuntu ariko akenshi utera n’umwanda utuma umubiri uvuvuka,hakaba hari uburyo kamere umuntu yakoresha akirinda kurwara imvuze ndetse yaba asanzwe anazirwara zikaba zakira burundu. Koga mu mutwe kenshi ;iyo umuntu akunda koga mu musatsi we inshuro nyinshi kandi akamaramo umwanda wose,ukoresheje amasabuni yabugenewe,ntabwo agira ikibazo cy’imvuvu,niyo mpamvu umuntu aba agomba kogamo igihe cyose yumva hatangiye kumurya,kuko icyo gihe haba hajemo umwanda akenshi (...)
-
Uko umuntu wicara cyane yakirinda kurwara umugongo
Byagaragaye ko abantu bicara umwanya munini cyane cyane ku bakora akazi kabasaba kwicara amasaha menshi kandi buri munsi bagira ibyago byo kurwara umugongo, ni muri urwo rwego tugiye kubagezaho uburyo umuntu wicara cyane aba agomba kwitwaramo mu rwego rwo kwirinda guhura n’ibibazo by’umugongo. Dore inama Eric Ntwari, inzobere mu kuvura hakoreshejwe ubugororangingo( physiotherapist) atanga ku bantu bicara cyane mu biro : Kwicara ku ntebe ijyanye n’ameza : Mu gihe uziko ukora akazi kagusaba (...)
-
Uko wakoresha umuneke ukagira uruhu rwiza
Gukoresha umuneke muri ubu buryo tugiye kubagezaho ni kimwe mu bifasha uruhu rw’umuntu gukira ibishihi byo mu maso,gukuraho amabara,kurwanya umwera ndetse no gufasha uruhu kugira itoto. • Ku muntu urwaye ibishishi mu maso, iyo akoresheje imvange y’umuneke umwe,igice cy’igikombe cy’amata n’igi rimwe ibi byose ukabyoga mu maso buri gitondo uko ubyutse bikiza burundu ibiheri byo mu maso. • Gukoresha umuneke umwe uponze n’ubuki,ikiyiko kimwe ukabisiga mu maso bikamara iminota 20,hanyuma ukabyoga (...)
-
Uburyo kamere bufasha kugira imihango idahindagurika
Bijya bibaho ko umugore cyangwa umukobwa atagira igihe runaka cyo kujya mu mihango,ugasanga ashobora kuyijyamo kabiri mu kwezi cyangwa akirenza ukwezi ntayo abonye,abandi ugasanga batamenya igihe cyo kuyijyamo ariko hari uko warwanya iryo hindagurika rya hato na hato. Igikakarubamba kivanze n’ubuki ; uruvange rw’ibi bifasha cyane umuntu ufite ikibazo cy’ihindagurika ry’ukwezi kw’imihango.Ukora imvange y’amazi y’igikakarubamba n’ubuki,maze ukajya unywa ikiyiko kimwe buri gitondo ukibyuka. (...)
-
Menya uburyo ushobora kurinda amaso yawe gutukura
Hari uburyo umuntu ashobora kurinda amaso ye ikintu icyo aricyo cyose cyatuma ahindura ibara ,ugasanga yari umweru none asigaye atukura kubera kutamenya kuyitaho,ariko ubu ni bumwe mu buryo warinda amaso yawe ibishobora gutuma atukura. 1. Kurinda amaso yawe gutokorwa ; kugira ngo amaso yawe atagira ikibazo cyo kutukura cyangwa kurwara indwara ziyibasira,ni byiza ko umuntu yirinda cyane,igihe ari ahantu hashobora kumutokoza, kuko hari ubwo umuntu atokorwa bikaba byamuviramo guhora atukuye (...)
-
Sobanukirwa ibibyimba bifata kuri nyababyeyi
Ibibyimba byitwa” myoma” cyangwa se “uterine fibroid” ni ibibyimba bifata kuri nyababyeyi bigakurira mu mikaya yayo. Ahanini ibi bibyimba biba bitandukanye mu bunini bimwe ari bito ibindi ari binini. Nubwo hari myoma zitagaragaza ibimenyetso myoma zagaragaje ibimenyetso hafi 25% yazo ziba zigomba kubagwa. Dore ibimenyetso byerekana ko ufite ibyo bibyimba • Kubabara mu kiziba cy’inda • Imihango myinshi kandi imara igihe kirekire • Kubyimba inda ukajya wumva umeze nkaho utwite cyangwa se ukibwira (...)
-
Dore ibyagufasha kugabanya umubyibuho w’inda
Hari ubwo usanga umuntu afite ikibazo cy’umubyibuho w’inda ugasanga ahora ameze nk’utwite kandi ari ibinure byinshi biba ku gice cy’inda ye,bigahora bimubangamiye ariko hano hari ibiribwa warya bikagugabanyiriza ibyo binure bituma inda igenda iba nini umunsi ku wundi. 1.Watermelon ; iki ni ikiribwa gikungahaye ku mazi kuko kigizwe na 82% by’amazi afasha igifu cy’umuntu gusha ibiryo neza.Umuntu ufite ikibazo cy’umubyiguho w’inda aba agomba kurya nibura igisate kimwe ku munsi cya watermelon. 2. (...)
-
Dore ibiribwa bifasha imyanya myibarukiro y’umugore kumererwa neza
Imyanya ndagagitsina y’umugore ni igice cy’umubiri kigomba kwitabwaho cyane mu buzima bwa buri munsi nkuko umugore cyangwa umukobwa ahora yita mu maso he akahabungabunga ni nako aba agomba kwita ku myanya myibarukiro ye,niyo mpamvu umugore cyangwa umukobwa aba agomba kurya aya mafunguro akurikira bigafasha iyo myanya ye kugubwa neza. Ibi ni ibiribwa bigera ku 8 bifasha imyanya myibarukiro y’umugore cyangwa umukobwa kumererwa neza bikayirinda no kugira impumuro mbi rimwe na rimwe ijya (...)
-
Menya uburyo karemano bwatuma uruhu rwawe ruhorana itoto
Hari ubwo umubona umuntu wamenya imyaka afite ugatangara kuko aba agararagara nk’ukiri muto kandi akuze.Hari uburyo buri wese yabigeraho akoresheje ibintu bifasha umubiri guhorana itoto haba ku ruhu inyuma no mu buzima bwe muri rusange. Nukurikiza ibi bintu by’ingenzi tugiye kukugezaho kandi bidasaba ubushobozi buhambaye nawe bizatuma ugira itoto kuko nta muntu wifuza gusaza imburagihe. 1. Kunywa amazi ahagije ; umuntu ukunda kunywa amazi inshuro nyinshi bimutera kugira ubuzima bwiza (...)
-
Ibimenyetso bya infection urinaire
Hari ibimenyetso ntasubirwaho byerekena ko ushobra kuba urwaye infection urinaire. Mu gihe ubonye bimwe muri ibi bimenyetso ni byiza ko wakwihutira kujya kwa muganga kuko infection urinaire ishobra kugukururira ibyago ku buzima bw’imyororokere n’izindi ndwara zikomeye. Dore bimwe mu bimenyetso bya infection urinaire : Kokerwa mu gitsina igihe wihagarika : hari gihe umuntu ajya kwihagarika akumva yokerwa nkaho hari ikindi kintu kidasanzwe cyamubabuye mu gitsina. Ahanini iyo ufite ibibazo bya (...)
-
Dore imimaro 8 yo kujya muri Sauna
Muri iyi minsi abantu b’ingeri zose basigaye bakunda kujya muri sauna kubera impamvu zitandukanye, bamwe bakajyayo nko gukora massage abandi bakajyayo nko kwinezeza batitaye ku mumaro bibafitiye, ariko hari ibyiza bakuramo nk’uko tubikesha urubuga www.ebay.com . 1. gufasha umubiri guhumeka umumaro wa mbere wo kujya muri sauna ni ugufasha umubiri guhumeka kuko ari uburyo bwo koza umubiri imyanda yose igasohoka inyuze mu twenge tuba ku ruhu rw’inyuma kuko iyo umuntu ari muri sauna abira ibyuya (...)
-
Uburyo bworoshye bwo gukura iminkanyari ku maso
Hari uburyo bworoshye kandi bwihuse bwo kwifashisha mu gukuraho iminkanyari iza impande y’amaso ku bantu usanga bayifite izengurutse ku maso ukabona bareba nk’abashaje kandi bakiri bato cyangwa bareba nk’abananiwe kubera iyo minkanyari ibahindura uko isura isanzwe imeze. Dore ibikoresho wakoresha ukagira mu maso heza hatazengurutswe n’iminkanyari ituma ugaragara nk’ushaje. Ibikenerwa : - ibiyiko 2 by’amavuta y’inka - ibiyiko 2 by’ubuki -ibiyiko 2 by’amavuta y’avoka - ibiyiko 3 by’amavuta (...)
-
Uburyo 5 bwo gukuraho amabara yo mu maso ukoresheje indimu
Hari uburyo bworoshye wakoramo umuti wo kukuvura amabara y’umukara yo mu maso n’ahandi ku mubiri ukoresheje indimu. Dore uburyo 5 butandukanye wakoresha indimu ugakira amabara y’umukara ku ruhu. Fata ipamba ushyireho umutobe w’indimu usigishe iryo pamba ahantu hari amabara y’umukara birekereho bimare igice cy’isaha ukarabe ukoresheje amazi y’akazuyazi. Bikore rimwe cyangwa se kabiri mu by’umweru 2 kugirango ubone ingaruka nziza umare amazi abiri. Ku muntu ufite uruhu rworoshye ushobora kubanza (...)
-
Uko wagira amenyo y’umweru ukoresheje amakara
Amakara ashobora kugufasha kugira amenyo y’umweru n’ubo iyo uyareba uba ubona yo asa umukara. Anastasie inzobere mu mirire aratubwira uburyo wakoresha ifu y’amakara n’indimu ukagira amenyo y’umweru. Mu nshuro woza amenyo ku munsi ufatamo inshuro imwe ugafata ifu y’amakara iyunguruye neza ugashyira ku buroso wogesha amenyo hejuru ukarenzaho umutobe w’indimu cyangwa se ukabanza ukabivangira mu gikoresho bikamera nk’ubugari ukabishyire ku buroso bwoza amenyo Oza mu menyo witonze uzamura hasi (...)
-
Ibinyobwa birushaho kuruhura umubiri nyuma yo gukorerwa massage
Nyuma yo gukorerwa massage hari ibiribwa uba ugomba kurya kugirango umubiri wawe urusheho kumererwa neza dore ko n’ubundi abantu baba bakoresha massage mu rwego rwo kugirango umubiri wabo urusheho kuruhuka neza. Murekatete Odette inzobere mu buganganga ngororamubiri avuga ko umuntu umaze gukorerwa massage aba agomba kujya ibiribwa bimufasha kurushaho kumererwa neza kugirango iyo massage yakorewe irusheho kugira umumaro. Kunywa amazi arimo ubuki n’indimu : Ufata amazi y’akazuyazi yuzuye (...)
-
Dore amoko y’ibinyobwa utagomba kunywa utwite
Umugore wese utwite hari ibinyobwa bitandukanye aba atemerewe kunywa kugira ngo bitamugiraho ingaruka we ubwe ndetse n’umwna atwite nubwo bamwe usanga bapfa kwinywera ibyo babonye ntacyo bitayeho,nyamara baba bakwiye kubanza kumenya niba nta kibazo byabateza kuko ubuzima bwabo buba bwarahindutse mu minsi yo gutwita Icyayi cy’icyatsi’’Green Tea’’ : ubusanzwe icyayi cy’icyatsi kibisi ni cyiza ku buzima bw’umuntu ariko kikaba kibujijwe kunywebwa n’umugore utwite kuko icyo cyayi kiba kirimo caffeine (...)
0 | ... | 160 | 180 | 200 | 220 | 240 | 260 | 280 | 300 | 320 | ... | 360