-
Umugabo wa Zoe Saldana yemeye gufata izina ry’umugore we
Umugabo w’umukinnyikazi wa Film witwa Zoe Saldana yemeye gufata izina ry’uyu mugore we. Ibi byatangaje abantu benshi dore ko ubusanzwe henshi ku isi abagore ari bo bafata amazina y’abagabo babo. Uyu mugabo witwa Marco Perego ku mazina ye hiyongereyemo izina rya Saldana. Iyi nkuru imaze gusakara mu bitangazamakuru bitandukanye dore ko ari ibintu byatunguye abantu benshi. ubwo babanaga muri 2013, nibwo Manuel Perego yasabye umugore we ko yafata izina rye. Gusa, umugore ntiyahise abyemera kuko (...)
-
Uko imikino irikugenda mu gikombe cy’isi cy’abagore muri CANADA
Nkuko twari twabibamenyesheje mu minsi yashize ko igikombe cy’isi mu bari n’abategarugori cyatangiye kuwa GATANDATU tariki ya 06/06/2015. Imikino ikaba ikomeje kugenda iba tukaba tubakurikiranira umunsi kumunsi uko iyo mikino igenda iba . Kuri ubu rero tukaba tugiye kubagezaho uko imikino imaze kugenda iba yagenze ndetse nuko amakipe yose hamwe muri rusange ari kwitwara nubwo harimo amwe mu makipe ahagarariye umugabane wa afrika atarabashije kwitwara neza nubwo imikino yo igikomeze aha (...)
-
Abagore 7 bashyizwe mu myanya y’ubuyobozi n’inama y’abaministri
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 08 Kamena 2015, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Usibye abagabo bahawe imyanya y’ubuyobozi, Inama y’Abaminisitiri yanashyize mu myanya abayobozi b’abagore ku buryo bukurikira : - Muri Komisiyo y’Igihugu yo Kuvugurura Amategeko/RWANDA LAW REFORM COMMISSION 1. Abakomiseri badahoraho/Non-Permanent Commissioners : Madamu KAYITESI Usta, Madamu YANKULIJE Odette, 2. Abayobozi (...)
-
Umwana w’imyaka 8 wajyanywe i Burayi atwawe mu gikapu yabonanye n’ababyeyi be
Umwana w’imyaka 8 witwa Abou ukomoka muri Cote d’Ivoire yasanzwe mu gikapu ubwo umugore w’imyaka 19 witwa Fatima yageragezaga kumwambukana amuvanye muri Afrika ngo amujyane muri Espagne, ubu uwo mwana akaba yamaze guhura na mama we nawe wari usanzwe atuye muri Espagne. Ubwo Fatima yarageze aho basakira imitwaro, yagize ubwoba bwinshi abasakaga bakeka ko ashobora kuba atwaye ibiyobyobwenge, niko gushyira ibikapu bye mu imashini ireba amashusho y’ibiba biri mu bikapu baza kubonamo ishusho (...)
-
Umukecuru w’imyaka 99 yasoje amashuri ye ya kaminuza
Mu gihe hari bamwe baba bumva batakigeze ku nzozi zabo kubera bageze mu kigero cy’imyaka runaka, ku mukecuru Doreetha we siko bimeze kuko ku myaka iri hafi ijana yasoje amashuri ye ya kaminuza mu rwego rwo gusohoza inzozi yari yaragize kuva akiri muto. Doreetha w’imyaka 99 yasoje amasomo ye muri kaminuza ya Canyons akaba yaratwe umwete n’abuzukuru be. Umuhungu w’uwo mukecuru yavuze ko mama we yahoraga afite inzozi zo kuziga kaminuza dore ko yari afite agahinda ko kuba yarabuze uruhushya rwe (...)
-
Dore ibintu by’ingenzi bikwiye kuranga umukobwa ukijijwe
Hari imwe mu myitwarire y’ingenzi ikwiye kuranga umukobwa w’umukirisitu niyo tugiye kurebera hamwe kuko hari ubwo ubona umukobwa runaka bakakubwira ko ari umukirisitu cyangwa umurokore nkuko bikunze kuvugwa, ariko wakwitegereza ugasanga ntaho atandukaniye n’abapagani Gukunda imana ; umukobwa ukijijwe aba agomba kugaragaza ko akunda imana kandi ayubaha muri byose,akayikorera mu buryo bugaragara,ajya mu nzu y’imana gusenga,yubahiriza gahunda z’itorero asengeramo uko ashobojwe, agaragaza ingeso (...)
-
Igikombe cy’isi cy’abagore kiratangira kuri uyu wa gatandatu
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 6 Kamena 2015 haratangira igikombe cy’isi cy’abagore. iki gikombe kikazabera mu gihugu cya Canada aho kizamara igihe kingana n’ukwezi. muri iki gikombe hakaba harimo amakipe 24 avuye ku migabane itandukanye. Kuri ubu, amakipe azaba ari 24 bitandukanye na mbere kuko yabaga ari 16 gusa. ayo makipe akaba agabanyije mu matsinda atandatu aho buri tsinda ririmo amakipe ane.Iki gikombe kizabera mu mijyi itandatu ingana n’amatsinda y’aya makipe. Iyi mijyi ni Ottawa, (...)
-
Umunyarwenya Kansiime azataramira abanyarwanda muri iyi week end
Umunyarwenya Anne kansiime azataramira abanyarwanda muri iyi week end. Uyu akaba ari umugore ukomoka mu gihigu cya Uganda wamamaye kubera impano ye yo gusetsa abantu. Anne Kansiime yamamaye cyane ndetse yubaka izina ku mugabane w’Afurika akaba yarakunze kwifashisha videos zinyura ku nkoranyambaga zitandukanye ndetse n’imbuga za internet. Anne kansiime azataramira abanyarwanda kuri uyu wa gatandatu tariki ya 6 Kamena 2015 muri Serena Hotel i Kigali mu gitaramo cyiswe comedy jam. Iki (...)
-
Jada Pinkett, umugore wa Will Smith yatangaje byinshi ku gushyingiranwa kwabo
Jada Pinkett umugore wa Will Smith yatangaje byinshi ku gushyingiranwa kwabo. Aba bombi bakaba bamaranye imyaka isaga 18 aho bafitanye abana batatu. Uru rugo rwose rukaba ari urw’ibyamamare dore ko bamwe ari abaririmbyi abandi bakaba abakinnyi ba film. Nyuma y’imyaka irenga 18 babana, Jada pinkett yabaye nk’ukora igishushanyo cy’umubano wabo. Ubwo bashyingiranwaga, uyu mugore yari afite imyaka 25 gusa benshi bemeza ko yari akiri muto. Nawe ubwe avuga ko yashidikanyaga kuko yumvaga bitazaramba. (...)
-
Mukarugema yatejwe imbere n’umwuga wo kogosha umunyerewe gukorwa n’abagabo gusa
Mukarugema Tharisisiya w’imyaka 37, akora umwuga wo kogosha abantu batandukanye harimo abagore ndetse n’abagabo, mu gihe abantu bari bamenyereye ko uwo mwuga ari uw’abagabo gusa. Uwo mwuga wo kogosha wateje imbere Mukarugema ku buryo ako kazi ariko kamutuze we n’umuryango we. Uyu mugore ukorera umwuga wo kogosha mu isoko rya Kiramuruzi avuga ko kogosha ari umurimo nk’iyi’indi gusa ko bisaba kuwutinyuka. Mukarugema yatangiye umwuga wo kogosha nyuma yo kubona ko kwirirwa ategereje icyo umugabo ari (...)
-
Sonia Rolland yagize icyo atangaza ku byago byamubayeho
Muri iyi minsi, Sonia Rolland yasangije itangazamakuru uburyo abayeho muri iyi minsi. Ni nyuma yo guhura n’ uruhurirane rw’ibyago byibasiye ababyeyi be kandi bikaza mu gihe gito ndetse binatunguranye. Ku nshuro ya mbere, Sonia Rolland yahishuye uburyo yitwaye muri iyi minsi dore ko yahuye n’ibibazo byinshi. Mu mwaka ushize wa 2014, nibwo yaje kubura ise umubyara witabye Imana. Ibi bikaba byaramukozeho cyane. Nanone, nyina umubyara arwaye indwara yo mu mutwe ituma ubwonko budakora neza. Iyi (...)
-
BBC yahembye umukinnyi w’umugore wa mbere ku isi.
BBC yahaye igihembo umukinnyi w’umugore wa mbere muri Afurika mu mukino w’umupira w’amaguru. Uyu mukinnyi yitwa Asisat Oshoala akaba akomoka mu gihugu cya Nigeria. Ubusanzwe, uyu mukobwa akinira ikipe ya Nigeria ndetse na club ya Liverpool yo mu Bwongereza. Yagiye muri Liverpool ahagana mu kwezi kwa mbere. Mu muhango wo gutanga ibi bihembo, Asisat Oshoala yegukanye iki gihembo gikuru giherekejwe n’ibindi nabyo yatsindiye. Uyu mukobwa yabonye iki gihembo nyuma yo gihigika ibindi bihangange (...)
-
Dore ibimenyetso 6 byakwereka ko umuhungu mukundana agiye kukubenga
Hari ibimenyetso byinshi umuhungu ashobora gukoresha mu gihe ashaka kubenga umukobwa bari basanzwe bakundana,bigasa no guca amarenga ko urukundo rwabo ruri mu marembera nubwo ataba yabyeruriye umukunzi we. Mukobwa nubona ibi bimenyetso bikurikira uzahere ko umenya ibigiye kuba : Kukwima umwanya : iyo umuhungu nta gahunda akigufiteho mu rukundo umubwira ko umukeneye akagusubiza ko afite ibyo ahugiyemo kandi ko nta mwanya afite wo kuganira nawe. Iki ni kimwe mu bimenyetso bizakwereka ko (...)
-
Umwana w’uruhinja yabashije gukiza umubyeyi we
Umubyeyi yabashije gukira abifashijwemo n’umwana we w’uruhinja. Uyu mubyeyi yitwa Holli Cheung akaba yararwaye umutima aho waje kumara iminsi warahagaze bikaba ngombwa ko hitabazwa ibyuma biwufasha, nyuma uwo mubyeyi akaza gutabarwa n’umwana we w’uruhinja. Mbere, byatangiye Holi yumva ari ibintu byoroheje. Mu kujya kwa muganga bamusaba kujya kuruhuka mu rugo. Nyuma y’isaha imwe gusa ubwo yari ateruye umwana, umutima waje guhagarara hanyuma ahita ashyirwa mu bitaro. Aha akaba yari ari mu bitaro (...)
-
Hongewemo amakipe y’abagore mu mikino y’amashusho izwi nka jeux video
Mu mukino ikinirwa kuri za Televiziyo izwi nka jeux video hongewemo amakipe y’ibihugu y’abagore. Aha bikaba byakozwe mu mukino w’umupira w’amaguru aho hongewemo amakipe agera kuri 12 y’ibihugu bizwiho kugira umupira w’amaguru uteye imbere. Inganda zisanzwe zikora iyi mikino zasanze ari ngombwa kongeramo abagore dore ko nabo bamaze gutera imbere muri uyu mukino. Nk’uko bitangazwa n’umwe mu bakora umukino wa FIFA witwa David Ruther aragira ati : “twagerageje kuyinononsora ku buryo bunoze (...)
-
Ku myaka 94, Priscilla Sitienei ariga amashuri abanza !
Umukecuru w’imyaka isaga 94 ari kwiga amashuri abanza. Uyu mukecuru yitwa Priscilla Sitienei akaba akomoka mu gihugu cya Kenya. uyu mukecuru niwe munyeshuri ukuze cyane ku isi mu biga amashuri abanza. Priscilla Sitienei yafashe icyemezo cyo gutangira kwiga akuze dore ko mu bwana bwe atabashije kubona uburyo bwo kwiga none kuri ubu akaba ari kwiga mu ishuri riherereye mu gace atuyemo mu gihugu cya Kenya. Ku ishuri rye, yigana n’abana bakiri bato cyane aho we yiga ndetse akababera (...)
-
Mu Rwanda haje uburyo bwo kugura ibikoresho byo mu rugo kuri interineti
Kuri ubu mu Rwanda ushobora kugura ibikoresho byo mu rugo ukoresheje ikoranabuhanga rya interineti. Ubu bucuruzi bukaba bwaratangijwe na sosiyeti yitwa GET IT Rwanda. Ibi bije nyuma yaho abantu bari bamenyereye kugura imyenda kuri Kaymu, no gutumiza ibiryo kuri hellofood, ariko nkuko umuyobozi wa Get it abisobanura ushobora no gutumiza ibikoresho byo mu rugo birimo ibiribwa bitajya muri frigo n’ibindi ukoresheje interineti. Asobanura imikorere ya GET IT, umuyobozi wayo Lauren yagize ati : (...)
-
Umukinnyi wa film Anne Meara yitabye Imana ku myaka 85
Umukinnyi wa film ndetse akaba n’umunyarwenya Anne Meara yitabye Imana ku myaka 85. Uyu mugore ni umunyamerikakazi ndetse akaba afite umugabo n’umuhungu we nabo bari muri uyu mwuga. Umugabo we yitwa Jerry Stiller naho umuhungu we akitwa Ben Stiller. Ku ya 23 Gicurasi nibwo byamenyekanye ko uyu mugore wari ufite imyaka 85 yitabye Imana. Ibi bikaba byaratangajwe n’umuryango we ariko ntibatanga ibisobanuro ku byaba byateye urupfu rw’uyu mubyeyi. Jerry Stiller na Anne Meara bari bamaranye (...)
-
Siporo 5 Michelle Obama akora zituma atava ku murongo
Umufasha wa perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika afite imyitozo ngororamubiri 5 adashobora gusiba gukora na rimwe mu rwego rwo guhorana ibiro bitarengeje urugero no kuguma ku murongo umwe, akaba abifatanya no kurya imirire iboneye. Dore uko Michelle akora iyo myitozo buri munsi Mu minota 2 Michelle arabanza akirukaho gato, ubundi agasimbuka umugozi, ubundi agakora abdominaux yarangiza agaterura alteres z’ibiro 15, akabisoza akina boxe. Iyo Michelle arangije imyitozo ye akoreshwa (...)
-
Eugenie Bouchard, umukinnyi wagurishije cyane ku isi
Eugenie Bouchard yabaye umukinnyi wa mbere wagurishije cyane ku isi ku rutonde rw’abakinnyi 50. Uyu mukobwa akina Tennis, afite imyaka 21 akaba akomoka mu gihugu cya Canada. Urwo rutonde rwakozwe n’ikinyamakuru cyo mu Bwongereza cyitwa “sports pro”. Uyu mukobwa yagaragaye umwaka ushize ku mwanya wa gatanu ku isi mu bakinnyi beza b’abagore bakina umukino wa tennis. Nanone, yaje no kugera no ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya Wimbledon 2014. Iri akaba ari irushanwa rikomeye cyane mu mukino wa (...)
0 | ... | 200 | 220 | 240 | 260 | 280 | 300 | 320 | 340 | 360 | ... | 440