-
Ibyo kwitondera iyo ugiye guhahira inkweto mu nzira
Ubucuruzi bwo mu nzira buzwi ku izina ryo kuzunguza ntibwemewe ariko hari aho bugikorwa mu mugi wa Kigali n’ahandi ndetse ugasanga abakiriya bishimira bene ubwo bucuruzi kuko baba bafite ibintu bya make. N’ubwo ibyo bicuruzwa biba ari ibya make hari ubwo ushobora kubigenderamo ugahomba amafaranga yawe. Dore ibyo ugomba kwitonder a mbere yo kugura inketo zicuruzwa muri ubwo buryo ; Itegereze neza izo nkweto zombi : hari abacuruzi bamwe bo mu nzira biyambika ijoro bakakwereka urukweto rumwe (...)
-
Kenya : Polisi yateye ibyuka bya gas mu bana bigaragambyaga
Kuri uyu wa mbere abana basaga 100 bari hagati y’imyaka 8 n’imyaka 13 batewemo ibyuka bya gas biryana mu maso na polisi ya Kenya, ubwo bakoraga imyigaragambyo bamagana kuba barabakuriyeho ikibuga bakiniragaho,bivugwa ko cyatwawe na hotel yitwa Weston Hotel ituranye n’ishuri ribanza ryitwa Lang’ata Road aba bana bigaho. Abapolisi bagera kuri 40 nibo baje guhangana nabo bana b’abanyeshuri ubwo bakoraga imyigaragambyo, bakaba bari bitwaje ibyuka biryana mu maso n’imbwa zikoreshwa (...)
-
Rumwe mu nkundo zitangaje ku isi rwabereye ku musozi wo mu Bushinwa.
Ni abantu bangahe mu bushinwa ndetse n’ahandi ku isi bemeye guhara ibyo bafite byose kugira ngo babane n’ abo bakunda ? Mu myaka 50 ishize XU Chaoqing na Liu Guojiang babigezeho. Muri 1956, XU yari umupfakazi afite abana 4 akaba yararutagaho LIU imyaka 10. Amagambo n’ ibihuha byabavuzweho kubera gukundana byatumye bimuka aho babaga batangira ubuzima bugoranye aho bigiriye mu misozi ya kure. Kuva icyo gihe kugeza 2001 bari bataragaragara. Baje kuvumburwa n’itsinda ry’ abashakashatsi aho (...)
-
Tanzania : Umubyeyi yabyaye impanga 4 zidashyitse, 3 baracyariho
Muri Dar es Salaam, Mwangeni Kitwana, Umubyeyi w’imyaka 35 yabyaye abana 4 bavuka badashyitse. Nubwo umwe yahise yitaba Imana , batatu baracyariho kubwo gukoresha uburyo bwo gushyira umwana ku nda wavutse atagejeje igihe bwitwa “ Kangaroo mother care” Uko abo bana ari batatu bavutse mu kwezi k’Ukuboza tariki ya 22, 2014 bafite amezi umunani. Umwe yavutse afite 1.6kg, undi afite 1.5 kg naho undi yari afite 1.1kg. Uyu mubyeyi yari yababyaye ari abana 4 umwe ahita yitaba Imana abandi asigara (...)
-
REB yashyize ahagaragara amanota fatizo y’abazacumbikirwa mu wa kane
Kuva tariki ya 16 kugeza18 Mutarama, nibwo hakorwaga igikorwa cyo gutoranya abanyeshuri baziga mu bigo bya leta bicumbikira abanyeshuri bazajya mu mwaka wa kane, kuri iki cyumweru bakaba batangaje amanota fatizo ku bahungu no ku bakobwa. Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe uburezi (REB), Emmanuel Muvunyi yashyize itangazo ku rubuga rwe rwa twitter ryerekana amanota fatizo bafatiyeho aho yagaragaje ko abahungu bazahabwa imyanya mu mwaka wa kane mu mashuri yisumbuye ya Leta afite (...)
-
Gushyiraho imisatsi, kwisiga ibirungo no kogosha ingohe bifatwa gute mu madini ?
Amadini yose siko yemera bimwe ndetse no ku bijyane n’imyambarire n’imisatsi usanga bafite uburyo bagenda batandukanye. Ese gushyiraho imisatsi itari karemano, kwisiga ibirungo, kogosha ingohe no kwambara amapantalo ku bagore, abanyamadini babivugaho iki ? Umubyeyi utarashatse ko tuvuga izina rye asengera mu itorero rya ADEPR yadutangarije ko mu itorero ryabo batemera umukristo wihungura uko Imana yamuremye yemwe habe no kuba wakogosha ingohe Imana yaguhaye nabyo bifatwa nk’ikizira. Uyu (...)
-
Kenya : Ababyeyi bakubise umwana wabo arapfa.
Umwana w’umukobwa w’imyaka17 yakubiswe n’ababyeyi be bamuziza gutaha atinze agera aho ahera umwuka naho murumuna we ari mu bitaro. Bivugwa ko abo babyeyi batuye mu gace ka Kapchemurkeldet muri Marakwet , bafashe umwana wabo witwa Sharon Chebet Kipchumba w’imyaka 17 na muruma we bakabahambiriza imigozi ubundi bakabakubita iz’akabwana babaziza gutinda ku isoko. Ku wa kabiri w’iki cyumweru umwana mukuru yahise yitaba Imana naho murumuna we ubu ari mu bitaro bya Kapsowar akaba arembye cyane. (...)
-
Kampala : umwe mu bayobozi bakuru arakwa indishyi kubwo kubyarana n’umugore w’abandi
Assistant Comissioner muri ministeri y’umutekano John Bosco Kariisa, agiye kujyanwa mu rukiko aho akurikiranyweho kuba yarabyaranye n’umugore w’umusesenguzi mu by’amategeko ndete akaba azakwa n’indishyi y’akababaro. Umusesenguzi mu by’amategeko , Dr, Geoffrey Tumwesigye arashinja Kariisa kuba yarabyaranye n’umugore we akaba ashaka ko Kariisa amwishyura indishyi y’akabararo yamuteye ingana n’amadolari ibihumbi 350 ( miliyoni 241 zirenga z’amanyarwanda) Tumwesigye n’umugore bashingiranwe muri 2008 (...)
-
Tanzaniya : Umugore yashoye mu buraya umwana we w’imyaka 6
Polisi ya Mwanza muri Tanzaniya yataye muri yombi umugore w’imyaka 27 witwa Flora Boniface aho akekwaho gushora mu buraya umwana we w’imyaka 6. Uwo mugore usanzwe uvugwaho ubusinzi no gukingirana umwana we nijoro akajya kuzana abagabo, ngo hari ubwo yazanaga abagabo babiri umwe akamwohereza mu cyumba cy’umwana we w’umukobwa ufite imyaka 6 gusa. Mariam Benjamin umuturanyi wa Flora avuga ko bahamaye polisi nyuma yo gukeka ko uwo mugore ashobora kuba akoresha umwana we uburaya kuko buri joro (...)
-
Uko wafasha umwana watsinzwe ikizamini kandi yajyaga atsinda
Muri iyi minsi aho amamota y’abakoze ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza n’ikiciro rusange mu mwaka wa 2014 yasohotse, hari ubwo usanga umwana yatsinzwe kandi yari asanzwe atsinda mu ishuri bikaba byamuhungabanya. Dore uburyo umubyeyi yafasha umwana kubyakira : Irinde kumubwira nabi : niba usanzwe uzi ko umwana wawe atsinda mu ishuri, ariko byagera mu manota y’ibizamini runaka nk’ibi bya leta amanota akaza adashimishije, wimubwira nabi kuko ushobora gusanga ntako atari yagize ahubwo (...)
-
Nadine, yegukanye igihembo cy’umukinnyi witwaye neza ku isi mu bagore
Mu ijoro ryakeye ryo kuwa 12 Mutarama, 2015 mu masaha ya saa moya n’igoce za hano mu Rwanda nibwo hatangiye umuhango nyirizina wo gutanga igihembo cy’umukinnyi wahize abandi muri ruhago ku isi mu bagabo ndetse no mu bagore, Nadine Kessler akaba ariwe wacyegukanye mu bagore (FIFA Women’s World Player of the Year) muri 2014. Nadine Kessler, umukinnyi warushije abandi mu bagore, ni umudagekazi w’imyaka 26 y’amavuko akaba ubusanzwe akinira ikipe y’iwabo mu Budage yitwa Wolfsburg akaba anayibereye (...)
-
Uganda : Umwana w’imyaka 3 ashobora kuba yabyara
Mu karere ka Lwego muri Uganda umwana w’imyaka itatu ashobora kuba ariwe waba umugore wa mbere ukiri muto nyuma yo gusanga yarameze amabere ndetse akaba afite n’ibindi byangombwa byose by’umukobwa w’umwangavu nko kujya mu mihango n’ibindi. Usibye kuba yaragiye mu mihango, uyu mwana yatangiye no kumera amabere bikaba byaratumye ababyeyi be kwibaza byinshi . Nyina w’uyu mwana Hadija Kobusingye yatangarije Sunday monitor ducyesha iyi nkuru ko batecyereza ko ibi byaba ari ibintu bidasanzwe byabaye (...)
-
USA : Umugore yamenya ko atwite abura isaha 1 ngo abyare
Mu bitaro bya Massachusetts muri icyu cyumweru dushoje habonetse umugore watunguwe no kuba atwite, ubwo yamenyeshwaga ko atwite nyuma yo kujya kwa muganga ariwe n’ibise bagasanga abura imwe gusa ngo abyare. Ku busanzwe ababyeyi bamara amezi icyenda bitegura kubyara ariko byaje kuba agatangaza ubwo umubyeyi witwa Katie Kropas w’imyaka 23 atunguwe no kuba atwite akabimenya abura igihe kitagera no ku isaha ngo abyare. Katie yagize ati : “ Kuwa kabiri mu gitondo narabyutse numva meze nabi nibwo (...)
-
UK : inzoga zose zizashyirwaho ibyapa bibuza abagore batwite kuzinywa
Bill Esterson, umwe mu bagize governoma y’Ubwongwreza arifuza ko inzoga zose zajya zishyirwaho ibyapa bibuza abagore batwite kunywaho kuko uko inzoga yaba ingana kose igira ingaruka ku mubyeyo utwite no kumwana atwite. Esterson yabwiye abagize guverinoma ko abana bagera ku bihumbi 7 muri mwaka mu Bwongereza bangizwa n’inzoga ba nyina banywa batwite. Ugereranije bikaba ari umwana umwe mu bana 100. Esterson ati : “ kwangirika k’ubwonko bw’abana bishobra no guterwa no kunywa inzoga nke uko yaba (...)
-
Uganda : Bakoze ubushakashatsi ku muti ugabanya impfu z’ababyeyi
Abahanga mu by’ubumenyi muri Uganda bakoze ubushakashatsi ku muti uzajya ukoreshwa mu kugabanya ipfu z’ababyeyi bapfa babyara. Ubwo bushakashatsi bwitwaga “Misoprostol versus Intramuscular Oxytocin for Prevention of Postpartum Hemorrhage in Uganda : A Double-Blind Randomized Non-Inferiority Trial” bwayobowe na Prof. Esther Cathyln Atukunda , Dr. Mark J Siedner, Prof. MJ Celestino, DR. Marc Twagirumukiza n’abandi. Ubu bushakashatsi nibwo bwa mbere bukozwe mu gisata nkiki, bukaba bwari bugamije (...)
-
Nepal : bashyizeho imodoka zitwara abagore gusa
Muri Nepal bashyizeho imodoka zizajya zitwara abagenzi b’abagore gusa mu rwego rwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryagaga ribakorerwa mu modoka rusange z’abagenzi. Ibyo bikorwa byatangiye kubahirizwa muri za mini bus zifite imyanya cumi n’irindwi y’abagenzi, mu muhanda yo mu murwa mukuru wa Nepal, Kathmandu, bikazajya byubahirizwa mu masaha ya mugitondo abantu bajya ku kazi na nimugoroba bava ku kazi. Nkuko byatangajwe Bharat ukuriye ihuriro ry’amashyirahamwe atwara abagenzi muri (...)
-
USA : congress nshya igizwe n’abagore benshi kurusha izindi zabayeho
Congress ya 114 iri buterane kuri uyu wa kabiri iraba yiganjemo abagore benshi kurusha izindi congress zose zabayeho mu mateka ya Amerika.Gusa nubwo umubare w’abagore bari muri congress wiyongereye, haracyagaragara ubazungu benshi mu bashyiraho amategeko n’abagabo benshi baturuka mu ishyaka ry’abarepublicain mu mitwe yombi y’inteko. Abagore bagera ku 104 nibo bazaba bagize congress ya 114.Umubare w’abagore bashyiraho amategeko uracyari muke kuko ari 20% by’abagore bose bari muri congress. Naho (...)
-
Kigali : Bamwe bahuzwe gucumbikira bene wabo kuko babasenyera
Mu mujyi wa Kigali usanga hari imiryango myinshi ibamo bene wabo baba ab’umugabo cyangwa se ab’umugore. Nubwo bemeze bityo ariko hari abemezako abo benewabo bagira uruhare mu isenyuka ry’ingo muri iki gihe. Abo twaganiriye bamwe bafite bene wabo mu ngo abandi baduhaye ubuhamya bw’ukuntu babasanyeye naho abandi batubwira uko bashaktse umuti w’ikibazo cyo gusenyerwa no gucumbikira bene wanyu. Kanakuze Jeanne( izina duhinduye) yabanaga n’umugabo mu mahoro nyuma baza kuzana mwenewabo w’umugabo (...)
-
Arabia Saudite : Abagore 2 barwanije kudatwara imodoka barashinjwa iterabwoba
Muri Arabiya audite abagore 2 barwanije itegeko ribuza abagore gutwara imodoka, mu mpera z’icyumweru gishize bashyikirjwe urukiko rucira imanza abkora ibikorwa by’iterabwoba. Loujain al-Hathloul w’imyaka 25, na Maysa al-Amoudi w’imyaka 33,bafashwe ku itariki ya 1, Ukuboza, 2014 bazira kuba barakoze igisa nk’ubukangirambaga bwo kurwanya itegeko ribuza bagore gutwara imodoka muri Arabiya Saudite. Mu mpera z’icyumweru gishize bakaba baratangiye kuburana mu rukiko rukurikirana abakora ibikorwa (...)
-
Abagore babaye icyitegererezo muri 2014
Mu mwaka wa 2014 hari ibikorwa byinshi byakozwe n’abagore. by’umwihariko mu bijyanye no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina hari abagore babaye intwari mu kurirwanya muri uyu mwaka wa 2014. Bamwe mu bagore bahinduye amateka muri 2014 : 1. Vian Dakhil umugore wahanganye na ISIS muri Syria Muri uyu mwaka umutwe wa ISIS wagabye ibitero by’iterabwoba muri Syria aho bibasiye cyane abagore n’abakobwa. Vian Dakhil niwe wahagurukije amahanga yose abwira n’abagenzi be bo mu nteko ya Iraq ko (...)
0 | ... | 260 | 280 | 300 | 320 | 340 | 360 | 380 | 400 | 420 | 440