-
Lupita Nyong’o yagize icyo atangaza ku buryo yita ku ruhu rwe
Lupita Nyong’o, umukinnyi wa filimi ukomeye ku rwego mpuzamahanga ukomoka muri Kenya yagize icyo avuga ku buryo yita ku ruhu rwe n’ubwoko bw’amavuta akoresha ngo uruhu rwe rw’igikara ruhore ari umwimerere kandi anagaragare neza. Lupita yagize ati : “ Nizerako ko kugaragara neza bigendana n’uburyo wita ku ruhu rwawe, gusa kuri twe abirabura ahanini ntibiba bigoye kuko nkanjye kwita ku ruhu kwanjye ni ukoga mu maso buri gitondo na nimugoroba, ibyo nibyo bimfasha kwita ku ruhu rwanjye ubundi (...)
-
Umuryango wa bibiliya mu Rwanda urasaba abanyarwanda gushyigikira bibiliya ngo itazabura
Ibi ni bimwe mu byagarutsweho mu kiganiro n’abanyamakuru cyo kuwa 3 Ukwakira,aho Umuryango wa bibiliya mu Rwanda,ufite unshingano yo kugeza ibyanditswe byera kuri buri muntu,mu rurimi n’imyandikire ashobora gusoma no gusobanukirwa kandi ku giciro kimushobokeye,ushishikariza buri wese gushyigikira bibiliya kugira ngo itazigera ibura mu gihugu. Uyu muryango watangaje ko ufite impungenge zikomeye ko mu myaka izaza hashobora kuzaba ikibazo cy’ibura rya bibiliya mu gihugu bitewe n’impamvu (...)
-
Abisigaga amavuta atukuza agiye gucibwa na Minisante bari kwicuza
Abisigaga amavuta azwi nk’umucango, umukorogo n’andi mavuta yose atukuza bari kwicuza icyatumye batangira kwisiga ayo mavuta kuko bavuga ko Minisante nimara kuyaca batazongera kuyabona bigatuma uruhu rwabo rusubira uko rwahoze. Bamwe mu bo twaganiriye usanga batababajwe nuko yari buzabagiraho ingaruka kuko n’ubundi babikoraga babizi, ahubwo bakavuga ko bicuza kuba baratangiye kuyisiga none ubu bakaba bagiye kuyabura uruhu rwabo rugasa nabi. Nubwo bitoroshye ko hari umuntu upfa kukwemerera ko (...)
-
Uganda : depite Jacob Oulanyah ari gusaba gutandukana n’umugore bamaranye imyaka 2
Jacob Oulanyah, prezida w’umutwe w’abadepite mu nteko ishingamategeko ya Uganda ari gusaba gutandukana n’umugore we bamaranye imyaka ibiri gusa bashyingiranywe. Depite Jacob yashyingiranywe na Winnie Amoo Okot muri 2013 bakora ubukwe bw’agatangaza bwitabiriwe n’abayobozi bakomeye barimo n’umukuru w’igihugu, none ubu bamaze kujyana ikirego mu rukiko gisaba ko batandukana. Jacob ashinja umugore we kuba amunaniza ndetse akaba amwangira abana yabyaranye n’umugore we wa mbere wapfuye muri 2009, (...)
-
Prezida Buhari yafashe ingamba zo kurokora ba bakobwa basaga 200 bashimuswe
Prezida wa Nijeriya Muhammadu Buhari yavuze ko agiye guhangana na Boko Haram akarokora abakobwa basaga 200 bamaze umwaka urenga barashimuswe na Boko haram. Ibyo Buhari, yabisezeranije umuryango w’abibumbye mu nteko rusange yayo yateranye kuwa mbere. Prezida Buhari ati : “ Intego yacu nyamukuru ni ukurokora abakobwa ba Chobok kandi tukabigeraho bakiri bazima” Indwanyi za Boko Haram zateye ishuri ryo muri Chibok mu kwezi kwa Mata tariki ya 14, 2014 maze bashimuta abana b’abakobwa bagera kuri (...)
-
Ibisubizo by’ibizamini byasuzumye ikishe Bobbi Kristina byashyikirijwe abacamanza
Hashize amaze agera kuri abiri Bobbi Kristina umukobwa wa Houston apfuye nyuma yo kumara igihe kirekir emuri koma, gusa icyateye urupfu nticyakomeje kuvugwaho rumwe kugeza ubwo abaganga bafashe umwanzuro wo gusuzuma umurambo we bimwe bita autopsy kugirango bamenye impamvu nyayo y’urupfu rwe. Ubwo ibisubizo by’ibi bizamini byashyikirizwaga abacamanza, polisi yo yahise itangira gukora iperereza ryimite hagendewe ku bisubizo ibyo bizamini bigaragaza. Gusa mu makuru dukesha TMZ avuga ko babaye (...)
-
Umwongerezakazi niwe wegukanye amasiganwa y’amagare ku rwego rw’isi
Lizzie Armitstead, niwe wegukanye amasiganwa y’amagare ku rwego rw’isi akaba yari yasohokeye igihugu cy’Ubwongereza. Naho umunyarwandakazi Girubuntu Jeanne d’Arc nawe akaba yaragerageje kwitwara neza ugereranije nuko abo bahatanaga bo bari mu makipe azwi ku rwego rw’isi. Lizzie yatunguwe cyane no kuba yegukanye umwanya wa mbere dore ko ari bwo bwa mbere yari asohokeye igihugu cye mu masiganwa y’amagane ku rwego rw’isi. Lizzie yagize ati : “ Nizera ko buri muntu wese usiganwa ku magare aba ashaka (...)
-
Bamenye mbere ko umwana wabo azavukana ikibazo cy’ubwonko ariko banga ko inda ivamo
Ababyeyi b’umwana witwa Jaxon Emmett Buell wavukanye ikibazo cy’ubwonko kuri ubu akaba yujuje umwaka umwe, abaganga bari barababwiye ko azavukana ikibazo gikomeye cy’ubwonko ndetse ko niyo yavuka atazarama, babasaba ko bakwemera inda ikavamo hakiri kare, ariko abo babyeyi barabyanze bategereza ko umwana wabo avuka none ubu barishimira ko yujuje umwaka umwe. Ababyeyi ba Jaxon ubusanzwe ni abakiristu, ubwo babwirwaga n’abaganga ko umwana wabo azavukana ikibazo cy’ubwonko, ko atavuka ari muzima (...)
-
Hamaganywe ibihuha bivuga ko umugore wabaye visi prezida wa mbere muri Afrika yapfuye
Guverinoma ya Uganda yamaganye ibihuha byari bimaze iminsi bikwirakwizwa bivuga ko Dr. Speciosa Wandira-Kazibwe wahoze ari visi prezida wa Uganda ndetse akaba ari nawe Visi prezida wa mbere w’umugore muri Afrika yaba yashizemo umwuka, ikaba yavuze ko icyo ari ikinyoma kidafite ishingiro. Ibyo bihuha byahakanywe na leta ya Uganda, byakwirakwijjwe cyane ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane kuri WhatsApp no kuri Facebook. Umuvugizi wa leta ya Uganda Ofwono Opondo yavuze ko we ubwe yivuganiye na (...)
-
Abasengera mu itorero Rehoboth baranenga ababita abasazi
Itorero Rehoth rikorera umurimo w’Imana i Kanombe munsi y’ikibuga cy’indege ahazwi nko ku Kidendezi rikunze kutavugwaho rumwe n’abantu batandukanye bavuga ko abakirisitu bo muri iri torero bakora ibisa n’ubupfumu,abandi bakabita abasazi,nyamara bo barabihakana ndetse bakanemeza ko ababivuga batazi uko imbaraga z’Imana zikora. Bamwe mu basengera muri iri torero rizwi nko ku Kidendezi bemeza ko uru rusengero rugaragamo imbaraga z’imana kandi zigakora imirimo ikomeye,kandi bakanemeza ko umushumbwa (...)
-
Umufasha w’umukuru w’igihugu yasabye abatuye isi kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana
Jeannette Kagame yasabye abatuye isi aho bava bakagera kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana. Ibi yarabitangarije mu nama yo ku rwego rwo hejuru y’Umuryango w’Abibumbye ku Bana no ku ntego z’iterambere rirambye hagamijwe guha buri mwana amahirwe Iyi nama yari igamije kwigira hamwe uko uko hatezwa imbere ubuzima bw’abana, hagendeye ku ihame rya 16:2 mu mahame y’ingamba nshya z’iterambere rirambye, SDGs, rivuga ku kurwanya icuruzwa ry’abana, ihohoterwa bakorerwa, gukoreshwa imirimo ivunanye n’ibindi (...)
-
Kuba Chris Brown yarahohoteye Rihanna bigiye kumubuza kuririmbira muri Australia
Mu mpera z’uyu mwaka Chris Brown yari afite igitaramo gishyushye yari buzakorere muri Australia, ariko kuko yigeze guhohotera uwahoze ari umukunzi we akamukubita, byatumye abayobozi ba Australia batangaza ko atazemererwa kwinjira muri icyo gihugu kuko batajya bemerera abantu bafite imico nk’iyo yo guhohotera abagore ngo binjire mu gihugu cyabo. Ibi byamaze kwemezwa na ministiri mushya w’abagore , Michaelia Cash, aho avuga ko Chris Brown atazemererwa gukorera igitaramo muri iki gihugu kuko nta (...)
-
Abakobwa ba Obama bahinduye imyambarire bakira Papa Francis
Uruzinduko rwa Papa Francis muri Amerika rwatumye abakobwa ba Obama, Malia na Sasha basiba ishuri kugirango baze kujya kumuha ikaze ndetse banikubita agashyi bahindura imyambaro bari basanzwe bamenyereweho yo kwambara amakanzu cyangwa se amajipo magufi cyane noneho bagerageza kwambara amajipo agera hafi munsi y’amavi, iyo myambarire ikaba yarashimwe na benshi kurusha iyo bajyaga bambara. Ibi byatangaje abasanzwe babona abakobwa ba Obama kuko mu myambarire yabo batamenyereweho kwambara (...)
-
Viola Davis niwe mwirabukakazi wa mbere wegukanye Emmy Award mu gukina filimi
Viola Davis niwe mwiraburakazi wa mbere wegukanye ibihembo bikomeye muri Amerika byibanda muri sinema, bizwi nka Emmy Awards, aho yegukanye umwanya wa mbere mu bakinnyi kazi beza ba filimi bayoboye abandi. Imyanya yakinnye muri filimi nko muri To Get Away with Murder niyo yatumye uyu mubyeyi w’umwana umwe ku myaka 50 yegukana iki gihembo ubwo hatangagwa ibi bihembo mu mpera z’icyumweru gishize. Kuba ari umwiraburakazi wa mbere wegukanye iki gihembo kuri uyu mwanya kuva aho ibi bihembo (...)
-
Abashakashatsi batanze impamvu abagore bari hejuru y’imyaka 44 bakunda kwihinduza uruhu
Mu Bwongereza itsinda ry’abashakashatsi ryitwa Harley Medical Group ryatanze impamvu basanze abagore bari hejuru y’imyaka 44 aribo ahanini bagaragara bihinduza uruhu kurusha abandi bagore bo mu kigero cy’imyaka iri munsi yayo. Aba bashakshatsi bavuga ko basanze ahanini abagore benshi bageza muri iyo myaka nta kibazo bari bafite ariko ugasanga nibwo bashatse kwita ku ruhu rwabo cyane bagashaka gukomeza gusa nk’uko basaga mbere bakiri bato. Usibye abibagisha isura yo mu maso ngo umubare munini (...)
-
Ikipe y’abagore yo muri Ghana niyo yegukanye All Africa Games
Ikipe y’igihugu y’abagore yo muri Ghana izwi nka Black Queens niyo yegukanye igikombe mu makipe y’abagore yari yitabiriye aya marushakanwa yaberaga muri Congo Brazaville. Nyuma ypo kwegukana iyi ntsinzi ministry wa sporo muri Ghana yatangaje ko instinzi babonye yatumye begukan aumudari wa zahabu bayikesha imyitozo ihagije bagize. Ikipe y’abagore ya Ghana yyegukanye umudali wa zahabu itsinze ikipe yp muri Cameroun akaba ariyi kip eya nyuma yabashije kwegukana umdari wa zahabu muri all Africa (...)
-
Chantal muri ba rwiyemezamirimo bakiri bato muri Afrika
Umunyarwandakazi Chantal Butare ufite imyaka 21, yatoranijwe muri ba rwiyemezamirimo 12 bakiri bato muri Afurika. Chantal yashyizwe muri uru rutonde mu marushanwa yateguwe na Anzisha Prize, akaba yabashije gutsindira gukomeza muri 12 ba mbere abikesheje koperative yashinze yitwa Kinazi Dairy Cooperatice (KIDACO) ifasha abantu barenze 3,250 kubona amasoko y’amata yabo. Aya marushanwa yateguwe na Anzisha Prize akaba ari kuba ku nshuro yayo ya gatanu akaba agamije guhemba ba rwiyemezamiromo (...)
-
Umupasiteri w’umugore wifuza ko Imana yakwitwa umugore yamaganiwe kure
Umupasiteri w’umugore witwa Emma Percy avuga ko agiye gutangira kujya akoresha amagambo avuga ko Imana ishobora kuba ari umugore, nyamara ibyo ntibyakirirwe neza kuko abenshi bamwandikiye basenya ibitekerezo bye. Emma avuga ko ashaka guhindura imyumvire ishaje aho abana biyumvisha ko Imana ari umugabo ushaje uba hejuru y’ibicu, akabihunduramo umugabo ku buryo insimburazina zajyaga zikoreshwa zerekana ko Imana ari umugabo azajya akoresha insimburazina ry’umugore. Urugero nkaho bakoreshaga (...)
-
Zimbabwe : Abasiramuye umugore agapfa batawe muri yombi
Mu majyaruguru ya Zimbabwe nyirabukwe w’umugore n’umugabo we bamukase imwe mu myanya ye ndagagitsina byo bakunze kwita gusiramura abagore, uwo mugore bayikase yitaba Imana none ubu bari mu maboko ya polisi aho bari kuryozwa guhitana ubuzima bw’umuntu. Uwo mugore baciye imwe mu myanya ye ndagangitsina witwa Selina Mugande yari afite imyaka 33 akaba yari atuye mu gace kitwa Binga. Amakuru dukesha ikinyamakuru cyandikirwa muri Zimbabwe avuga ko nyirakuru w’umugabo w’uwo mugore w’imyaka 71 ariwe (...)
-
Ubukangurambaga bwa “He for She” bwatangijwe ku mugaragaro mu Rwanda
Ubukangurambaga bw’umuryango w’ababibumbye bugamije gukanguriria abagabo n’abasore gushyigikira uburinganire bw’umugore n’umugabo, bwiswe He for She, bwatangijwe ku mugaragaro kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Nzeli, 2015. Mu gutangiza ubu bukangurambaga bwa He for She abavuze ijambo bose bagiye bagaragaza ko babushyigikiye ndetse bagaragaza uruhare rw’abagore mu iterambere ry’igihugu. Prezida wa Sena Makuza Bernard yagize ati : “Kwirengagiza nkana uruhare rw’abagore byaba ari ukudindiza iterambere” (...)
0 | ... | 80 | 100 | 120 | 140 | 160 | 180 | 200 | 220 | 240 | ... | 440