-
Carli Lloyd, umugore wabaye umukinnyi w’umwaka ku isi
Kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Mutarama, 2015 ubwo FIFA yatangaga Ballon d’or ku mukinnyi w’umugabo witwaye neza mu mwaka wa 2015, hanahembwe umugore wabaye mukinnyi mwiza w’umwaka wa 2015 ku isi, akaba yarabaye umunyamerikakazi Carli Lloyd. Carli Lloyd niwe wagizwe umukinnyi w’umwaka wa 2015 ku isi mu gihe igihembo nyamukuru cya ballon d’or cyegukanywe na Lionel Messi. Lloyd yabonye amajwi agera kuri 35% y’abamutoye, akaba yatangaje ko yishimiye kuba yagee ku nzozi ze yahoraga yifuza (...)
-
UK : umubyeyi w’abana batatu yapfuye azize kunywa paracetamol
Mu Bwongereza umub yeyi w’abana batatu yapfuye azize kunywa paracetamol nyinshi yakuye mu binini bitandukanye yanyweye. Uyu mugore w’imyaka 52 witwa Michelle Walker yari asanzwe afata imiti igabanya uburibw bw’amagufwa uwo muti ukaba urirmo paracetamol nyuma aza gufatwa n’ibicurane afata umuti w’ibicurane nawo urimo paracetamol umubiri we unanirwa kwihanganira ubwinshi bwa paracetamol yanyoye biramuhitana arapfa. Biravugwa ko uyu mugore yaguraga imiti gusa ku giti cye nta muganga (...)
-
Yakoresheje amayeri kugirango yite umwana we Arsenal
Umugore ufite umugabo ukunda ikipe ya Arsenal yahisemo kumwita Arsenal ariko abonye ko umugore we ashobora kutazabyemera ahitamo kuricurika amwita Lanesra. Nyina w’uyumwana witwa Clare Smith yamaze imyaka igera kuri ibiri atazi icyo izina ry’umwana wabo w’umukobwa risobanuye gusa we yumvaga ari izina ryiza rifite umwihariko wo kuba nta wundi muntu urifite kandi akumva rivugitse neza. Hashize imyaka ibiri nibwo Clare yaje kuvumbura amayeri y’umugabo we yakoresheje mu kumwita izina rya Arsenal (...)
-
Ambasaderi Tumukunde yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Ethiopia
Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia, Hope Tumukunde, yashyikirije Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri Ethiopia Taye A Selassie impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu. Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa Twitter rwa Minisiteriy’Ububanyi n’Amahanga muri Ethiopia, Tumukunde yavuze ko azaharanira kuzamura umubano mwiza hagati y’ibihugu byombi. Yagize ati “Nzakora ibishoboka byose kugirango habe umubano mwiza hagati y’ibihugu byombi, Ethiopia n’u Rwanda. (...)
-
Kampala : Leta yahagurikiye ababyina mu ruhame bambaye ubusa
Ministri ushinzwe imirimo y’imbere mu gihugu muri Uganda, Rose Akol, yategetse abapolisi kujya bafata ababyina bambaye ubusa mu tubari, mu tubyiniro no mu bimansuro. Ibi ministiri Akol yabitegekeye mu nama yari iyobowe n’umuyobozi w’inteko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite, Rebecca Kadaga, Akol akaba yarategetse ko polisi yajya ifata ababyina bamabaye ubusa mu ruhame ikabafunga. Kubyina bamabye ubusa bisa ni ibyari bimaze kuba umuco cyane cyane mu bimansuro byo muri Kampala no mu mijyi (...)
-
I Burasirazuba : Abagore biyemeje kurandura amakimbirane mu miryango
Mu Nteko rusange y’abagize Inama y’Igihugu y’Abagore mu Ntara y’Iburasirazuba, abagize uru rwego biyemeje gukora ubukangurambaga bugamije kurandura burundu ikibazo cy’amakimbirane n’ihohoterwa rikorerwa umugore mu muryango, bakomeza gushishikariza bagenzi babo kuyoboka inzira yo kwibumbira muri za Koperative bityo bakiteza imbere. Abagize Inama y’Igihugu y’Abagore bafata kwitabira imirimo iciriritse ibyara inyungu, nk’igisubizo cyabafasha kurandura burundu amakimbirane ndetse n’ihohoterwa (...)
-
Gambia : Abagore bakora muri leta bategetswe kwambara ibitambaro mu mutwe
Nyuma y’ukwezi k’umwe gusa prezida wa Gambia ashyizeho leta izajya ikorera kumahame ya Islam, kuri ubu noneho yashyizeho ko abagore bose bakora muri leta bazajya bajya ku kazi bambaye umwitandiro nk’abasilamukazi. Kuri uyu wa kabiri w’iki cyumweru nibwo guverinoma ya Gambia yategetse abagore bakora muri leta kujya Bambara igitambaro mu mutwe ku kazi mu rwego rwo kwerekana ko bashyigikiye ko igihugu cyabo cyemeye kugendera ku mahame ya Islam nkuko Prezida Yahya Jammeh aherutse kubyemeza mu (...)
-
Hakozwe application izagabanya ipfu z’ababyeyi n’abana muri Afrika
Umukobwa ukiri muto witwa Kesandu Nwokolo ukomoka muri Nijeriya yakoze application yo muri telefoni izafasha guhangana n’impfu z’abana bapfa bavuka n’ababyeyi bapfa babyara muri Afrika. Uyu mukobwa wakoze iyi application yemeza ko izahindura ubuzima bw’abana n’ababyeyi bo muri Nijeriya no muri Afrika muri rusange kuko wasangaga ahini muri Afrika ariho habarurwa umubare munini w’ababyeyi bapfa babyara n’abana bapfa bavuka. Iyi application bise CradleCount izafasha cyane cyane abagore babyarira (...)
-
Gisagara : Abagore 180 bigishijwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Abagore basaga 180 bo mu murenge wa Gikonko, mu karere ka Gisaraga, baterwa inkunga mu mishinga itandukanye yo kwiteza imbere n’Umuryango Nyafurika w’Ivugabutumwa, ishami ryawo ry’u Rwanda (African Evangelic Enterprise- Rwanda) bigishijwe ubwoko by’ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ikibitera, ibihano bihabwa uwabikoze, ingaruka mbi zabyo, haba ku wabikoze ndetse n’uwabikorewe, n’uko babirwanya. Ubwo bumenyi babuherewe mu kiganiro bagiranye na Inspector of Police (IP) Marie Chantal (...)
-
Oprah ari kwinjiza akayabo mu kwamamaza uburyo yagabanije ibiro
Oprah Winfrey muri mezi ashize yaguze imigabane ingana na 10% mu kigo cyigabaniriza abantu ibiro kikabishyira ku murongo bifuza. Usibye iyo migabane Oprah yaguze, ni nawe ukoreshwa mu kwamamaza uburyo umuntu ageregeza gutakaza ibiro bikanga ariko nyuma bikazaza gukunda. Ibyo yamamaza bituma Oprah akomeza kwongera imigabane afite muri icyo kigo ku buryo ukurikije uko yinjiriza icyo kigo ashobora kuzagera aho akakigura cyose dore ko mu gihe gito amaze atangiye amaze gukuba kabiri imigabane (...)
-
Madonna yatanze miliyoni y’amadorali yo gufasha abana batishoboye muri Malawi
Umuhanzikazi Madonna w’umunyamerika ukunze gutanga inkunga yo gufasha abatishoboye muri Malawi, kuri ubu noneho yatanze inkunga ingana na miliyoni y’amadorali yo gufasha umuryango yatangije witwa Raising Malawi Foundation. Uyumuryango Madonna yageneye iyi nkunga yawushinze nyuma yaho yemerewe kubera umubyeyi abana babiri b’abanyamalawi aribo David Mbandana Mercy James. Nk’uko Nyasa Times ibitangaza, uyu muryango Madonna yawugeneye inkunga ya miliyoni y’amadolari izawufasha gukomeza kwagura (...)
-
Umunyakenya wifuzaga kuba umukwe wa Obama amaso ye yaheze mu kirere
Umunyamategeko w’umunyakenya Felix Kiprono wifuzaga kuzarongora umukobwa w’imfura wa Obama amutanzeho inkwano ingana n’intama 70, inka 50 n’ihene 30 none amaso yaheze mu kirere kuko yibwiraga ko azasubizwa igihe Obama yazaga muri Kenya. Uyu munyamategeko avuga ko yatangiye kumva yifuza ko Malia umukobwa w’imfura wa Obama yazamubera umufasha kuva muri 2008 ndetse ngo kuva icyo gihe kugeze uyu munsi nta wundi mukobwa yigeze akundana nawe kuko yari yizeye igisubizo cyiza azahabwa na Malia. Felix (...)
-
Ali Majidi, umugore utoza ikipe y’abagabo muri Soudan yishimira intera agezeho
Selma Al Majidi, umugore wa mbere watinyutse kwinjira muri siporo mu gihugu cyiganjemo abasilamu nka Soudan yatangaje ko yishimira kuba ariwe mugore w’icyitegererezo muri siporo by’umwihariko mu mupira w’amaguru muri Soudan. Uyu mugore uza ku rutonde rw’abagore 100 b’indashikirwa BBC yakoze izajya igenda ikoraho inkuru mu rwego rwo kuzamura ijwi ry’umugore mu itangazamakuru, mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa FIFA yavuze uko yagize igitekerezo cyo gukunda umupira w’amaguru kugeza aho aba (...)
-
Mu mpinduka Prezida Magufuli yazanye ntiyibagiwe abagore
Prezida mushya wa Tanzaniya azwiho kuba amaze gukora impinduka nyinshi muri guverinoma ya Tanzania. Mu mpinduka nziza prezida Pombe John Magufuli yazanye harimo nyinshi zashyigikiye iterambere ry’umugore muri Tanzaniya. Zimwe muri izo mpinduka yazanye harimo kuba yarashyizeho visi prezida w’umugore, bikaba byarabaye ubwa mbere mu mateka ya Tanzaniya kugira visi prezida w’umugore. Indi mpinduka imaze kugaragara kuva aho Magufuli abaereye Prezida harimo kuba yarongereye umubare w’abagore (...)
-
Cameroon : Ababyeyi babujijwe guha abana impano z’ibikinisho by’imbunda kuri Noheri
Guverinoma ya Cameroon yihanangirije ababyeyi kutazaha abana babo ibikinisho by’imbunda nk’impano ya Noheri. Ibi guverinoma ya Cameroon ikaba yabitangaje mu gihe hamenyerewe ko abana bakunzwe guhabwa impano zitandukanye kuri Noheri hakaba nabahitagamo ko bashaka kuzagurirwa ibikinisho by’imbunda. Abayobozi bo muri Cameroon bahisemo kubuza ababyeyi kutazaha abana babo impano z’imbunda z’ibikinisho kuko ngo basanze ibyo bikinisho bikuza umuco w’ubugizi bwa nabi mu bana. Nyamara nubwo aba bayobozi (...)
-
Gusa na Kim Kardashian byamugize icyamamare
Kamilla Osman, umukobwa usa na Kim Kardashian yamaze kuba icyamamare kubera ukuntu amafoto ye abantu bayitiranya n’aya Kim Kardashian ndetse abenshi bakibaza niba Kardashian ari impanga y’uyu mukobwa w’umunyakanada abandi bakavuga ko ashobora kuba yaribagishiej kugirango ase na Kardashian neza. Kamilla Osman usa na Kim Kardashian neza Uyu mukobwa usa neza na Kardashian ndetse nawe akagerageza kwigana uburyo yisiga n’uburyo yambara, amaze kugira abamukurikira benshi ku mbuga nkoranyambaga (...)
-
Bwa mbere umunyarwandakazi agiye gukinira ikipe y’i Burayi muri Volleyball
Umunyarwandakazi Seraphine Mukantambara uzwi ku kabyiniriro ka Baby akaba yari asanzwe akinira ikipe ya volley ball ya Rwanda Revenue Authority y’abagore, kuri ubu yamaze gusinya amasezerano n’ikipe yo muri Turikiya yo mu kiciro cya kabiri yitwa Elazig IL Ozel. Mukantambara ufite imyaka 19 gusa yasinye amasezerano azagera mu kwezi kwa kane umwaka utaha ariko akaba ashobora kuzongerwa. Mukantabana yagize ati : “ Nzakora uko nshoboye kose nzasinye amasezerano ya kinyamwuga. Ngiye hariya (...)
-
Mu gutora Miss Universe 2015 ikamba ryambitswe utari we
Mu birori byo gutora Miss Universe 2015 byabaye kuri iki cyumweru ikamba ry’uwatsinze ryabanje kwambikwa utari watsinze bitewe nuko uwari uyoboye ibirori yibeshye agahamagara uzina ry’igisonga cya Miss aho guhamagara Miss. Ibyo byatumye ikamba ribanza kwambikwa utari we nyuma uwari uyoboye ibirori aza gutangaza ko yibeshye, ikamba ryambikwa nyiraryo. Miss Colombia niwe wari wabanje guhamagarwa bwa mbere mu gihe ikamba ryagombaga guhabwa Pia Alonzo ukomoka muri Philippines. Ibyo byatumye (...)
-
Umugore wo muri Nijeriya ukora amasiganwa yo kwiruka yashyizwe muri Guiness de Records
Igitabo cya Guiness de records kijyamo abantu bagiye bahiga abandi mu bikorwa runaka bitandukanye ku isi cyanditswemo umunyanijeriyakazi, Blessing Okagbare ku kuba yaraciye agahigo mu mukino akora wo kwiruka, akaba ariwe mukinnyi umaze kwitabira Diamond League kurusha abandi kuva yatangira. Ubusanzwe Usain Bolt niwe wari usanzwe kuri uyu mwanya akaba yaje gukorwaho n’umugore ukomoka muri Nijeriya nyuma yo kuba amaze kugaragara muri Diamond League inshuro zisaga 38 kuva muri 2010 kugeza muri (...)
-
Amakipe y’abagore y’ibihugu 10 meza mu mupira w’amaguru muri Afrika
Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA, ryashyize hanze uko amakipe y’abagore ahagaze ku isi tukaba tugiye kubagezaho amakipe ya mbere 10 yaje mu myanya ya mbere yo muri Afrika. 1. Nijeriya ku rutonde rw’isi ikaba iri ku mwanya wa 37 2. Cameroon 3. Ghana 4. Equatorial Guinea 5. Afrika y’epfo 6. Cote d’Ivoire 7. Algeria 8. Morroco 9. Misiri 10. Senegal U Rwanda ruza ku mwanya wa 159 ku isi mu bihugu 177 FIFA yashyize ku rutonde harimo n’ibiri ku (...)