-
Abafite ubumuga bamazwe impungenge ku mbogamizi bafite mu bwirinzi bwa Covid-19
Imbogamizi zirimo gusiga intera hagati y’umuntu n’undi, kwambara agapfukamunwa no kugera rimwe na rimwe ahakingirirwa byoroshye ni zimwe mu zigaragazwa n’abafite ubumuga mu kwirinda Covid-19. Umwe mu bafite ubumuga bw’ingingo utarashatse ko imyirondoro ye itangazwa tukaba twamwise Mathias, akaba agendera mu kagare yavuze ko nk’intera isabwa ya metero yagati y’umuntu n’undi itashoboka mu gihe umuntu afite ubumuga kandi atabasha kwijyana aho ashaka agakenera umusunika. Ati “ni imbogamizi (...)
-
Uburyo bushya bwo guhaha ibikorerwa mu Rwanda kuri interineti
Mu gihe leta y’u Rwanda ikomeje gukangurira abanyarwanda gukoresha ibikorerwa mu Rwanda, ikigo cy’ubucuruzi cyitwa Jumia cyahoze cyitwa Kaymu, cyatangije uburyo bushya bwo guhahira ibikorerwa mu Rwanda kuri interineti. Jumia yatangije uburyo bwo guhahira kuri interineti ibikorerwa mu Rwanda nyuma yo gusanga ko abanyarwanda bakeneye kumenya ibicuruzwa biba byaje mu ma mukirikagushirisha ariko nyuma ntibamenye aho babishakira. Umuyobozi wa Jumia mu Rwanda Alvin Katto yasabye abanyarwanda (...)
-
Abagore basabwe kudatwita kubera virus ya Zika
Abayobozi b’ibihugu bine byo muri Amerika y’Amajyepfo na Karayibe batanze impuruza ku bagore ko birinda gutwita kubera impungenge z’indwara iri guterwa niyo virusi igatera impinja kuvukana umutwe muto utameze neza. Colombia, Ecuador, El Salvador na Jamaica byasabye gusubika gusama kugeza hamenyekanye amakuru ku mubu utera virusi ya Zika itera abana kuvukana umutwe muto cyane igihe nyina amutwite akaribwa n’umubu utera iriya virusi ya zika. Brezil yavuze ko umubare w’impinja zivukana umutwe (...)
-
Afrika y’epfo : Amasugi azajya yigira ubuntu
Mu karere ka UThukela, abayobozi baho batangaje ko abakobwa bazajya bagera muri kaminuza bakiri isugi aribo bazajya bahabwa amahirwe yo kwigira Ubuntu muri kaminuza. Bikaba bivugwako ibi bizakorwa mu rwego rwo gushishikariza aban bakiri bato kwirinda ubusambanyi. Ubuyobozi bw’aka karere bwatangaje ibyo bukaba bwanongeyeho ko abakobwa bazajya bapimwa buri gihe uko bavuye mu biruhuko uwo basanze atakiri isugi akavanwa ku tutonde rw’abishyurirwa kamunuza. Jubulani Mkhonza umuvugizi w’aka gace (...)
-
Tanzaniya yabeshyuje amakuru yo kubuza abagore kwambara ibigufi
Leta ya Tanzaniya yabeshyuje amakuru yakwirakwijwe muri iki cyumweru avuga ko leta yatanze itariki ntarengwa ku bagore n’abakobwa bambara imyenda migufi. Ministeri ishinzwe itangazamakuru, umuco, ubugeni na sporo muri Tanzaniya yabushyuje amakuru yakwirakwijwe muri Tanzaniya no mu binyamakuru byo hanze, ivuga ko iyi nkuru yanditswe bwa mbere n’umuntu utazwi akayishyira mu kinyamakuru cyo muri Tanzaniya cyitwa habari.go.tz akoze icyo bise ubujura bwo kuri interineti (cybercrime), leta ikaba (...)
-
Isomo wakura ku mugore w’umunyakenya watwitswe n’umugabo kubera mesaje
Umugore witwa Dorcas Awinja w’imyaka 27 afite ububabare bukomeye aho aryamye mu bitaro nyuma yuko atwitswe n’umugabo we amuziza kuba yarasomye mesaje yo muri telefoni ye agasanga ivuga iby’urukundo, umugore agahita abwira nabi umugabo, umugabo nawe akaza kugira uburakari burenze akamutwika. Nyuma yo kumenya ayo makuru polisi yo mu gace kabereye iryo sanganya ikaba yasabye abashakanye gukura isomo ku byabaye. Aho Dorcas aryamye mu bitaro yarahiye cyane kuko mubiri we hafi 63% wahiye azira (...)
-
Tanzania yatanze itariki ntarengwa yo kureka kwambara imyenda migufi
Prezida wa Tanzania Pombe Magufuli akomeje kuzana impunduka zitandukanye kuri ubu akaba ageze ku bagore n’abakobwa biyambikwa ubusa, aho yabashyireyeho itariki ntarengwa yo kuzaba bahagaritse iyo myambarire ikojeje isoni ngo kuko iri mu byongera ubwandu bwa virusi itera SIDA. Prezida Magufuli uzwiho kuzana impinduka nyinshi muri Tanzaniya kuva aho abereye prezida, yatanze ibyumweru bitatu gusa ku bagore n’abakobw ango bidagadure uko bashaka bambare imyenda migufi, igaragaza amabere, n’ifashe (...)
-
Somalia : Umwana w’imyaka 13 yakoze imodoka n’indege biragenda
Guled And Abdi w’imyaka 13 niwagaragaje ubuhanga budasanzwe mu gukora imodoka n’indege z’ibikinisho bikaba kugenda . Ibyo bikorww abye byatumye amenyekana iwabo anemererwa kwigira ubuntu. Uyu mwana utuye mu mujyi wa Buhodle niwe ubwe wiyigishije gukora ibikinisho bya plastikike akoresheje ibintu atora hirya no hino, nyuma aza gutekereza gushyiramo moteri nk’iy’imodoka zisanzwe kuko yari amaze kumenya ko ariyo ituma zigenda. Uyu mwana yatangarije BBC ati : “ Natangiye gukor aibikinisho nkiri (...)
-
Taiwan : Batoye prezida wa mbere w’umugore
Bwa mbere mu mateka ya Taiwan hatowe umuprezida w’umugore witwa Tsai Ing-wen wari uhanganye n’undi mugore witwa Hung Hsiu-chu wakomokaga mu ishyaka ryari riri ku butegetsi. Tsai Ing-wen, wari usanzwe ari umuyobozi w’ishyaka Democratic Progressive Party yatsinze amatora ku majwi 56.1%, akaba yatsinze Hung Hsiu-chu waturukaga mu ishyaka ryari ku butegetsi Nationalist Party rimazeho imyaka umunani. Chu yashimiye mugenzi we wegukanye itsinzi ku mugoroba wo kuwa gatandatu. Abari bashygikiye (...)
-
Gambia, Bakuyeho itegeko cyo kwitega ibitambaro ku kazi
Prezida wa Gambia, Yahya Jameh, yakuyeho itegeko risaba abagore bakora muri reta gupfuka umusatsi igihe bari ku kazi. Iryo tegeko ryari ryashizweho itariki 4 z’ukwezi kwa mbere, Ryari ryavuzweho cyane n’abatavuga rumwe na reta. Ryakuweho kubera ryari ryarababaje abagore n’abakobwa, nk’uko ibiro bya Prezida byabimenyesheje mu makuru. Ibiro bya Jammeh, bivuga ko iryo tegeko ryari ryatanzwe “ntaho rihuriye n’idini” kandi ko ridakwiye kubangamira abagore. “Abagore ni inshuti za prezida Jammeh, ni (...)
-
Amerika : Abagore baho nabo bibasiwe no gusiramurwa
Mu gihe bisanzwe bimenyerewe ko umuco wo gusiramura abagore ukunze gukorwa mu bihugu bimwe na bimwe byo muri Afrika, ubushakashatsi bwagaragaje ko n’abagore bo muri Amerika nabo bibasiwe n’uyu muco, bikavugwa ko bawanduzwa n’abajya guturayo bavuye mu bihugu bikoresha uyu muco mubi. Ubushakashatsi bwasanze ko abagore n’abakobwa basaga ibihumbi 500 muri Leta zunze ubumwe za Amerika bahuye n’ingaruka zo gukatwa bimwe mu bice bigice imyanya yabo y’ibanga kandi ko umubare ukomeza kwiyongera bitew (...)
-
Tanzaniya : Amavugurura yageze mu baganga bakuriramo abagore inda
Kuva prezida mushya wa Tanzaniya yatangir aimirimo ye, Leta ya Tanzania ikomeje gukora amavugurura atandukanye muri kuri ubu hakaba hatahiwe abaganga bihaye kujya bakuriramo abagore ind aku buryo butemewe n’amategeko. Ministri w’intebe mushya wa Tanzaniya Kassim Majaliwa yihanije abaganga biha gukuramo inda ababagana mu buryo butemewe n’amategeko, ababwira ko bazahabwa ibihano bikomeye igihe bafashwe. Leta ya Tanzaniya yihanije abagana baba abo mu mavuriro yigenda n’aya leta ibasaba kureka (...)
-
Carli Lloyd, umugore wabaye umukinnyi w’umwaka ku isi
Kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Mutarama, 2015 ubwo FIFA yatangaga Ballon d’or ku mukinnyi w’umugabo witwaye neza mu mwaka wa 2015, hanahembwe umugore wabaye mukinnyi mwiza w’umwaka wa 2015 ku isi, akaba yarabaye umunyamerikakazi Carli Lloyd. Carli Lloyd niwe wagizwe umukinnyi w’umwaka wa 2015 ku isi mu gihe igihembo nyamukuru cya ballon d’or cyegukanywe na Lionel Messi. Lloyd yabonye amajwi agera kuri 35% y’abamutoye, akaba yatangaje ko yishimiye kuba yagee ku nzozi ze yahoraga yifuza (...)
-
UK : umubyeyi w’abana batatu yapfuye azize kunywa paracetamol
Mu Bwongereza umub yeyi w’abana batatu yapfuye azize kunywa paracetamol nyinshi yakuye mu binini bitandukanye yanyweye. Uyu mugore w’imyaka 52 witwa Michelle Walker yari asanzwe afata imiti igabanya uburibw bw’amagufwa uwo muti ukaba urirmo paracetamol nyuma aza gufatwa n’ibicurane afata umuti w’ibicurane nawo urimo paracetamol umubiri we unanirwa kwihanganira ubwinshi bwa paracetamol yanyoye biramuhitana arapfa. Biravugwa ko uyu mugore yaguraga imiti gusa ku giti cye nta muganga (...)
-
Yakoresheje amayeri kugirango yite umwana we Arsenal
Umugore ufite umugabo ukunda ikipe ya Arsenal yahisemo kumwita Arsenal ariko abonye ko umugore we ashobora kutazabyemera ahitamo kuricurika amwita Lanesra. Nyina w’uyumwana witwa Clare Smith yamaze imyaka igera kuri ibiri atazi icyo izina ry’umwana wabo w’umukobwa risobanuye gusa we yumvaga ari izina ryiza rifite umwihariko wo kuba nta wundi muntu urifite kandi akumva rivugitse neza. Hashize imyaka ibiri nibwo Clare yaje kuvumbura amayeri y’umugabo we yakoresheje mu kumwita izina rya Arsenal (...)
-
Ambasaderi Tumukunde yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Ethiopia
Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia, Hope Tumukunde, yashyikirije Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri Ethiopia Taye A Selassie impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu. Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa Twitter rwa Minisiteriy’Ububanyi n’Amahanga muri Ethiopia, Tumukunde yavuze ko azaharanira kuzamura umubano mwiza hagati y’ibihugu byombi. Yagize ati “Nzakora ibishoboka byose kugirango habe umubano mwiza hagati y’ibihugu byombi, Ethiopia n’u Rwanda. (...)
-
Kampala : Leta yahagurikiye ababyina mu ruhame bambaye ubusa
Ministri ushinzwe imirimo y’imbere mu gihugu muri Uganda, Rose Akol, yategetse abapolisi kujya bafata ababyina bambaye ubusa mu tubari, mu tubyiniro no mu bimansuro. Ibi ministiri Akol yabitegekeye mu nama yari iyobowe n’umuyobozi w’inteko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite, Rebecca Kadaga, Akol akaba yarategetse ko polisi yajya ifata ababyina bamabaye ubusa mu ruhame ikabafunga. Kubyina bamabye ubusa bisa ni ibyari bimaze kuba umuco cyane cyane mu bimansuro byo muri Kampala no mu mijyi (...)
-
I Burasirazuba : Abagore biyemeje kurandura amakimbirane mu miryango
Mu Nteko rusange y’abagize Inama y’Igihugu y’Abagore mu Ntara y’Iburasirazuba, abagize uru rwego biyemeje gukora ubukangurambaga bugamije kurandura burundu ikibazo cy’amakimbirane n’ihohoterwa rikorerwa umugore mu muryango, bakomeza gushishikariza bagenzi babo kuyoboka inzira yo kwibumbira muri za Koperative bityo bakiteza imbere. Abagize Inama y’Igihugu y’Abagore bafata kwitabira imirimo iciriritse ibyara inyungu, nk’igisubizo cyabafasha kurandura burundu amakimbirane ndetse n’ihohoterwa (...)
-
Gambia : Abagore bakora muri leta bategetswe kwambara ibitambaro mu mutwe
Nyuma y’ukwezi k’umwe gusa prezida wa Gambia ashyizeho leta izajya ikorera kumahame ya Islam, kuri ubu noneho yashyizeho ko abagore bose bakora muri leta bazajya bajya ku kazi bambaye umwitandiro nk’abasilamukazi. Kuri uyu wa kabiri w’iki cyumweru nibwo guverinoma ya Gambia yategetse abagore bakora muri leta kujya Bambara igitambaro mu mutwe ku kazi mu rwego rwo kwerekana ko bashyigikiye ko igihugu cyabo cyemeye kugendera ku mahame ya Islam nkuko Prezida Yahya Jammeh aherutse kubyemeza mu (...)
-
Hakozwe application izagabanya ipfu z’ababyeyi n’abana muri Afrika
Umukobwa ukiri muto witwa Kesandu Nwokolo ukomoka muri Nijeriya yakoze application yo muri telefoni izafasha guhangana n’impfu z’abana bapfa bavuka n’ababyeyi bapfa babyara muri Afrika. Uyu mukobwa wakoze iyi application yemeza ko izahindura ubuzima bw’abana n’ababyeyi bo muri Nijeriya no muri Afrika muri rusange kuko wasangaga ahini muri Afrika ariho habarurwa umubare munini w’ababyeyi bapfa babyara n’abana bapfa bavuka. Iyi application bise CradleCount izafasha cyane cyane abagore babyarira (...)