-
Kicukiro : Tuyishime ukora imitako mu budodo, avuga ko icyambere ari ukwiyemeza.
Tuyishime Angelique ukora imitako mu buryo butamenyerewe n’abantu benshi, kuko afuma igishushanyo akoresheje ubudodo, avuga ko ikintu cya mbere ari ukwiyemeza, ibindi bikaza bisanga ubushake. Tuyishime utuye mu Karere ka Kicukiro Umurenge wa Masaka, Akagali ka Gako, umudugudu wa Kabeza ubu ufite imyaka 21, avuga ko uyu mwuga yawize afite imyaka 14 y’amavuko, aho yari ashoje amashuri ye atandatu abanza, akumva ibyo yiyumvamo ari ukwiga imyuga, ubundi akagira amahirwe yo guhura na koperative (...)
-
Nyamasheke : Abagore batinyutse gukorana n’Ibigo by’imari barishimira iterambere bagezeho
Bamwe mu bagore bo mu Mirenge itandukanye y’Akarere ka Nyamasheke bavuga ko bamaze kugera kure mu iterambere babikesha gukorana n’ibigo by’imari. Mukanyandwi Dancille, utuye mu Murenge wa Macuba, avuga ko amaze imyaka irenga 20 akora ubushabitsi butandukanye bwatumye yiteza imbere nyuma yo gukorana n’Ikigo cy’imari. Yagize ati “Natangiye gukora ubushabitsi mu 1995, icyo gihe nacuruzaga isambaza, nyuma nza kubireka njya mu bucuruzi bw’ibisheke, ubu ncuruza imyenda y’abageni. Natangiriye ku gishoro (...)
-
Karongi : Ubucuruzi bw’isambaza bwatumye abagore baca ukubiri no gutega amaboko abagabo
Karongi : Ubucuruzi bw’isambaza bwatumye abagore baca ukubiri no gutega amaboko abagabo Abagore batandukanye bo mu Karere ka Karongi mu Murenge wa Bwishyura no mu mbibe zawo bakora ubucuruzi bw’isambaza, bavuga ko biteje imbere bakaba batagitega amaboko abagabo. Mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi, hari abagore batandukanye bacuruza isambaza mbisi, izumye ndetse n’izikawushije ‘izikaranze’ mu mavuta. Aba bagore baba bacuruza ku mabase mu ndobo no mu bindi bikoresho. Bamwe muri aba (...)
-
Gatsibo : Kwibumbira mu matsinda byatumye abagore batishoboye biteza imbere
Gatsibo : Kwibumbira mu matsinda byatumye abagore batishoboye biteza imbere Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Gitoki bavuga ko kwibumbira mu matsinda byatumye biteza imbere bigeza kuri byinshi birimo ubworozi no gutura heza. Abagore bari biganjemo abatishoboye bo mu Tugari dutandukanye two mu Murenge wa Gitoki bavuga ko biteje imbere babikesha kwibumbira mu matsinda yo kugurizanya. Bijya gutangira, aba bagore ngo bahawe akazi muri VUP, abandi bahabwa akazi mu Bigo (...)
-
COVID-19 : Abagore batwite bikingije kubw’impanuka basabwa gukurikiza gahunda zose z’umugore utwite
Nubwo umugore utwite yemerewe gufata urukingo rwa COVID-19, ari uko ari mu gihembwe cya 2 kuzamura, hari abafashe izi nkingo kubw’impanuka bakiri mu gihembwe cya mbere. Aba basabwa gukomeza gukurikiza gahunda zose. Kuva mu kwezi kwa Nyakanga muri uyu mwaka wa 2021 Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abagore batwite n’abonsa bajya mu cyiciro cy’ihutirwa cy’abagombaga kwikingiza COVID-19, ariko bigahera ku mugore utangiye igihembwe cya 2, (Ni ukuvuga nyuma y’ibyumweru 12 (...)
-
“Uwakingirwa ntagaragaze ibimenyetso nibwo twagira ikibazo” Dr Menalas avuga ku rukingo rwa Covid-19 ku bagore batwite.
Mu gihe abagore bamwe batwite n’abonsa bagenda bagaragaza ko bafite ubwoba bwo kwikingiza, kuko hari bagenzi babo bikingije bakagaragaza ibimenyetso rw’uko rwabaguye nabi, Dr Dr Menelas Nkeshimana avuga ko ahubwo uwafashe urukingo ntagaragaze ibimenyetso ariwe utera impungenge. Kuva mu kwezi kwa Nyakanga muri uyu mwaka wa 2021 Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abagore batwite n’abonsa bajya mu cyiciro cy’ihutirwa cy’abagombaga kwikingiza COVID-19, bamwe mu bagore bari muri (...)
-
Ubwitabire bw’abagore buracyari hasi mu kugana ikigega nzahurabukungu
Ikigega cya Leta gifasha ba rwiyemezamirimo (BDF) cyatangaje ko Ubwitabire bw’abagore bukiri hasi ugereranyije nubw’abagabo mu kugana ikigega cyashyizweho na Leta kugira ngo kizahure ubukungu, mu rwego rwo gushyigikira ubucuruzi bwashegeshwe cyane n’ingaruka za Covid-19. Ikigega cyatangiye imirimo muri Gicurasi umwaka wa 2020, cyashyizweho kugira ngo abakomwe mu nkonkora na Covid 19 bakagira ibihombo bikabije babashe kwunganirwa ,bityo babashe gukomeza imirimo yabo binyuze mu Mirenge Sacco, (...)
-
Hari abagaragara nk’abakeneye ubukangurambaga bagifite urujijo ku kwikingiza Covid-19
Bamwe mu baturage bavuga ko bafite urujijo ku cyorezo cya Covid-19 ndetse amakuru bayumvaho,ayo basoma ndetse n’ibigenda biyivugwaho kuri murandasi n’ibihuzwa na Bibiliya, bibatera impungenge, bamwe bakaba bumva batakwikingiza. Umwe mu bagabo batashatse ko amazina yabo atangazwa wahuriye n’umunyamakuru w’agasaro.com I Kabgayi, yatangaje ko yumvise anasoma amakuru menshi kuri internet, muri yo akaba yarumvise bavuga ingaruka mbi zizagera ku muntu wikingije COVID-19 yaba ku buzima ndetse no ku (...)
-
Musanze : “Mbere kwikingiza Covid-19 byitabirwaga n’abagore bacuze none byarahindutse”
Bamwe mu bagore bo mu mujyi wa Musanze mu karere ka Musanze , barimo abatwite n’abonsa, bavuga ko bamaze gusobanukirwa n’akamaro ko kwikingiza covid 19 , none ubu bakaba basigaye babyitabira kugira ngo birinde kuyandura no kuyanduza abana babo. Umwe mu bagore bari baje kwikingiriza kuri site ya Kariyeri iherereye mu mujyi wa Musanze, Ugiriwabo Rose, avuga ko impamvu yaje kwikingiza covid-19 ari uko yumvise nk’umugore akwiye kugira uruhare mu (...)
-
Ababyeyi barasabwa kurohereza abana b’ingimbi n’abangavu kwikingiza COVID-19
Minisiteri y’ubuzima itangaza ko guhera kuwa 23 Ugushyingo Rwanda hazatangira igikorwa cyo gukingira COVID-19 ku bana b’ingimbi bari hagati y’imyaka 12 na 18 aho abayeyi basabwa kuzaborohereza mu kubafasha kuzuza ibisabwa ngo bikingize. Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, umunyamabanga wa Leta Muri Minisiteri y’ubuzima Lt Col. Dr Mpunga Tharcisse yatangaje ko iki gikorwa kizatangira kuri uyu wa kabiri taliki ya 23 Ugushyingo 2021, akangurira ababyeyi kuzuzuriza abana babo icyangombwa gisabwa (...)
-
Covid :19 : Abagore batwite n’abonsa baragirwa inama yo kudatoranya inkingo, bakikingiza izo basanze
Covid :19 : Abagore batwite n’abonsa baragirwa inama yo kudatoramya inkingo, bakikingiza izo basanze. Kuva mu Rwanda hatangizwa gahunda yo gukingira covid-19, abagore batwite n’abonsa, hari bamwe basubiragayo batikingije bavuga ko hari ubwoko bw’urukingo bashakaga batabonye. Ariko ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) kivuga ko urukingo rwiza ari uruhari. Kuva mu kwezi kwa Nyakanga muri uyu mwaka wa 2021 Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abagore batwite n’abonsa bajya mu cyiciro (...)
-
Abagore bikingije COVID-19 batwite inda iri munsi y’amezi atatu barasaba RBC kubamara impungenge
Hari abagore batwite bavuga ko bakingiwe batwite bakiri mu gihembwe cya mbere ni ukuvuga ko bakingiwe inda itararenza amezi atatu none bakaba batewe impungenge n’urukingo bafashe nyamara amabwiriza ya OMS Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima avuga ko ntaw’ukwiye kurufata inda irengeje amezi atatu. Mukarulinda wo mu kagari ka Kagugu ubu afite inda y’amezi atanu avuga ko ubwo yakingirwaga COVID 19 mu kwezi kwa munani gutangira yari yarasamye nyamara atabizi n’urukingo rwa kabiri yarufashe (...)
-
Abagore bahisemo umwuga wo kogosha barakangurira bagenzi babo kuwutinyuka
Iyo ugiye muri ‘salon de coiffure’ zogosha imisatsi hirya no hino mu Gihugu usanga abiganje muri aka kazi ari ab’igitsina gabo ,icyakora uko iminsi ihita indi igataha, usanga n’ab’igitsinagore bagenda binjira muri uyu mwuga bakaba basaba bagenzi babo kwitinyuka. Mu duce dutandukanye tw’u Rwanda usanga abakora akazi ko kogosha ari ab’igitsina gabo, ariko uko iminsi ishira indi igataha hari aho usanga ab’igitsinagore binjiye muri uyu mwuga bakaba bashishikariza abawutinya kwitinyuka. Uwimana Divine (...)
-
MINECOFIN:Abifuza inguzanyo nzahurabukungu hakumirwa ingaruka za Covid-19 bashyizwe igorora
Minisiteri y’imari n’igenamigambi irashishikariza abagizweho ingaruka n’icyorezo cya COVID-19 kugana ikigega cyashyiriweho kuzahura ubukungu mu Rwanda kikabafasha kubona inguzanyo ngo bazahure imishinga yabo. Byatangajwe na Dr Uziel Ndagijimana Minisitiri w’Imari n’igenamigambi, ubwo yaganiraga n’abagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi muri uku kwezi k’Ukuboza 2021. Minisitiri Dr Uziel Ndagijimana yagize ati “iki kigega cyashyizweho muri Kamena 2020, ni gahunda ngari yashyizweho mu rwego rwo (...)
-
Abakerensa COVID-19 baributswa ko imaze guhitana abantu 1316
Abakerensa n’abatarikingiza COVID-19 baributswa ko ari icyorezo kibi kandi kimaze guhitana abagera ku 1316 nyuma y’umwaka n’amezi asaga 7 kigaragaye mu Rwanda. Imibare y’uko COVID-19 ihagaze mu Rwanda ikaba itangazwa buri munsi n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC ku bufatanye na Minisiteri y’ubuzima, hagamijwe kwerekana ubukana bw’iki cyorezo,no gushishikariza buri wese guharanira kukirinda. Nubwo RBC na Minisiteri y’ubuzima batangaza iyi mibare buri munsi,bamwe mu baturage baracyakerensa iki (...)
-
Hari abagaragara nk’abakeneye ubukangurambaga bagifite urujijo ku kwikingiza Covid-19
Bamwe mu baturage bavuga ko bafite urujijo ku cyorezo cya Covid-19 ndetse amakuru bayumvaho,ayo basoma ndetse n’ibigenda biyivugwaho kuri murandasi n’ibihuzwa na Bibiliya, bibatera impungenge, bamwe bakaba bumva batakwikingiza. Umwe mu bagabo batashatse ko amazina yabo atangazwa wahuriye n’umunyamakuru w’agasaro.com I Kabgayi, yatangaje ko yumvise anasoma amakuru menshi kuri internet, muri yo akaba yarumvise bavuga ingaruka mbi zizagera ku muntu wikingije COVID-19 yaba ku buzima ndetse no ku (...)
-
Kuzamuka kw’abandura kongeye kugaragara muri Kigali kwateye abo mu ntara impungenge
Imibare y’abandura Covid-19 ikomeje kuzamuka mu mujyi wa Kigali ikomeje guhangayikisha abatuye mu ntara muri izi mpera z’umwaka,kuko bikunze kugaragara ko abakora mu mujyi wa Kigali,bakunze kujya kwizihiriza iminsi mikuru no gusoreza umwaka mu ntara. Ibi bikaba biteye impungenge ko byazaba nyirabayazana mu kurushaho gukwirakwiza Covid-19 mu ntara bikaba byatuma naho imibare naho yiyongera. Imibare yo kuwa 13 Ukuboza 2021, igaragaza ko mu banduye covid-19 bashya 79 mu Rwanda, harimo 62 bo mu (...)
-
Nta kudohoka COVID-19 ntizi iminsi mikuru
Mu gihe iminsi mikuru ya Noheri n’ubunani yegereje,imvugo isaba Abanyarwanda kutirara no kutadohoka ikomeje kugarukwaho n’inzego z’umutekano,iz’ubuzima n’iz’ubuyobozi. Binyujijwe ku rukuta rwa Twitter rwa Minisiteri y’ubuzima hatanzwe ubutumwa bugira buti “sindohoka nambara neza agapfukamunwa,nubwo nakingiwe nkomeje kwirinda no kurinda abandi COVID-19,nsiga intera ya metero hagati yanjye n’abandi nirinda ahantu hateraniye abantu kandi hafunganye.” Izi nzego kandi zikangurira abantu kutirara kuko (...)
-
Abagore bahisemo umwuga wo kogosha barakangurira bagenzi babo kuwutinyuka
Iyo ugiye muri ‘salon de coiffure’ zogosha imisatsi hirya no hino mu Gihugu usanga abiganje muri aka kazi ari ab’igitsina gabo ,icyakora uko iminsi ihita indi igataha, usanga n’ab’igitsinagore bagenda binjira muri uyu mwuga bakaba basaba bagenzi babo kwitinyuka. Mu duce dutandukanye tw’u Rwanda usanga abakora akazi ko kogosha ari ab’igitsina gabo, ariko uko iminsi ishira indi igataha hari aho usanga ab’igitsinagore binjiye muri uyu mwuga bakaba bashishikariza abawutinya kwitinyuka. Uwimana Divine (...)
-
Abagore bahisemo umwuga wo kogosha barakangurira bagenzi babo kuwutinyuka
Iyo ugiye muri ‘salon de coiffure’ zogosha imisatsi hirya no hino mu Gihugu usanga abiganje muri aka kazi ari ab’igitsina gabo ,icyakora uko iminsi ihita indi igataha, usanga n’ab’igitsinagore bagenda binjira muri uyu mwuga bakaba basaba bagenzi babo kwitinyuka. Mu duce dutandukanye tw’u Rwanda usanga abakora akazi ko kogosha ari ab’igitsina gabo, ariko uko iminsi ishira indi igataha hari aho usanga ab’igitsinagore binjiye muri uyu mwuga bakaba bashishikariza abawutinya kwitinyuka. Uwimana Divine (...)