-
Abantu batari ngombwa gutumira mu bukwe bwawe
Iyo umuntu atumira abantu bazamutahira ubukwe aba agomba gukora intoned ebyiri,rumwe rukaba rugizwe n’abantu b’ingenzi bazanamufasha mu mirimo itandukanye y’ubukwe n’abandi b’icyubahiro yumva batagomba kubura mu bukwe bwe,ariko hakaba n’urundi rutonde rugizwe n’abandi abona ko banabuze muri ubwo bukwe ntacyo byakwangiza ndetse byanaba ngomba akaba yabareka ari nabo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru. 1.Abo mwakundanye ; si ngobwa ko umuntu atumira mui bukwe bwe abo bigeze gukundana ariko bitewe (...)
-
Ibintu byakwereka ko umukozi wawe ashukwa n’abaturanyi
Abakozi bajya bagirana umubano udasanzwe n’abandi bakozi b’abaturanyi cyangwa se n’abandi bantu muturanye bakagera ku rwego rwo kujya babashuka bigatuma ibyo mu rugo byangirika, bikaba byanakugiraho ingaruka igihe utabimenye ngo ubifatire hafi. Ubuhamya twahawe n’abakozi batatu bashutswe n’abandi bakozi cyangwa se abandi bantu baturanye nibwo twifashishije mu kuba wamenya niba umukozi wawe ajya ashukwa nabo muturanye. Kudakora akazi neza kandi yari asanzwe agakora neza : umwe muri bo yagize (...)
-
Uko wacunga neza amafaranga igihe wongeye gushaka
Imikoreshereze y’amafaranga ni kimwe mu bikunze gutera amakimbirane hagati y’abashakanye ndetse bikaba byagira indi sura mi gihe umuntu yari yarigeze kugira urugo kuko hari uburyo aba asanzwe amenyereye bwo gucungamo amafaranga, n’undi akaba afite uburyo bwe. Igihe wongeye gushaka uvuye muri ibyo bihe wigenzuriraga amafaranga wenyine hari uburyo bushobora kugufasha kumenya uko muzajya mucunga amafaranga n’uwo mugiye kurushingana mushya bikabarinda amikimbirane aterwa n’imicungire y’amafaranga (...)
-
Ibintu umukobwa atagomba kwibeshyaho bijyanye no gushyingirwa
Abakobwa benshi iyo bagiye gukora ubukwe,usanga hari ibintu byinshi bibeshyaho rimwe na rimwe wakumva uburyo umukobwa avuga ubukwe bikaba bimeze nk’inzozi kuko ibyo aba yibwira akenshi sibyo biba bizamubaho,ni nayo mpamvu buri mukobwa ugiye gushyingirwa aba akeneye abamugira inama zitandukanye kandi bakamubwiza ukuri,bakamubwira uko azitwara mu gihe ibyo yakekaga atari byo abonye . Dore ibyo atagomba kwibeshyaho 1.Gushyingirwa ntibikemura ibibazo byose ufite ; rimwe na rimwe umukobwa aba (...)
-
Amakosa umukristu atagomba gukora igihe atanga
Hari amakosa abakristu bajya bakora igihe bakora igikorwa cyiza cy’urukundo cyo gutanga. Nubwo igikorwa cyo gutanga ari cyiza ndetse kikaba ari kimwe ndangagaciro ziranga abakristu, iyo ukoze amakosa tugiye kubabwira icyo gikorwa kiba gisa nahi gipfuye ubusa ndetse kikaba cyagukururira umuvumo aho kukuhesha umugisha. Gutanga ibyo wari uri hafi kujugunya Hari ubwo usanga ibintu dutanga ari bya bindi n’ubundi wari ugiye kujugunya nawe utagiha agaciro, maze ukavuga uti aho kubijugunya reka (...)
-
Dore ibintu utagomba kwihanganira ku mukunzi wawe bikubangamira
Kubabarira no kwihanganirana ni ngombwa ku bakundana,ariko hari urugero imbabazi z’abakundana zigomba kugarukiraho,cyane cyane iyo umwe mu bakundana akosereza undi ukabona asa nubikora ku bushake bisa no guhimana,cyangwa se hakaba hari ibintu by’ingenzi umwifuzaho ariko ukabona ntacyo bimubwiye kandi bikagutera intimba,ntugakomeze kumwizirikaho kuko iyo mutarabana uba ugifite amahirwe yo gushaka undi muhuza. 1.Niba umukunzi wawe umukorera ibiri ngombwa byose biranga (...)
-
Dore ibintu utagomba kwihanganira ku mukunzi wawe bikubangamira
Kubabarira no kwihanganirana ni ngombwa ku bakundana ariko hari urugero imbabazi z’abakundana zigomba kugarukiraho,cyane cyane iyo umwe mu bakundana akosereza undi ukabona asa nubikora ku bushake bisa no guhimana,cyangwa se hakaba hari ibintu by’ingenzi umifuzaho ariko ukabona ntacyo bimubwiye kandi bikagutera intimba,ntugakomeze kumwizirikaho kuko iyo mutarabana uba ugifite amahirwe yo gushaka undi muhuza. 1.Niba umukunzi wawe umukorera ibiri ngombwa byose biranga (...)
-
Ibyo kwibazaho mbere yuko ufata umwanzuro wo gutandukana n’uwo mwashakanye
Hari ubwo wumva ko icyaguha amahoro ariko watandukana n’uwo mwashakanaye kubera ibibazo bitandukanye mufitanye, ariko nyamara hari ubwo ushobora kuba ufashe umwanzuro uhubutse ukazatuma wicuza nyuma. Ni byiza rero ko mbere yo gufata umwanzuro wo kujya gusaba gatanya igutandukanya n’uwo mwashakanye ubanza gutekereza kuri ibi bikurikira : Ese wakoresheje ibishoboka byose ngo umubano wanyu ugende neza ? : Hari ubwo umwe mu bashakanye akora ikosa undi akanga kumubabarira wenda yanamusabye (...)
-
Amakosa uzirinda gukorera umukunzi wawe kuri facebook
Abantu bamwe usanga bakoresha urubuga rwa facebook,bagakoreraho ibintu byose bakavugiraho ibyo babonye n’amabanga yabo ugasanga bayanyuzaho,nyamara burya hari ibyo kwitondera birimo no gushyira hanze iby’urukundo rwawe n’uwo mukundana cyane cyane ababa bitegura kuzarushinga nkuko tubikesha ikinyamakuru boldsky mu bushakashatsi cyakoze. Iki kinyamakuru gisobanura ko mu gukoresha social media cyane cyane facebook,kugira ngo wirinde amakimbirane n’ibindi bibazo bituruka ku mikoreshereze yayo,ku (...)
-
Impungenge abakobwa bagira iyo bakundana n’abasore b’abasinzi
Akenshi iyo umukobwa akundana n’umusore wabaswe n’inzoga cyane,ahora amuhangayikiye afite impungenge zitandukanye kubera ubusinzi b’umukunzi we,rimwe na rimwe akamutakariza n’icyizere iyo akunda gusinda bikabije. Zimwe mu mpungenge zikunda kuba ku mukobwa ukundana n’umusore w’umusinzi nizo tugiye gusobonura twifashishije ubuhamya twahawe n’umukobwa witwa Clemence utarashatse ko dutangaza amazina ye yose ,akaba yarahoze akundana n’umusore usinda cyane akaza kugera aho ananirwa kugumana nawe (...)
-
Ibintu byagufasha gutoza umukozi wo mu rugo kugira isuku
Umukozi wo mu rugo ugira umwanda haba ku mubiri cyangwa se mu mirimo ye ya buri munsi ugasanga abikorana isuku nke, hari uburyo wamufasha agacika kuri iyo ngeso, bityo nawe ukabasha kumva utekanye kuko iyo ufite umukozi ugirra umwanda uhora uhangayitse ko azatuma murwara indwara zeterwa n’umwanda. Kumwerekera akira mushya uko isuku yo mu rugo ikorwa : Hari ubwo umukozi uba uje ari mushya aba atamenyereye gukora isuku cyangwa se akaba yiviriye mu cyaro vuba iby’isuku ntabyo azi. Ni byiza (...)
-
Icyo wakora igihe wazinutswe uwo mwashakanye
Hari ubwo umwe mu bashakanye yumva yanze uwo bashakanye akamuzinukwa ku buryo yumva atakifuza no kumureba. Nubwo wumva wazinutswe uwo mwashakanye kubera amakosa ashobora kuba yaragukoreye, umuti wa mbere wabafasha si ugutandukana. Dore ibyo Charlotte, umujyana w’ingo agusaba kubanza gutekerezaho mbere yo gufata umwanzuro wo gutandukana n’uwo mwashakanye : Banza urebe ko udashaka ko uwo mwashanye akurikiza ibyifuzo byawe gusa : Ahanini usanga amakosa abashakanye baregana ashingiye ku kuba (...)
-
Icyo wakora warashakanye n’umunywi w’inzoga nyinshi.
Uru ni urugero rw’umuntu wanditse ahantu abaza ikibazo bitewe n’ibibazo yahuye nabyo mu rugo rwe kubera inzoga “Hashize amezi make umugabo wanjye yabonye akazi gashya, kuva icyo gihe nabonye ko asigaye ataha bwije cyane buri munsi kandi ahumura inzoga. Mbere yari asanzwe anywa ariko agataha saa tatu za nijoro. Ubu asigaye atinda cyane ndetse no muri weekend abana na njye ntago tukimubona, iyo mbimubajije, arambwira ngo ni ubuzima bwe. Ni gute nakomeza kumubuza kunywa inzoga ?” Iki kibazo (...)
-
Uburyo bwafasha umubyeyi gukuza imibanire ye n’Imana
Ibintu umubyeyi w’umugore asabwa kubahiriza bishobora kuba imbogamizi kuri we mu gukuza imibabnire ye n’Inama ndetse akumva ari kugenda ajya kure yayo. Nyamara burya ibyo witwa ko bikubera imbogamizi ushobor akubiheraho bikakubera igihe cyiza cyo gukuza umubano wawe n’Imana. Dore bimwe mu bintu byabigufasahamo : Ihe umwanya wo gusenga mu masaha ya buri munsi : umwanya wose wakwiha wo gusenga uko waba ungana kose buri munsi uzagufasha kumva uri hafi y’Imana. Ntukibaze ku burebure usengesho (...)
-
Ibintu ugomba kwirinda niba ushaka kubaho ubuzima bwishimye
Hari ubwo tubaho mu buzma burimo imibabaro kubera ko ahanini tuba aritwe tubyitera ugasanga no mu gihe cyo kunezerwa ntitubashijke kugera kuri uwo munezero kandi aritwe tubyiteye. Niba rero ushaka kubaho mu buzima bunezerewe dore ibyo ugomba kwirinda. Kwigereranya n’abandi : ntushobora kubaho mu buzima bunezerewe igihe wirirwa wigereranya n’abandi. Buri muntu wese agira umunezero we ku giti cye kuko hari ubwo nabo utekereza ko banezerewe baba batanezerewe kukurusha. kumva ugomba guhora (...)
-
Ibintu byagufasha kurambana umukozi wo mu rugo witwara neza
Hari ubwo uba ufite umukozi wo mu rugo witwara neza kandi uzi imirimo ariko ugahora ufite ubwoba ko ashobora kuzagenda mutamaranye igihe kinini. Nyamara abakozi bose siko bahinduka babi ahubwo hari icyo uba usanbwa nawe kugirango umukozi wawe akomeze abe mwiza kandi mumarane igihe. Dore icyo wakora : Mworohereze abeho mu buzima yishimira : umukozi wo mu rugo nawe ni ikiremwamuntu nk’anandi aba akeneye umwanya wo kuruhuka, kurya neza nk’abandi. Usibye kuba ibi bigirira umukzo umumaro, nawe (...)
-
Ibintu by’ingenzi bituma ubukwe buba bwiza
Akenshi iyo umusore n’umukobwa bakoze ubukwe,abantu baba babutashye usanga bagira icyo basigarana,rimwe bavuga ko ubukwe bwabaye bwiza cyangwa butari bwiza bitewe nuko babubonaga bitewe n’ibintu bimwe by’ingenzi biba bigomba kwitabwaho mu gutegura ubukwe kugira ngo buzabe bwiza cyane kandi bitavuze ko arugukoresha ibirenze ubushobozi bw’abagiye kubana. Ibintu bigaragaza ubukwe bwiza 1. Imyambarire ;iyo abageno bambaye neza ndetse n’ababbambariye nicyo cya mbere kigaragaza ubukwe bwabaye bwiza (...)
-
Impinduka zo mu muryango ugomba kuba warateguje umukozi wo mu rugo
Hari igihe mu muryango haba impinduka zishobora no kuba zizazagera ku mukozi, ariko abakoresha benshi usanga batita ku gutegura umukozi ugasanga izo mpinduka zimwikubise hejuru atabizi. Ahanini iyo bigenze bityo biramubangamira ndetse akaba yakigendera cyangwa se rimwe na rimwe bikaba ari uwkirengagiza uburenganzira bw’umukozi Bamwe mu bakozi bo mu rugo twaganiriye batubwiye impinduka zabaye mu miryango babagamo bagahitamo kwigendera kuko batabanje kubateguza : Kubyara undi mwana : Iyo mu (...)
-
Ibintu by’ingenzi umugore utwite aba akeneye ku mugabo
Burya iyo umugore atwite,hari ibintu byinshi aba akeneye ko umugabo amukorera,kandi bikaba ari n’inshingano ze kuko umugore utwite aba akeneye kwitabwaho birenze ibyari bisanzwe kugira ngo we n’umwana uri mu nda bagire ubuzima bwiza. 1. Kumwumva :iyo umugore atwite aba akeneye ko umugabo amutega amatwi akamwumva, kandi akamukorera icyo amusabye cyose kandi yaba atabishoboye akirinda kumubwira nabi,kabone nubwo yaba asanzwe agira igitsure. 2. Kumuherekeza kwa muganga ;igihe cyose umugore (...)
-
Amakosa bamwe mu bagore b’abakristu bakora bakisenyera ingo
Akenshi abantu baha amahirwe ingo z’abakristu bakibwira ko arizo zikomeye kurusha izindi ariko hari ubwo nazo umwanzi azigenderera zikaba zasenyuka, rimwe na rimwe biturutse ku makosa y’umugore . Dore amwe mu makosa abagore b’abakristu bakunze gukora akabasenyera ingo : Kwita ku nshingano zo mu rusengero kurusha izo mu rugo : Hari abagore b’abakristu usanga baratwawe n’inshingano zo ku rusengero ugasanga bibagiwe izo mu rugo. Yego ni byiza ko umugore nawe akora umurimo w’Imana ariko na none (...)
0 | ... | 20 | 40 | 60 | 80 | 100 | 120 | 140 | 160 | 180 | ... | 300