-
Uburyo ugomba kwita ku musatsi mu gihe cy’izuba ryinshi
Igihe cy’izuba ryinshi,ni igihe cyo kwita ku musatsi kuko izuba ni ribi ku musatsi ndetse iyo utawubungabunze usanga uhangirikiye cyangwa ugasanga udasa neza cyangwa ugasaza vuba. 1. Mu gihe cy’izuba ugomba gusiga amavuta mu musatsi igihe cyose ugiye gusokoza kugira ngo ube woroshye kandi uwurinde kumagara no kuzamo imvuvu. 2. Kunywa amazi menshi nabyo birinda umusatsi kandi bigatuma uba uhehereye,ndetse ugafata n’umwanya ugateramo amazi mu musatsi wajya gusokoza ukawumutsa,bituma uba mwiza (...)
-
Uburyo wagirira isuku plante ntigire impumuro mbi
Akenshi iyo umuntu afite plante ku mutwe ntayigirire isuku,nyuma y’iminsi mike usanga yazanye impumuro mbi kubera ibyuya bifanze n’amavuta cyangwa spray aba ashyiramo,ni nayo mpamvu tugiye kuvuga ku bijyanye n’isuki yayo. Ibijyanye no kumesa muri plante Mbere yo kumesa muri plante,ubanza kuyisokoza neza ukoresheje igisokozo cyangwa ikiroso cyabugenewe kandi gifite amenyo maremare kugirango plante itaza gusobana. 1. Ufata amazi akonje ukayashyira mu ibasi,ugashyiramo shampo nkeya 2. Sokoza (...)
-
Plante zigezweho watangirana umwaka mushya
Muri iyi minsi hagezweho plante ngufi kandi zitabyimbye cyangwa ngo zuzure ku mutwe,ahubwo ikaba ari plante ubona ukaba wagira ngo ni umusatsi uringaniye basokoje neza iringaniyekuko ibintu byinshi ku mutwe ntibikigezweho. Hari plante ngufi ya Rihana usanga bayiteye ku mutwe ukaba wagira ngo ni umusatsi bakasemo coupe,kumwe usanga inyuma ari nkeya naho hejuru ikaba isa nihagurutse. Hari kandi indi plante nayo yo mu bwoko bwa rihanna igasokozwa kuburyo nayo wagira ngo ni coupe (...)
-
Ibyiza byo gushyira ihina mu musatsi nuko rikoreshwa
Umusatsi w’umuntu kugira ngo ube mwiza kurushaho uba ugomba kwitabwaho nkuko ubundi bwiza bw’umubiri bwitabwaho mu buryo bwose kandi ihina ni kimwe mu bifasha umusatsi kuba mwiza bitewe nuburyo yakoreshejwe. Ihina ikiza umusati wananiranye bitewe n’impamvu zitandukanye,maze ugasubirana ubwiza bwawo. 1.Gushyira ihina mu musatsi upfukagurika kandi woroshye,umwe bakunda kwita amoya bituma wongera gukomera kandi ugasa neza. 2. Ihina rihindura umusatsi ibara ryose ukeneye bitewe n’uko ushaka ko (...)
-
Ibyiza byo gushyira ihina mu musatsi nuko rikoreshwa
Umusatsi w’umuntu kugira ngo ube mwiza kurushaho uba ugomba kwitabwaho nkuko ubundi bwiza bw’umubiri bwitabwaho mu buryo bwose kandi ihina ni kimwe mu bifasha umusatsi kuba mwiza bitewe nuburyo yakoreshejwe. Ihina ikiza umusati wananiranye bitewe n’impamvu zitandukanye,maze ugasubirana ubwiza bwawo. 1.Gushyira ihina mu musatsi upfukagurika kandi woroshye,umwe bakunda kwita amoya bituma wongera gukomera kandi ugasa neza. 2. Ihina rihindura umusatsi ibara ryose ukeneye bitewe n’uko ushaka ko (...)
-
Insokozo za coupe wasokoza mu minsi mikuru isoza umwaka
Muri iyi minsi mikuru ya noheri n’ubunani abantu bagomba kugaragara neza birenze ibisanzwe ndetse bagatangira umwaka bakeye,niyo mpamvu twabahitiyemo insokozo zigezweho wasokoza muri cyane cyane coupe z’umusatsi mukeya,dore ko imisatsi miremire itagezweho mur iki gihe haba ku bakobwa ndetse n’abadamu bazi kugendana n’ibigezweho. Mu minsi mikuru ushobora gusokoza coupe y’umusatsi uringaniye,maze bakayigusokoreza nka penke ariko ibyibushye ndetse ifite umusatsimuke ku ruhande maze hejuru ikaba (...)
-
Ingaruka za tentire mu musatsi n’uko wazirinda
Muri iki gihe usanga abakobwa n’abadamu benshi baharaye guhinduranya amabara y’imisatsi yabo bakoresheje tenture,hakaba abakabya kuburyo nibura buri kwezi ashobora guhindura ibara ry’umusatsi,nyamara uwo aba yikururira ibibazo bitandukanye biterwa na tentire nkuko ubushakashatsi bwabigaragaje Mu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’itsinda ry’abanyamerika,mu mwaka wa 2001 Mutarama,bwagaragaje ko abantu bakunda gukoresha tentire mu musatsi bikururira ingaruka zirimo no kurwara kanseri kandi (...)
-
Ibisuko biberana n’umutwe ufite amasoso
Burya hari ibisuko umuntu asuka ukabona bimubereye cyane bitewe n’uko umutwe we uteye,ubundi nanone akaba yasuka ibindi ukabona bitamubereye,ariko ku muntu ufite amasoso mu ruhanga rwe yaba manini cyangwa mato aberwa n’ibisuko tugiye kugarukaho. Umukobwa cyangwa umudamu ufite umutwe uriho amasoso aberwa no gusuka ibisuko biryamye ku mutwe ariko bitari binini kandi bitandukanye,ariko hagati y’igiduko n’ikindi hakaba hasutsemo utundi duto. Ashobora gusuka kandi ibisuko biryamye ku mutwe (...)
-
Uburyo 5 bwo gukoresha amagi mu musatsi ukaba mwiza
Umuhondo w’igi ribisi ni mwiza cyane ku musatsi kandi ni n’ibiryo byawo, kuko amagi agira uruhare runini mu byibushya umustasi no kuworoshya ukavanamo repuse cyane cyane ku bantu usanga badefiriza maze zikazamo nta n’icyumweru kirashira Iyo ushaka ko umusatsi ubyibuha kandi ugasa neza,ukoroga amagi abiri cyangwa atatu bitewe n’uko umusatsi ungana,maze ugasiga mu musatsi,byamara kumuka ukamesamo. Iyo ushaka gushyiramo vitamini nabwo ukoresha amagi,ukayakoroga ugasiga mu musatsi,nyuma y’iminota (...)
-
Ibisuko biryamye bigezweho wasuka
Muri iyi minsi hari moderi z’ibisuko biryamye ku mutwe bimaze iminsi bigezweho ku bakobwa n’abadamu bazi kugendana n’ibigezweho,dore ko mu gihe cy’imvura biba ari byiza ko abantu basuka aho gutunga imisatsi isanzwe kugira ngo itangirika,abasobanukiwe iby’imisatsi no kuyisukisha bazi neza ko imisatsi yo mu mvura igorana. Hari ibisuko biryamye ku mutwe,binini bibyibushye maze bibiribibiri bikaba byegeranye ariko hagati hakaba hasutsemo utundi duto tw’umusatsi natwo dutandukanye. Ibindi bisuko (...)
-
Ibiribwa ugomba kwirinda kurya ushaka gutereka umusatsi
Iyo umuntu akeneye gutereka umusatsi mu gihe gito ushaka ko ukura vuba kandi ukaba mwiza,hari ibiribwa agomba kwirinda kurya muri icyo gihe kuko bituma umusatsi ucikagurika bityo bigatuma udakura vuba ahubwo ugasanga utajya uva aho uri. 1. Ibinyobwa bya coke,bituma umusatsi udakura kuko igizwe n’isukari nyinshi,ari nayo ituma umusatsi uba mubi ndetse ntunakure.Dore ko mu icupa rimwe rya 33 cl riba ririmo 35 g,habamo isukari igera kuri 7. 2. Kurya amafi yo mu nyanja kandi nayo si meza kuko (...)
-
Insokozo zigezweho zo gusuka imisatsi mu musaya umwe
Hari uburyo bugezweho bwo gusokoza imisatis myinshi ndetse na plante ku bakobwa n’abadamu,aho usanga basutse ibiryamye ku ruhande rumwe,mu musaya maze ahandi bakahareka,ubundi umusatsi usigaye bakawerekza inyuma cyangwa bakawugarura mu maso. Hari umukobwa cyangwa umudamu usanga asutse plante,maze mu musaya hakaba hasutse naho ahasigaye umusatsi wose usigaye akawugarura mu maso,ugasa nupfutse ijisho rimwe. Hari undi usanga asutse plante ya human hair ndende,maze ku ruhande rumwe (...)
-
Tentire zigezweho ziberana n’umusatsi muke
Muri iyi minsi usanga abakobwa n’abadamu bakunda guhindura amabara y’imisatsi yabo,bakayshiramo tentire bashaka bitewe n’ibara bifuza,ninayo mpamvu twahisemo kubereka amabara aberana n’imisatsi mikeya ku mutwe cyane cyane ku musatsi uri utadefirije. Mu musatsi mukeya wa naturel utadefirije,ushobora gushyiramo tentire ya shokola,kandi ugashyira mu musatsi wose kuburyo nta na muke usigara. Iyo ufite agasatsi gakeya kandi ka naturel,ushobora gushyiramo tentire ya kaki,kuburyo wose uwuhindura (...)
-
Uko wakwita kumusatsi udakura
Hari ubwo umuntu aba afite umusatsi ariko ugasanga utajya ukura ngo uve aho uri,kandi ugahora ucikagurika bitewe n’impamvu zitandukanye zirimo no kutawitaho uko bikwiye kugira ngo ukure neza, ariko hari uburyo wawitaho ugakura kandi mu gihe gito. 1.Iyo ushaka ko umusatsi wawe ukura,wirinda kuwudefiriza kenshi ahubwo ukajya uwusuka kandi ukibuka gusuka ibisuko binini kuko nibyo bidaca umusatsi. 2. Ikindi gifasha umusatsi gukura neza nukuwumesamo,maze ukawumutsa ukoresheje cya cyuma cyagenewe (...)
-
Uko ugomba kumesa mu bisuko bya deredi
Kugirira isuku ibisuko bya deredi bitandukanye n’uko wayikorera ibindi kuko byo biba bizamara igihe kinini kirenze ibindi byose wasuka,niyo mpamvu hari amabwiriza agena uburyo bwo kubimesamo no kubisigamo kuko iyo ubikoze nabi zirangirika zigasa nabi cyangwa zikanuka ndetse zikanasaza vuba cyane. Ugomba kumenya ko utagiomba kumesa muri deredi mbere y’uko zimara ibyumweru bibiri uzisutse,ahubwo biba byiza iyo uziretse uko bazigufungiye uzisuka kugeza ugiye kuzifurishamo bwa mbere,nyuma (...)
-
Uko wasuka ibituta byo kujyana ahantu
Ubusanzwe gusuka ibituta by’umusatsi usanga bikunda gusukwa n’umuntu ufite umusatsi mwinshi,akawusuka agiye kuryama kugira ngo utazamurushya kuwusokoza mu gitondo,ariko burya ahari ibituta byiza wasuka ukabijyana ahantu ndetse ukaba wanabimarana umunsi urenze umwe ku mutwe. Iyo ugiye gusuka ibituta,waba ubyisukira cyangwa ari undi ugiye kugusuka ugerageza uburyo bwose utandukanya umusatsi wawe kandi ufata ungana maze ukawubohamo ibituta binini cyangwa bitoya. 1. Uburyo bwa mbere bwo (...)
-
Insokozo za plante zigezweho zibera bafite mu maso harehare
Muri iyi minsi usanga abakobw benshi n’abagore bakunda gushyiraho ubwoko bw’amapurante atandukanye ariko umubare minini ugasnga bashyiraho human hair kandi bakagira uburyo bazisokoresha ariko hari uburyo bwo kuzisokoza ku bantu bafite mu maso harehare bikaba bibabereye kurenza ko byasokozwa n’ufite mu maso hagufi. Usanga abenshi basokoresha coupe chinoise,ikatiye hejuru y’amaso ubundi ku ruhande hakaba ari harehare,plante ikaba imanuka ku matama kandi itarenga ku ijosi ngo igere ku (...)
-
Uko wakwita ku musatsi wa naturel w’amarende
Hari uburyo bwiza bwo kwita ku musatsi w’amarende ukawurinda gukikagurika ndetse ugakura mu gihe gito cyane kandi ukarambuka ukaba muremure kandi ugahora uhehereye nta bindi uwushyizemo,kabone nubwo waba warakunaniye ukurushya kuwusokoza. 1.iyo wameshe mu musatsi wa naturel kandi w’amarende ugerageza uburyo uwumutsa neza amazi agashiramo kandi ukawusigamo wamaze kuwumutsa.ushobora gukoresha nibura iminota iri hagati ya 30 na 40 uwumukisha ibyuma byagenewe kumutsa umusatsi. 2. umusatsi (...)
-
Shinyo zigezweho zo gusokoresha mu birori
Muri iyi minsi gusokoresha shinyo bigezweho cyane ku bakobwa n’abadamu b’abasirimu cyane cyane iyo batashye ubukwe cyangwa bagiye mu bindi birori byiyubashye,ariko ugasanga hari uburyo bwihariye basokozamo,kandi uwasokoje bumwe muri bwo akaba aberewe cyane. Hari shinyo nini y’imisatsi myinshi bafungira inyuma ariko ikaba ifata igice kinini cy’umutwe w’inyuma ariko ikaba itabyimbye cyane ku mutwe ahubwo isa n’iryame,kandi ikaba ihambirije undi musatsi uboshye nk’ikiziriko. Hari indi shinyo (...)
-
Ibisuko by’amarasita magufi by’amabara bigezweho
Hari ibisuko bimaze iminsi bigezweho cyane ku bakobwa bazi kugendana n’ibigezweho,ibyo bisuko bikaba ari amarasita magufi agera munsi y’amatwi kandi akaba ari inyabutatu,ndetse afite amabara atandukanye,maze uwisukisha agahitamo iryo ashaka. Hari ibisuko biba ari bigufi kandi ari inyabutatu kandi bikaba biringaniye atari binini cyane kandi atari na dutoya,maze bikaba bijya gusa n’imvi z’umusatsi. Hari kandi ibindi bisuko nabyo biba bimeze nk’ibi byo hejuru ariko byo bikaba bifite ibara rya (...)