Ikanzu yakwambarwa henshi

Yanditswe: 01-06-2014

Mu gihe ushaka kwambara neza ariko kandi udakabije wakwambara iyi kanzu. Iyi kanzu rero wayijyana, ku kazi ku bantu bikorera, cyangwa se nko mu birori by’ubukwe bwo gusinya ku murenge n’ibindi birori bidakanganye. Iyi moderi yerekanywe muri Kigali Fashion show 2012

byanditswe na Nina

NB : Birabujijwe kwandukura cyangwa gutangaza iyi nkuru mu kindi kinyamakuru utabiherewe uruhushya n’ubuyobozi bwa agasaro.com. Twandikire kuri info@agasaro.com

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe