Ikanzu n’ikote ry’igitenge
Yanditswe: 26-05-2014
Mugihe ushatse kurimba kandi udakabije, wiyubashye, wambara imyenda iguhesha icyubairo. Igihe utashye amakwe cg ugiye mu bindi birori wakwambara nk’uyu mwambaro. Ako gakote k’igitenge gahita gahindura ishusho y’ikanzu ubusanzwe yaba irimbitse cyane ari iyibirori bikayiha ishusho yo kujyana muri gahunda z’akazi, nk’amanama cynagwa se gusangira ariko mu rwego rw’akazi.
Iyi moderi yahimbwe na Naleli, yerekanywe muri fashion show ya 2012
NB : Birabujijwe kwandukura cyangwa gutangaza iyi nkuru mu kindi kinyamakuru utabiherewe uruhushya n’ubuyobozi bwa agasaro.com. Twandikire kuri info@agasaro.com
Ibitekerezo byanyu
28 août 2014, 03:15, yanditswe na maami
uyu mkwenda ntiwiyubashye murabeshye, kuko iyi kanzu ni ngufi cyane pe