-
Ibitebo biteka bikanashyushya ibiryo n’uko wabibona
Hari ibitebo bizwi ku izina rya ’’Peace maker’’ biteka ibiryo bikanabishyushya amasaha arenga arindwi kuburyo udashobora kurya ibiryo bikonje ufite iki gitebo. Uko peacemaker ikoreshwa n’ibyiza byayo 1. Iki gitebo kiba gikoze ku buryo bw’ubuhanga cyane kuburyo uterekamo ibiryo bitarashya neza,bikaza guhiramo kuko kigira ubushyuhe bwinshi bubasha guhisha ibiryo . 2. Uterekamo isafuriya cyangwa isorori y’ibiryo bihiye sa mbili z’igitondo bikagera sa cyenda z’umugoroba bigishyushye. 3. Ibi bitebo (...)
-
Imbabura zikoresha amakara make nuko wazibona
Uko iminsi ishira iterambere riragenda ryiyongera ndetse abantu bagenda bavumbura ibikoresho bitandukanye bifasha abantu mu buzima bwabo bwa buri munsi,ubu noneho,umuntu ashobora guteka ku mbabura idatwara amakara ndetse ikoreshwa n’umuriro w’amashanyarazi. Ibyiza by’imbabura ikoreshwa n’amashanyarazi Uyikoresha icometse ku mashanyarazi ugashyiraho udukara duke cyane ku buryo niba umufuka wawucanaga ibyumweru 2, kuri iyi mbabura uwukoresha amezi atatu Itwara umuriro muke nk’uwo telefoni (...)