-
Ibintu by’igenzi bituma urugo rukomera
Ingo nyinshi zisenyuka kubera impamvu zitandukanye zaba zituruka ku mugabo cyangwa se ku mugore, ni byiza kumenya uko abashakanye bakwiriye kubana kugira ngo umunezero ukomeze mu rugo rwabo nk’uko bajya gushakana babyifuzaga. Izi ni zimwe mu ngingo z’ingenzi z’ubaka urugo rugakomera nkuko Past Liliose Tayi yazitanze mu kiganiro cya Aglow Rwanda. Kutaba nyamwigendaho : Umugore n’umugabo wese ntakwiriye kuba nyamwigendaho mu rugo kandi afite uwo bashakanye babana kandi bafatanije inshingano (...)
-
Ibintu 5 wakurikiza mu guha akazi umukozi wo mu rugo
Nkuko bisanzwe mbere yo gutanga akazi mu nzego izo arizo zose hari umurongo ngenderwaho umukoresha aba afite mu gushaka uwo aha akazi ndetse n’ibyo agomba kuba yujuje kugira ngo akore ako kazi neza. Tugiye kubagezeho bimwe mu bintu byinshi umukoresha akwiye gushingiraho aha akazi umukozi wo mu rugo . 1. Kumumenya, ukamenya n’iwabo : Ni byiza gukoresha umuntu uzi neza cyangwa uwamukurangiye azi neza, kureba ko afite ibyangombwa ndetse ukabaririza naho yabaye n’iwabo amateka bafite. Hari (...)
-
Uko washyiraho gusengana mu muryango wawe.
Kuva kera Imiryango y’abakristu yagiye ibona imbaraga mu gufata umwanya bagasenga bagasoma hamwe Ijambo ry’Imana . Amatorero ya mbere yateraniraga mu miryango, ndetse na Timoteyo wo muri Bibiliya bigaragara ko yakomeye mu kwizera kubera kwizera k’ umuryango we. kubahiriza iyi gahunda uhozaho bizubaka cyane ubuzima bw’umuryango wawe. Niba utarabikora cyangwa ushaka kongera kubitangira uburyo ubikora ni ingenzi cyane. Kurikiza izi ntambwe rero : Mubisengere hamwe nk’ababyeyi. : saba Imana (...)
-
Guhitamo kwakiza cyangwa kugasenya urugo rwawe
Mu mibanire y’ abashakanye, hari igihe basanga hari ibintu batishimiye kuri bagenzi babo babana. Mu gushaka umuti w’ibibazo banyura mu nzira ebyiri zitandukanye kandi zigatanga ibisubizo bitandukanye. Reka dusobanure izo nzira n’aho zigeza abazinyuze. Inzira ya mbere 1- Guhinyura uwo mwashakanye (critiquer) mu gihe hari ikintu utishimiye kuri we 2- kwihagararaho cyangwa kutava ku izima mu gihe wakoze amakosa 3- kwishyura cyangwa guhimana mu gihe yakubabaje 4- kubaka ibikuta hagati yanyu (...)
-
Ibintu 6 byafasha umuryango gushikama igihe kirekire
Umuryango mwiza ntago wikora, bisaba kuwubaka ndetse abawugize bose bagahozaho. Ibi ni bimwe mu byatuma umuryango ukomera nkuko byatanzwe na Jacky, umujyanama w’imiryango wabigize umwuga akaba ari n’umukristu. Inama atanga ziba zishingiye kuri Bibiliya. : 1. Kwitangira umuryango : kumenya ibyo wakorera abandi harimo gufatanya, abagore kuganduka ( bitari kuba imbata) , abagabo gukunda, kugira umutima wo gushyigikira mugenzi wawe. Ndetse no kudategereza ko ari mugenzi wawe ucyemura ikibazo (...)
0 | ... | 120 | 140 | 160 | 180 | 200 | 220 | 240 | 260 | 280 | 300