-
Iyo umuntu apfuye nta bana afite azungurwa na nde ?
Nkuko urutonde rw’abantu bashobora kuzungura umuntu rubigaragaza ubasanzwe abana nibo baza ku mwanya wa mbere mu kuzungura umuntu ariko iyo uwo umuntu apfuye nta mwana yabyaye hari uburyo amategeko ateganya ko azazugurwamo. Dore uko urutonde rw’abazungura igihe umuntu apfuye nta bana asize kandi yarasezeranye ivanguramutungo : 1. Se na nyina ba nyakwigendera ; 2. Abavandimwe ba nyakwigendera basangiye se na nyina ; 3. Abavandimwe ba nyakwigendera basangiye umubyeyi umwe ; 4. Ba se wabo, ba (...)
-
Uko wakitwara igihe uri umuyobozi w’mugabo wawe ku kazi
Bijya bibaho ko umugore yayobora umugabo we mu kazi, bakaba bakora ahantu hamwe ariko umugore ariwe ufite umwanya ukomeye ndetse akaba ari n’umuyobozi w’umugabo we. Mu gihe bimeze gutyo hari ubwo bishobora guteza amakimbirane iyo mutabyitwayemo neza ,ariko hari uburyo bwiza mwabyitwaramo ntibigire amakimbirane biteza mu rugo no mu kazi. Ntugatinye gufata umugabo wawe nk’abandi bakozi bose : mu gihe muri mu kazi biba bitandukanye n’igihe muri mu rugo. Ni byiza rero kwimenyereza gufata umugabo (...)
-
Impamvu zitera bamwe mu bagore b’abayobozi guhohoterwa n’abagabo babo
Hari bamwe mu bagore usanga bagaragara mu bandi ko bubashywe kubera imyanya runaka y’ubuyobozi bariho nyamara hari bamwe usanga bakorerwa ihohoterwa n’abagabo babo igihe bageze mu rugo kandi hanze bazwiho kuba abantu bakomeye, ndetse bikaba ikibazo gikomeye kuko bene abo bagore bo batinya kuvuga ihohoterwa bakorerwa. Dore zimwe mu mpamvu zijya zitera abagore b’abayobozi guhohoterwa nabo bashakanye : Kuba umugabo aterwa ipfunwe no kuba afite umwanya uri hasi y’uw’umugore : abagabo ahanini (...)
-
Gukundana n’umukobwa ugusumba ntibivugwaho rumwe n’abasore
Bamwe mu basore bo mumujyi wa Kigali twaganiriye ku ngingo yo gukundana n’umukobwa ugusumba cyane ,bagize icyo bayivugaho aho bamwe bahamya ko badashobora gukundana n’umukobwa muremure cyane ubasumba abandi bakavuga ko urukundo rutareba uburebure cyangwa ubugufi. Abasore twaganiriye bagera kuri bane, batatu muri bo memeza ko bitaborohera gukundana n’umukobwa muremure cyane ubasumba ndetse bakumva byaba ari amahano kubera impamvu tugiye kubagezaho, naho umwe we akemeza ko ntacyamubuza (...)
-
Igihe impano irimo n’inkwano ishobora guseswa
Impano irimo n’inkwano ishobra guseswa ikanasubizwa uwayitanze kubera impamvu zitandukanye nkuko biteganywa n’igice cya kabiri cy’itegeko mbonezamubano ryo mu 1999. Ibisobanuro ku mpano hagati y’abazima Impano hagati y’abazima ni amasezerano y’ubugiraneza atuma umuntu aha undi mu mutungo we ku buryo budasubirwaho kandi uhawe akabyemera.Igikorwa cyose cy’igurisha kigaragara nk’itangwa ku muntu ry’ikintu gifatwa nk’aho ari impano ihishiriye. Impano ihishiriye igomba kubahiriza amategeko agenga (...)
-
Ibintu by’ibanze buri munyarwandakazi agomba kugiraho uburenganzira
Abagore n’abakobwa bo mu Rwanda bafite uburenganzira bw’ibanze buri wese aba agomba kumenya kugirango no mu gihe ubwo burenganzira atabwemererwe abona uko usaba kurenganurwa. Dore ibintu by’igenzi buromugore wo mu Rwanda afiteho uburenganzira : • Abagore n’abakobwa bafite uburenganzira bwo gufatwa kimwe n’abagabo ndetse n’abahungu. Kurenganya umugore cyangwa se umukobwa ushingiye ku gitsina ni icyaha gihanirwa n’amategeko kigaciribwa n’ihazabu • Abagore n’abakobwa bafite uburenganzira bungana (...)
-
Abagore bihanganira ingaruka z’ubutane kurusha abagabo
Ubutane hagati y’abashakanye bugira ingaruka kuri bose ari ku mugore, ku bana ndetse no ku mugabo, ariko nubwo izo ngaruka zigera kuri bose ubushakashatsi bwagaragaje ko abagore aribo babasha kwihanganira ubuzima bwa nyuma yo gutandukana n’abagabo kurusha uko abagabo babaho. Mu bushakashatsi bwatangajwe mu kinyamakuru cyitwa Journal Economica, berekanye ko mu bantu babajijwe abagore bagaragaje ko babaho mu buzima burimo umunezero nyuma yo gutandukana n’abo bashakanye kurusha uko bigenda ku (...)
-
Uko impano itangwa hakurikijwe amategeko
Impano ni igikorwa cyo guha umuntu ikintu gifite agaciro nta kiguzi. Ni muri urwo rwego tugiye kureba uko itegeko reteganya ku buryo impano zitangwamo ndetse n’ibyo utagomba kurenza igihe utanga impano mu gihe ufite abana nkuko biteganywa n’itegeko. Itegeko ryemera ko impano ari : 1° itanga ry’ibintu hagati y’abazima ; 2° itanga ry’umunani ; 3° itanga ry’umurage ; 4° isezerano ry’impano Impano zikorerwa inyandiko mpamo cyangwa inyandiko bwite cyangwa igashyikirizwa gusa nyirayo. Impano itangira (...)
-
Amakosa utagomba kureberera ku mukozi wo mu rugo w’umukobwa
Hari amakosa abakozi b’abakobwa bakora mu rugo rw’umuntu bakorera ugasanga abantu bamwe bayafata nkaho ntacyo atwaye kandi ashobora guteza ingaruka zikomeye kuri wowe umukoresha ndetse no kubabarizwa muri urwo rugo bose n’abo wabyaye barimo. Gusuzugura cyane ; umukozi utagira uwo yubaha mu buzima bwe ,ndetse ugasanga nawe ubwawe umukoresha ntajya yumva icyo umubwiye ,rimwe na rimwe akikorera ibyo yishakiye bitandukanye n’ibyo ushaka kubera agasuzuguro agira,ntuzakomeze kurebera kuko uwo nta (...)
-
Ibintu bikenewe gukorwa kugirango uburinganire bugerweho neza mu Rwanda
Haracyariho imbogamizi zituma uburinganire hagati y’umugore n’umugabo butagerwaho neza nkuko byagaragajwe na ministeri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango ndetse n’abafatanyabikorwa bayo, ubwo bari mu nama yabahuje kuri uyu wa kane tariki ya 25 Kamena, 2015. Ni ngombwa ko izo mbogamizi zikurwaho kugirango uburinganire bugerweho neza mu Rwanda. Henriette Umulisa umunyamabanga uhoraho muri Ministeri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango yagize ati ; ‘Turacyafite urugendo kuko n’ubwo abagore (...)
-
Uko watinyuka kuvugira mu ruhame
Gutinyuka kuvugira mu ruhame ni ibintu bidakunze gushoborwa n’abakobwa ndetse n’abagore benshi, ariko burya ku bantu bagira ubwoba bwo gutanga ibitekerezo byabo mu bantu benshi, hari uko babyitwaramo ubwoba bugashira nabo bakabasha gufata ijambo. Menya inkomoko y’ubwoba ugira : Ubwoba ugira bufite aho bukomoka kuko haba hari ikintu utinya ko cyakubaho uramutse uvugiye mu ruhame. Urugero : abo mbwira bari buvuge iki ku byo mbabwiye, none nakora amakosa, aho ntibanseka,… ? Jya wishyiramo ko (...)
-
Abasore ntibavuga rumwe ku gukundana n’umukobwa ufite imodoka
Muri iyi minsi bimaze kugaragara ko abakobwa benshi bo mu mujyi wa Kigali baba bafite imodoka zabo batwara, ariko abasore baba bishakira gutereta bo ngo babona bitoroshye kuba watereta umukobwa witwara mu modoka ye. Aba ni bamwe mu basore batuye mu mujyi wa Kigali twaganiriye batubwira byinshi ku mukobwa utunze imidoka ye. Bamwe bavuga ko batakubahuka gutereta umukobwa witwara mu gihe umusore we ubwo bushobozi atarabugira ; abandi bakavuga ko bishoboka ko basaba urukundo bene abo bakobwa (...)
-
Uko wakifata igihe ubwiwe ibintu bigutera ikiniga ugashaka kuririra mu kazi
Mu gihe umugore cyangwa se umukobwa afashwe n’ikiniga agashaka kurira mu kazi kandi yumva adashaka kurira hari uburyo aba agomba kwifatamo. Mu busanzwe kurira nta kibazo ni na byiza kuko bituma umuntu aruhuka, gusa hari igihe uba wumva utabohokeye kurira aho uri dore ko mu mumyumvire y’abantu benshi babifata nkaho ari ukugira intege nke. Mu gihe bikubayeho rero kandi ukabona atari byiza ko uganzwa n’amarangamutima, dore uko wabyitwaramo : Humeka cyane : uko usohora umwuka cyane ukinjiza (...)
-
Uko umugore ufite umugabo utishimira ko yinjiza kumurusha yakwitwara
Abagore bamwe bisaba ko bitwararika iyo binjiza amafranga menshi kurusha abagabo kuko hari ubwo usanga bitera ubwumvikane buke mu rugo bitewe n’imyumvire y’umugabo cyangwa se bigaterwa n’imyitwarire y’umugabo. Kugirango mutazagira ubwimvikane buke mu rugo igihe winjiza amafaranga menshi kurusha umugabo dor euko uba ugomba kwitwara nkuko bigaragara mu gitabo cyitwa “When She Makes More : 10 Rules for Breadwinning Women” cyanditswe na Farnoosh Torabi. Reka kumva ko uri gukora inshingano (...)
-
Dore ibintu umukobwa ukijijwe yanga mu rukundo
Umukobwa w’umukirisitu iyo yinjiye mu rukundo n’umusore runaka, hari ibintu byinshi aziririza kuko kuri we aba yumva ari icyaha gikomeye ku buryo iyo abona asabwa kubijyamo kubera urukundo, bishobora gutuma aruvamo aho kugira ngo ateshuke ku gakiza. Gukundana n’umuhungu udakijijwe, umukobwa uzi imana by’ukuri ntashobora gukora ikosa ryo kujya mu rukundo n’umusore udakijijwe,umwe witwa umupagani mu gihe atemera gukizwa.Gukundana na bene uwo aba abona ari ikibazo gikomeye kuko ashobora kumubera (...)
-
Impamvu amatorero amwe atemera ko abagore bahabwa inkoni y’ubushumba andi akabyemera
Akenshi tumenyereye ko abapasiteri bo mu matorero menshi atandukanye yo mu Rwanda usanga ahanini abagabo bahabwa izo nshingano kurusha abagore, ariko uko iminsi ishira haduka amatorero menshi yemerera bagore guhabwa inshingano ay’andi ugasanga atabikozwa. Twegereye abashumba b’amatorero amwe n’amwe ndetse n’abayoboke bayo batubwira impamvu hari abamerera n’abatabyemera. Iyo witegereje usanga mu madini amaze igihe kinini mu gihugu batajya baha abagore inshingano y’ubushumba,ugasanga bitwaza (...)
-
Menya uburyo ugomba kwitwara igihe uyobora abagabo uri umugore
Muri iyi minsi abagore bagenda bahabwa akazi mu nzego zitandukanye ndetse ugasanga bashobora no guhabwa inshingano zo kuyobora umubare w’abantu benshi barimo n’abagabo. Rimwe na rimwe hari abatamenya uburyo bayitwaramo bikaba byabaviramo kutayobora neza, akaba ari muri urwo rwego twahisemo kubagezaho uburyo umugore yakwitwara igihe ayobora abagabo mu nkuru dukesha urubuga Queenic.com Izi ni zimwe mu ngingo zifasha umugore kuyobora neza cyane cyane iyo abo ayobora ari abagabo. Kwiyoroshya (...)
-
Uko abashyingiranywe bashobora guhindura amasezerano ku icungamutungo
Birashoboka ko abashyingiranye bahindura amasezerano y’imicungire y’umutungo bagiranye nkuko itegeko n° 22/99 ryo ku wa 12/11/1999 ryuzuza igitabo cya mbere cy’urwunge rw’amategeko mbonezamubano kandi rishyiraho igice cya gatanu cyerekeye imicungire y’umutungo w’abashyingiranywe, impano n’izungura, ribivuga mu ngingo yaryo ya 19 n’iya 20. Bisabwe n’abashyingiranywe cyangwa umwe muri bo igihe bakibana, imicungire y’umutungo wabo ishobora guhindurwa. Ubishaka agomba kugaragaza ko ihinduka rifitiye (...)
-
Impanuro 10 umubyeyi mukuru aha umukobwa we ukiri muto
Umwe mu bakobwa b’abanyafurika yasangije abandi inama yagiriwe na nyirakuru. Muri rusange, usanga ba nyirakuru b’abantu bagira uruhare rukomeye mu burere bw’abuzukuru babo. Babasha kwita ku bana babaha urukundo, bakabagira inama ndetse bakabigisha no kwitonda. Dore zimwe mu nama 10 uyu mukobwa yagiriwe. Nta mukobwa wagakwiriye gusohoka mu buriri adashashe ndetse atanatunganyije icyumba cye mu buryo bukwiriye. Mu gihe umukobwa cyangwa se umugore yicaye mu ruhame, agomba kumenya ko akwiye (...)
-
Impamvu milliyoni zirenga 2 z’abangavu ku isi zitwara inda zitateganijwe buri mwaka
Abangavu bagera kuri 20% batwara inda zitateganijwe buri mwaka kandi miliyoni 3,2 z’abangavu bahura n’ibibazo bikomeye byo gukaramo inda nkuko bitangazwa n’umuryango mpumahanga ushinzwe abaturage (UNFPA) . Impamvu nyamukuru zituma habaho gutwita mu bangavu ni izi zikurikira : Ababyeyi bamwe ntibabona umwanya uhagije wo kuganira n’abana, bamwe babaha urugero rubi . Abarezi bamwe ntibiyubaha imbere y’abana, bamwe bakaba bagira n’uruhare mu gutera abo bangavu inda ; Abangavu n’ingimbi bamwe (...)
0 | ... | 40 | 60 | 80 | 100 | 120 | 140 | 160 | 180 | 200 | ... | 280