-
Antoinette, umuyobozi wa Women for Women mu Rwanda
Uwimana Antoinette, ayobora umushinga Women for Women International ku rwego rw’igihugu. Mbere yo kugera kuri urwo rwego, Antoinette yakoze indi mirimo itandukanye yiganjemo iyo guteza imbere imibereho y’abaturage, akaba ari umwe mu bagore bafite intego yo guharanira iterambere ry’abagore n’abaturage muri rusange. Antoinette yize amashuiri ye abanza n’ay’isumbuye kuri Goma, kaminuza ayigira i Bunia ahakura impamyabumenyi y’imyaka 3 mu binyabuzima n’ubutabire ( Biologie Chimie). Nyuma yaho yaje (...)
-
Umunyafurikakazi wa mbere utwara indege yo mu bwoko bwa Boeing
Irene Koki Mutungi niwe mugore wa mbere muri Afrika wabaye captain w’ indege yo mu bwoko bwa Boeing B787 Dreamliner. Irene ukomoka muri Kenya niwe mugore wambere watwaye indege muri Kenya ndetse amara imyaka itandatu ariwe mupilote wenyine w’umugore muri Kenya, abandi bagore bakurikiyeho nyuma. Bwa mbere Irene yabanje gutwara indege yitwa 767-300ER, indege ya kabiri mu bunini muri Kenya. Nyuma aza kuba umupilote wa Boeing B777-300ER, aza no kuba captain wa mbere wa Kenya Airways w’indege yo (...)
-
Mariya Yohana, Umwe mu banyarwandakazi bakoze ibikorwa by’indashyikirwa
Umuhanzikazi Mariya Yohana, ni umwe mu bagore b’abanyarwandakazi bakoze ibikorwa by’indashyikirwa byagiriye igihugu kamaro abinyujije mu ndirimbo ze ziganjemo izisigasira umuco no kubaka igihugu, akaba ndetse azwiho kugira uruhare runini mu rugamba rwo kubohora igihugu no kurera igihugu akora akora umwuga w’ubwarimu. Ubusanzwe amazina Nyakuri ya Mariya Yohana, ni Mukankuranga Marie Jeanne, yavutse tariki ya 2 Ukuboza1942, avukira mu Karere ka Ngoma i Zaza. Mariya Yohana yize amashuri ye (...)
-
Aurore, akuriye itsinda ry’ubushakahatsi muri Girl Hub
Aurore Irangeneye yatangiye gukorera umuryango Girl Hub Rwanda ufasha abana b’abakobwa bari mu kigero cy’ubwangavu muri 2012, aho yatangiye atanga ibinyamakuru byandikwa na Girl Hub Rwanda byitwa Ninyampinga, none kuri ubu ni umwe mu bayozi bakuru muri Girl HubRwanda , akaba akuriye itsinda ry’ubushakashatsi. Aurore agira ati : “natangiye ntanga ibinyamakuru mu karere ka Karongi, kubera umurava wanjye mu kazi nza kugirirwa amahirwe yo gutoranwa mu bakobwa 6 bazajya bakora ubushakashatsi (...)
-
Sarah, umwiraburakazi wa mbere wabaruwe mu baherwe
Sarah Breedlove ni umugore wabanje kubaho ubuzima butamworoheye bwa gikene ariko nyuma aza gukora ubucuruzi bw’amavuta y’imisatsi y’abirabura bikaba byaratumye ashyirwa mu baherwe, ndetse akaba ariwe mugore wa mbere w’umwirabura warubashije gutera iyo ntambwe. Sarah yavutse tariki ya 23 Ukuboza 1867, yarazwi ku izina rya Madam C.J. Walker, akaba yari umunyamerika wihangiye umurimo mu bijyanye n’ubwiza no gutunganya imisatsi ndetse no gucuruza amavuta y’imisatsi. Sarah yarafiye company yitwa (...)
-
Ministiri Judith Uwizeye ni muntu ki ?
Judith Uwizeye yagizwe Minisitiri w’abakozi ba Leta n’Umurimo muri Nyakanga 2014, asimbura Murekezi Anastase ubu wagizwe Ministri w’Intebe w’u Rwanda. Judith Uwizeye avuga ko byamutunguye cyane ubwo bamuhamagaraga ku mugoroba yibereye mu gikoni atetse, bamumenyesha ko agizwe Minisitiri ; Ngo yahise yibwira ko ari abatekamutwe b’i Kigali bamuhamagaye ariko nyuma yaje gusanga ayo makuru ari impamo, buracya ajya kurahira. Ese ni muntu ki ? Judith Uwizeye w’imyaka 36 y’amavuko (yavutse tariki (...)
-
Iribagiza ari muri ba rwiyemazamirimo 30 bato muri Afrika
Iribagiza Clarisse ni umunyarwandakazi washyizwe ku rutonde rwakozwe n’ikinyamakuru Forbes Magazine rwerekana ba rwiyemezamirimo bakiri bato kandi batanga icyizere cy’ahazaza kurusha abandi muri Afrika. Mu cyumweru gishize nibwo Forbes Magazine yakoze uro rutonde rwagaragayeho umunyarwandakazi Iribagiza Clarisse hamwe n’abandi barwiyemezamirimo bakiri bato bo mu bihugu bitandukanye muri Afrika nka Uganda, Kenya, Afrika y’epfo, Nigeriya, Cameroun, Ethiopia na Tanzaniya. Uyu munyarwandakazi (...)
-
Kayirebe akora isuku y’uruhu akoresheje ibikoresho karemano
Kayirebe ni umukobwa wiyemeje gukora umwuga wo gusukura uruhu nyuma yo kubyiga kuko yari arangije amashuri yisumbuye akabona ko atakomeza kwicara ngo atagereze akazi ka leta. Kuri ubu Kayirebe umwuga we arawishimira kandi afite n’abandi bakobwa yigishije nabo bafite aho bamaze kwigeza. Kayirebe yize mu ishuli ry’Abayapani ryitwa New hope Technical Institute, riri mu mugi wa Kigali, akaba asukura uruhu akoresheje ibikoresho by’umwimerere( naturel) nk’inyanya, amagi, cocombre na yaourt n’izindi (...)
-
Léa aboha imyenda y’amoko yose mu budodo
Uwera Lea ni umukobwa wihangiye umurimo akaba adoda imyenda itandukanye akoresheje ubudodo na koroshi. Ku bw’uwo myuga Lea yihangiye, avuga ko amaze kwiteza imbere ndetse ko ari muri gahunda zo kubisangiza n’urundi rubyiruko narwo rukiteza imbere. Mu myambaro lea aboha yiganjemo, ibishura, amagants, amajipo n’udupira , amakunzi n’imyenda y’abana. Lea avuga ko yahumutse amaso agatangira gukora ibijyanye no kuboha nyuma yaho yari amaze imyaka ine yose mu bushimeri nta kazi kandi yitwa ngo yari (...)
-
Agatha Uwiringiyimana n’ibikorwa by’ingenzi yagiye akora
Mu ntwali nyinshi zibukwa mu Rwanda kubera ibikorwa byo kubohora igihugu harimo n’abagore bitanze twavuga nk’Agatha Uwiringiyimana ,Niyitegeka Felicite n’abandi. Uwiringiyimana Agathe ni umugore wabaye intwali kandi n’abandi bagore bose bakwiriye kwigiraho kuko ibikorwa bye nibyo bituma abarirwa mu ntwali z’u Rwanda mu rwego rw’Imena. Ntiyigeze ashyigikira ivangura ndetse yaje no kubizira kuko yishwe muri genoside yakorewe abatutsi 1994. Ibi ni bimwe mu byo yagiye akora nyerekana ubutwari (...)
-
Niyitegeka Félicité, umwe mu ntwari z’Imena
Mu Rwanda tugira ibyiciro bitatu by’intwari aribyo, Imanzi, Imena n’Ingezi, tukaba tugiye kubagezaho bimwe mu byaranze intwari Felicite Niyitegeka, uri mu cyiciro cy’intwari z’Imena, akaba yarashyizwe mu ntwari z’igihugu ku bwo kwanga gusiga abo yari yarahishe mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 akemera gupfana nabo. Niyitegeka Felicite yavukiye mu karere ka Huye ahitwa I Vumbi mu mwaka w’ 1934. NYina yitwaga Nyirampabuka Angelina naho se akitwa Sekabwa Simoni. Felicite avuka mu (...)
-
Devotha, adoda amatapi, ibitebo biteka, n’ubundi bukorikori
Musanabera Devotha adoda amatapi akoresheje, akagakora ibitebo biteka bikanashyushya n’ibindi bijyanye n’ubukorikori. Devotha nubwo akuze afite intego yo gukomeza gukora ibihangano bye, akazagira umurage asiga mu rubyiruko uzabarinda ubushomeri. Devotha ni umubyeyi ubona ko akuze, ariko akora ubukorikori butandukanye burimo kudoda amatapi akoresheje koroshi n’ubudodo akabidodera ku mufuka usanzwe ku buryo abiteranya ukaba utamenya ko ari indodo ziri ku mufuka. Usibye amatapi kandi Devotha (...)
-
Fatou Bensouda, umwe mu bayobozi bakuru muri ICC
Fatou Bensouda ni umushinjacyaha mukuru, n’umujyanama mu by’amategeko mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC, akaba ari umwe mu banyamategeko bakomeye bakomoka muri Afrika. Bensouda yavutse tariki ya 31 Mutarama1961, avukira muri Gambiya akaba ari umunyamategeko w’umwuga. Bensouda yabaye umushinjacyaha mukuru w’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kuva muri 2012 nyuma yuko yabanje kuba umuyobozi wungirije mu cyikiro cy’ubushinjacyaha kuva muri 2004, ndetse no kuva muri 2002 akaba yari akuriye itsinda (...)
-
Marie Paule, umuyobozi wa fondation Uwanyiligira Suzanne
Marie Paule Sebera Mpore niwe watangije fondation Uwanyiligira Suzanne , ikaba ifasha abapfakazi n’imfubyi bafite ubwandu bwa virusi itera SIDA. Amateka ya Foundation Uwanyiligira Suzanne yatangiye mu myaka 20 ishize ubwo umubyeyi wa Marie Paule yitabaga Imana muri 1988, Marie Paule agasigara yibaza igikorwa kigaragara yakora mu guhora azirikana urukundo rwa mama we kandi kikagirira abantu benshi umumaro. Umubyeyi wa Marie Paule ari nawe ntandaro yo gushinga foundation Uwanyiligira (...)
-
Abigayili, umugore w’icyitegererezo muri Bibiliya
Nk’abagore bakunda Imana kandi bakunda kubahisha imiryango yabo hari byinshi dukwiye kwigira ku bandi bagore batubanjirije ndetse na bibiliya ikagira ibyo ibavuga ho. Tugiye kwigira mugore witwa Abigail uboneka muri 1 Samuel 25. Uyu mugore tugiye kwigiraho byinshi yabayeho ku ngoma y’Umwami w’Abisiraeli witwaga Dawidi, akaba yari umugore mwiza ku buranga kandi w’umunyabwenge, uwo yari afite umugabo witwa Nabali. Nabali uwo yari umugabo mubi w’umunyamwaga kandi w’inkozi y’ibibi.( murongo wa 3). (...)
-
Lagarde, umuyobozi w’ikigega mpuzamahanga cy’imari ( IMF)
Christine Lagarde niwe mugore wa mbere wayoboye ikigega mpuzamahanga cy’imari ( FMI, IMF), mbere yo kuba umuyobozi wa FMI, Lagarde yakoze indi mirimo itandukanye haba mu gihugu cye cy’amavuko ndetse no ku rwego mpuzamahanga. Lagarde ni umufaransa wavukiye I Paris tariki ya 1 Mutarama,1956 akaba ari umunyamategeko. Mbereyo kugirwa umuyobozi wa FMI tariki ya 5 Nyakanga, 2011, Lagarde yayoboye Ministeri zitandukanye mu gihugu cye cy’Ubufaransa. Yabaye minisitiri w’ubukungu, imari n’umurimo, (...)
-
Gicanda uhimba moderi
Rosalie Gicanda, ahimba za moderi ( styliste cyangwa Fashion Designer) ni we wambere watangije design yihariye ya kinyarwanda. Rosalie yize kudoda mu mashuri ubwo yabaga muri Congo. Arangije kwiga yagiye kuba muri Afrika y’uburengerazuba aho yabyigishije imyaka 10. Ageze mu Rwanda nibwo yatangiye kubikora nka Business mu 1998 atangira inzu badoderamo « maison de Couture » aho yari afite gahunda yo guhimba moderi yibanda cyane ku bitenge ndetse na Bazin(boubou), Atangiye gukorera mu Rwanda (...)
-
Mary Rwangombwa, umwe mu bayobozi bakuru muri MTN
Mary Asimwe Rwangombwa ni umuyobozi mukuru ushinzwe imicungire y’abakozi muri MTN kuva mu 2010. Ni umwe mu bagore bafite imyanya yo ku rwego rwo hejuru mu kigo gikomeye nka MTN. Twaganiriye nawe atubwira imibereho ye ijyanye n’akazi ndetse atubwira n’ibanga yakoresheje kugirango agera ku rwego rwo kuba umuyobozi mukuru mu kigo kinini. Mary yantangiye gukora akazi mu myaka 20 ishize aho yakoraga nk’uwakira amafaranga (cashier) muri company yari iy’umuvandimwe we. Yahakoze nk’cumwaka n’igice (...)
-
Lise, akora amavuta yo kwisiga n’izindi servisi z’ubwiza
Anne Lise Uwingabiye, yatangije kompanyi yitwa Belleza inc, ikora amavuta yo kwisiga ya Vaseline bakaba batanga n’izindi servisi z’ubwiza nko gusuka, kudefriza, kwita ku ruhu n’ibindi. Lise yatangiye ibijyanye n’ubwiza yiga gusuka none ageze ku rwego rwo gutanga servisi hifashishijwe ikoranabuhanga. Belleza Inc nkuko Lise abivuga ni igitecyerezo cyatangiye mu myaka ine ishize ariko mbere yaho akaba yari asanzwe akunda ibintu bijyanye no kwisiga ndetse no kwambara akaba ari yo mpamvu yabikunze (...)
-
Julianna kanyomozi
Julienna Kanyomozi ni umuhanzikazi uzwi cyane muri Uganda n’ahandi henshi hirya no hino ku isi. Ubusanzwe Juliana ni umuhanzi, akaba n’umukinnyi wa filime. Mu myaka itari mike amaze amaze akora iby’umuziki Juliana amaze kugera ku rwego rwo kubaka ibitaro n’ibindi bikorwa byinshi bitandukanye. Kanyomozi yavukiye muri Uganda tariki ya 27 Ugushyingo,1982, yize amashuri ye yisumbuye mu ishuri rya Mamasagaki mu karere ka Kamuli. Juliana yamenyekanye muri za 90 aho yabarizwaga mu itsinda ryitwa ‘ (...)
0 | ... | 60 | 80 | 100 | 120 | 140 | 160 | 180 | 200 | 220 | ... | 260