-
Amajipo maremare agezweho y’abadamu
Amajipo maremare asesuye ni imyambaro ibera abadamu ndetse n’abakobwa bakunda kwambara imyenda miremire,ni nayo mpamvu uyu munsi twabahitiyemo amwe mu majipo maremare agezweho buri wese yakwambara akaba aberewe. Hari ijipo iba isabagiye kandi ari ndende igera ku birenge , mu nda hayo hakaba harimo amarasitike atuma haba hegeranye cyane ndetse umuntu akaba yanayambara ayitebejemo umwenda wo hejuru ayambaranye. Indi ni ijipo nayo ndende ikaba isa n’isumbana hasi ariko mu mu buryo (...)
-
Amakanzu y’imipira agezweho yo gutwitiramo
Akenshi umugore utwite hari ubwo yumva atakwambara umwenda w’umwenda w’umupira kuko akenshi uba wegereye uwambaye kandi umushushanya ibice byose,ariko hari amwe mu makanzu ya mariniere umubyeyi utwite yambara ukabona yikwije. Hari ikanzu nziza y’umupira ngufi,y’amaboko magufi ikoze nka v mu ijosi kandi irekuye igice cyo hasi naho mu gituza ikaba ifashe uyambaye. Indi ni ikanzu nayo y’umupira nayo iba yegereye uyambaye mu gituza naho guhera ku nda ikaba imurekuye kandi ifite amaboko maremare. (...)
-
Amashati y’amaboko maremare n’amabara agezweho
Muri iyi minsi hagezweho amashati y’amaboko maremare yo kwambarana n’amajipo ndetse n’amapantaro ku bakobwa n’abadamu bagiye ku kazi,ayo mashati akaba ari blouse cyangwa ari cotton mu mabara atandukanye bitewe n’iryo umuntu akunda. Hari ishati y’amaboko maremare,ifite imifuka ibiri mu gatuza kandi y’ibara rimwe ry’ubururu,iba nziza cyane ku ijipo cyangwa ku ipantaro y’irindi bara. Indi shati nziza iba ari blouse y’ibara ry’umukara irimo nk’utubara duto kandi ya transparent y’imifuka ibiri,nayo (...)
-
Udupira tw’udutopu two kwambara ku mapantaro
Udupira tw’udutopu tumaze iminsi tugezweho ku bakobwa n’abadamu,cyane cyane abakunda kwambara amapantaro y’amacupa yaba amajinisi cyangwa amakoto kuko ari nabyo usanga biberanye cyane kuruta uko wakambara ku ipantaro y’itisi isanzwe cyangwa ku itisi ya mampa. Hari agatopu usanga gakoze ku buryo hejuru kaba ari kanini,gafite amaha manini cyane maze hasi kakaba kegeranye ari nk’agapira gasanzwe. Hari kandi akandi kaba gateye nk’agapira nako kakaba gafite amaha manini,no hasi hako hataratse ariko (...)
-
Amakanzu ataratse yo kwambaraho agakoti ugiye ku kazi
Tumaze iminsi tubagezaho imyenda myiza itandukanye yo kujyana ku kazi ndetse tukabarangira n’aho mwayisanga,niyo mpamvu uyu munsi twahisemo amakanzu magufi ataratse kandi aciye amaboko ushobora kwambara ugiye ku kazi,ugashyiraho agakoti,maze ukaba uberewe cyane. Dore amwe muri ayo makanzu Hari ikanzu ngufi idafite amaboko kandi itaratse buhoro,ikaba idoze mu gitambaro kibonerana ariko idubuye kandi mu ijosi hayo hakoze umuzenguruko. Indi ni ikanzu nayo idafite amaboko ikoze (...)
-
Amakanzu y’imipira n’uko wayabona
Hashize iminsi itari mike amakanzu y’abakobwa n’abadamu y’imipira agezweho muri Kigali,ariko hari amwe muri yo agezweho kandi akunzwe kurusha ayandi cyane cyane aya droite magufi y’amaboko,ari nayo tugiye kubarangira uko wayabona Hari ikanzu y’umupira woroshye usa n’unyerera ikaba ari droite iri kuri igera mu mpfundiko maze ikaba ifite amaboko agera mu nkokora kandi isatuye imbere. Hari kandi ikanzu y’umupira, nayo ya droite igera munsi y’intege gato,ikaba ifite amaboko maremare agera aho (...)
-
Amajipo magufi ataratse n’imyenda yo hejuru bijyanye
Imyenda itaratse ni imwe mu myenda iba myiza kandi muri iyi minsi ikaba inagezweho cyane ku bakobwa n’abadamu bazi kugendana n’ibigezweho,akaba ari nayo mpamvu uyu munsi twabahitiyemo amajipo n’imyenda yo hejuru bijyanye wakwambarana ukaba ubewerewe,waba ugiye ku kazi cyangwa ahandi,kandi iyo myenda ukanayibona mu buryo bworoshye cyane,uhamagaye iyi nimero; 0784693000/0788506370. Ijipo ngufi igera mu ntege kandi ikaba itaratse y’ibara rimwe ,ifite amarinda manini ni nziza cyane ku mukobwa (...)
-
Uko wajyanisha Imyenda yo kujyana ku kazi n’uko wayibona
Nkuko tumaze iminsi tubagezaho imyenda itandukanye yo kujyana ku kazi,uyu munsi nabwo hari imyenda myiza ijyanye kandi y’amabara meza buri muntu wese ashobora kwishimira bitewe n’icyo akunda,kandi n’uburyo bwo kuyibona bukaba bworoheye buri wese kuko uyikeneye ahamagara kuri nimero 0784693000/0788620915 akabona umwenda wose yifuza. Ku mukobwa cyangwa umudamu ukora akazi kamusaba guhora yambaye neza,ashobora kubona ijipo n’agakoti bijyanye,agakoti k’ibara rimwe kajyanye n’ijipo ya karokaro. (...)
-
Imyambaro yo kujyana ku kazi mu mbeho
Hari imyenda umukobwa cyangwa umudamu yambara mu gihe cy’imbeho agiye ku kazi,cyangwa yakoreye ahantu hakonja,ukabona ko yambaye neza bya gisirimu yirinze imbeho kandi kandi atifubitse bikabije. Ushobora gusanga umuntu yambaye ipantaro y’icupa n’agakoti kari kuri taye k’amaboko maremare imbere harimo agapira ku buryo nta mbeho n’inkweto zifunga amano. Undi kandi ashobora kwambara ipantaro y’icupa n’inkweto zizamuye nka boot,maze akambara n’ikoti rishyushye rikoze nk’umupira ridafite amaboko (...)
-
Amakanzu magufi y’abantu babyibushye n’uko wayabona
Hari amakanzu atandukanye usanga abera abantu banini yaba ari kuri taye ndetse n’arekuye kandi magufi kuburyo ubona umuntu ubyibushye yambaye imwe muri yo ukabona ko aberewe kandi yambaye umwenda wiyubashye,ari nayo mpamvu abakunzi bacu twabahitiyemo amwe mu makanzu bashobora kwambara bakaberwa kandi bakanayabona bitabagoye.Nuguhmagara 0784693000/0788506370 ukabona umwenda wifuza wose. Abakobwa cyangwa abadamu banini baberwa n’ikanzu nk’iyi ya droite ngufi itari mini cyane ikaba ifite (...)
-
Amajipo n’imyenda yo hejuru bijyanye y’abantu banini
Nk’uko dusanzwe tubagezaho imyenda itandukanye y’abakobwa n’abadamu,uyu munsi twabahitiyemo amajipo ya droite n’imyenda yo hejuru bijyanye kandi myiza cyane,mu mabara yose, ushobora kwambara waba ugiye ku kazi cyangwa ugiye ahantu bisanzwe kandi iyi myenda ukaba wanayibona bitakugoye uhamagaye 0788506370/0788620915 cyangwa ukaba watwandikira kuri email;nzizapassy@gmail.com Umukobwa cyangwa umudamu ubyibushye ashobora kwambara ijipo ya droite y’umupira n’agashati gataratse hasi kuburyo gahisha (...)
-
Imyenda ijyanye y’akazi n’uko wayibona
Abakunzi bacu bakunze kudusaba ko twabagezaho imwe mu myenda ijyanye y’akazi ndetse n’uburyo bayibona bitabagoye,nkuko mumaze kumeyera ko imyenda tuba twakoze mu nkuru mushobora no kuyibona mu buryo bworoshye niyo mpamvu uyu munsi twabahitiyemo imyenda y’akazi kandi ijyanye. Umukobwa cyangwa umudamu ugiye ku kazi cyane cyane ku bakozi bo mu biro ashobora kwambara costume y’ijipo ya droite ngufi n’agakoti bijyanye kuburyo wagirango ni ibyo yadodesheje kandi arukujyanisha gusa. Nanone kandi (...)
-
Amakoti y’ibara ry’ikijuju ajyanye n’ibihe byo kwibuka
Mu bihe byo kwibuka tumenyereye ko twambara umwambaro y’ibara ry’ikijuju yiganjemo imipira n’imishanana ariko ushobora no kwambara ikoti ry’iryo bara ugiye mu gikorwa cyo kwibuka kandi ayo makoti ushobora kuyabona uhamagaye kuri iyi nimero ya telefoni ngendanwa;0788506370/0788620915 Hari ikoti rigufi riri kuri taye ryegereye uryambaye,rikaba rifite agakora gato kandi rifite ibara ry’umukara ku mifuka no mu gatuza. Hari kandi ikoti rirerire ry’imbeho naryo ry’ibara ry’ikijuju rikaba rifite (...)
-
Imyambarire idakwiye ku muntu wagiye kwibuka
Hari imyambarire usanga idahwitse ku bantu bamwe na bamwe usanga bambaye ku munsi wo kwibuka ukabona itajyanye n’icyabaye uwo munsi rimwe na rimwe bikagaragara nko kutagira icyo umuntu yitaho cyangwa kudaha agaciro umunsi nk’uwo. Kwambara impenure;Hari ubwo usanga umukobwa yambaye akenda gakabije kuba kagufi,nk’ijipo cyangwa gakabutura kanzinya kuburyo umuntu wese anyuzeho amwibazaho,ukabona yambaye nk’ugiye mu kabyiniro cyangwa ahandi hantu abonye hose,nyamara uwo si umwambaro ukwiye. (...)
-
Amakanzu wakwambara mu gihe cy’icyunamo
Hari amakanzu ajyanye n’igihe cyo kunamira abazize jenoside yakorewe abatutsi, ushobora kwambara cyane cyane muri ibi bihe byo kwibuka,arimo amakanzu maremare n’amagufiy’ibara ry’ikijuju bitabaye ngombwa ko wambara umukenyero,niba utawukunda cyangwa utawubona ukaba wakwambara amakanzu nk’aya tugiye kukwereka. Hari ikanzu ndende igera ku birenge y’ibara ry’ikijuju,idafite amaboko ahubwo ikoze nk’isengeri kandi mu gatuza ahagana mu ijosi habonerana . Indi ni ikanzu ngufi igera munsi y’amavi (...)
-
Amashati y’abakozi bo mu biro n’uko wayabona
Bamwe mu bakunzi b’agasaro.com bakunze kutubaza imyenda myiza yo kwambara ku bakozi bo mu biro,cyane cyane amashati yo ku majipo no ku mapantaro y’amatisi na cotton.Uyu munsi tukaba turi burebe amashati yiganjemo ay’amaboko maremare meza akomeye kandi agezweho kandi aboneka mu mabara yose akanaboneka mu buryo bworoshye tukabarangira aho mwayasanga. Ishati nziza umukobwa cyangwa umudamu ashobora kwambara ku ijipo cyangwa ku ipantaro ya cotton cyangwa itisi isanzwe,ni ishati y’amaboko maremare (...)
-
Pantacourt z’abantu banini
Bamwe mu bakunzi b’agasaro.com bakunze kutubaza imyenda igezweho y’abantu banini yegereye uyambaye,none uyu munsi twabahitiyemo amwe mu mapantaro ya pantacourt ,umuntu ubyibushye ashobora kwambara n’imyenda yo hejuru bijyanye kandi ukabona aberewe. Umuntu ubyibushye cyane ashobora kwambara ipantaro ya pantacourt ya cotton imufashe kuva hasi kugera hejuru,akayambarana n’agashati ka blouse maze akagatebeza ukabona bimubereye. Umukobwa cyangwa umudamu ubyibushye kandi yakwambara ipantaro (...)
-
Udushati tugezweho two ku majipo n’aho watubona
Muri iyi minsi hari idushati tw’abakobwa tugezweho twambarwa ku majipo cyangwa ku mapantaro ya cotton kandi ukabona umukobwa wambaye amwe muri ayo mashati aberewe. Niba kandi ukeneye imwe muri aya mashati wahamagara 0784693000/0788620915 Bafite udushati twa blouse twiza nk’ishati y’amaboko magufi arekuye ya transparent idafite ikora,usanga iberana cyane n’ijipo ya droite. Hari kandi ishati y’amaboko maremare ifite ikora risanzwe ikaba isa n’isumbana ariko bidakabije . Hari kandi ishati nayo (...)
-
Imyenda migufi ibereye abantu babyibushye cyane
Bamwe mu bakunzi bacu bakunze kutubaza imyenda myiza igezweho kandi migufi ibera abantu banini,natwe tukaba twabahitiyemo imwe mu myenda migufi kandi yiyubashye itambika ubusa uyambaye kuburyo nawe nubwo waba utakundaga kwambara imyenda migufi ushobora kuyambara ukabona uberewe. Umukobwa ubyibushye cyane ashobora kwambara ijipo ngufi y’amarinda manini itaratse,ikaba igera hejuru y’amavi gato,akayambarana n’umupira usanzwe w’amaboko magufi kandi ukaboan yambaye neza. Umuntu ubyibushye kandi (...)
-
Amajipo y’imipira asatuye imbere n’uko wayabona
Muri iyi minsi abakobwa benshi ndetse n’abadamu bakiri bato usanga bakunze kwambara imyenda isatuye imbere yiganjemo amajipo n’amakanzu bya droite,ni nayo mpamvu hari amwe mu majipo meza ya droite asatuye imbere nawe wakwambara ukagendana n’ibigezweho ndetse unaberewe. Hari ijpo ya droite y’umupira igera munsi y’imfundiko ikaba isatuye imbere satura yayo iringaniye,igera mu mavi kandi iyo jipo ikaba ifashe uyambaye. Indi ni ijpo ijya kuba ndende nayo igarukiye munsi y’imfundiko kandi nayo (...)