-
Amakanzu y’amaboko maremare agezweho
Amakanzu y’amaboko maremare agera aho ikiganza gitereye cyangwa akaba agera mu nkokora ni imwe mu myenda igezweho muri iyi minsi ku bakobwa n’abadamu,aya akaba ari amwe muyo tugufitiye uyu munsi kuburyo ubaye yakeneye wayabona bitakugoye,uzi aho uyasanga. Hari ikanzu ngufi y’umupira y’amaboko maremare agera aho ibiganza bitereye,ikoze nka v mu ijosi kandi igarukiye mu mavi. Hari kandi ikanzu ndende igera ku birenge y’umupira kandi nayo y’amaboko maremare,ku bakunda imyenda miremire nayo iba (...)
-
Amajinisi agezweho y’abantu banini
Amapantaro y’majinisi ni imwe mu myenda itajya ipfa guhararukwa ngo abantu bayiveho burundu,ahubwo usanga haduka agezweho,niyo mpamvu tugiye kugaruka kuri amwe mu majinisi agezweho ku bakobwa n’abadamu babyibushye. Muri iyi minsi hagezweho ipantaro y’ijinisi y’umwenda usa n’uworoshye kumesa ikaba ifite umupando ujya kuba munini kuburyo uyambaye ayifungira hejuru y’ikinyenyanza,ikanagihisha neza. Indi pantaro nziza ibera umuntu ubyibushye ni ijya kuba umucuyo ariko bidakabije ikaba ifite (...)
-
Amajipo meza ataratse agera munsi y’imfundiko
Hari abantu bakunda kwambara imyenda itaratse irimo amajipo n’amakanzu,hakaba n’abandi batayakunda kandi ariyo ababera cyane cyane ku bantu bagira amaguru mato ananutse n’abagira imfundiko nini. Ijipo y’amabara,itaratse ariko bidakabije ifite mu nda hegeranye kandi igarukiye munsi y’imfundiko ni imwe mu majipo gezweho kandi abera abantu bose ndetse n’abafite imfundiko zitajyanye n’amaguru uko ateye. Ku bantu bagira amaguru ananutse nabo baberwa n’ijipo itaratse kandi ifite amarinda menshi (...)
-
Amapantaro ya jeans ya high waist agezweho
Hari ubwoko bw’amapantaro y’amajinisi ateye ku buryo yamabarirwa hejuru azwi ku izina rya high waist,akaba akunda kwambarwa n’abakobwa ndetse n’abadamu bakiri bato,niyo mpamvu tugiye kuyagarukaho tubereka agezweho kuruta ayandi muri iyi minsi. Hari ipantaro y’ijinisi y’ibara rya bleu ciel ikaba ifungishwa ibifungo bitatu imbere,ikaba izamuye kuburyo yambarirwa mu nda hagati kandi ikaba ari icupa. Hari ipantaro ya jeans y’icupa ifite ibara ry’ikijuju’’ grey’’ikaba nayo yambarirwa hejuru (...)
-
Udukoti tugezweho tw’amaboko agera mu nkokora
Udukoti twa cotton dufite amaboko agera mu nkokora, ni imwe mu myambaro yo kujyana ku kazi igezweho y’abakobwa n’abadamu kandi udukoti nk’utu tugaragara neza cyane,haba kukambara ku ijipo cyangwa ikanzu ya droite no ku ipantaro. Hari agakoti ka cotton k’ibara rimwe,kamanutse kuri taye kandi katari karekare kakaba gafite amaboko magufi agarukiye mu nkokora. Akandi gakoti kaba keza kaba kajya kuba karekare kagera ku kibuno,kakaba nako gafite amaboko agera mu nkokora kandi kadafungwa.Aka (...)
-
Dore amashati agezweho y’ibara ry’ingwe
Muri iyi minsi hagezweho imyenda yo hejuru ifite amabara nk’ay’uruhu rw’ingwe yiganjemo amashati y’amaboko maremare yambarwa ku majipo n’amapantaro, kuburyo umukobwa cyangwa umudamu ayambarana n’umwenda wo hasi w’ibara rimwe ukabona ko yambaye neza cyane. Hari ishati nziza y’amaboko maremare idafite ikora,iteyeho udufuka tubiri, kandi ikaba ifite amabara y’ingwe mato avanze. Indi ni ishati nayo ifite utubara duto nk’utw’ingwe ikaba iteye nk’amashati agezweho yitwa obama bambara bazinze amakoko. (...)
-
Menya kumesa imyenda bijyanye n’uko iteye
Hari amabwiriza agena uburyo bwo kumesa imyenda,buri wose ukameswa hakurikijwe uburyo uteye n’ibyo ukozemo ndetse n’uburyo wanduye kuko ushobora kumesa umwenda ukawangiza kubera kuwumesa nabi kuko udasobanukiwe uko bikorwa. 1.Umwenda ukoze mu gitambaro cya jean,si byiza kuwumesa kenshi ahubwo urawuhanagura mu gihe bibaye ngombwa ubona wanduye,kuko ubusanzwe bene iyi myenda ya jeans,igomba kumeswa nibura nyuma y’inshuro 5,wambarwa kandi ukamenya ko utayimesesha amazi ashyushye,ukirinda no (...)
-
Amapantaro agezweho ateyeho utumashini tugaragara
Muri iyi minsi hari amapantaro agezweho y’abadamu n’abakobwa ateyeho utumashini duto duteye ahantu hagaragara kandi akambarwa ku buryo utwo tumashini tugaragara neza,ayo mapantaro akaba akunze kuba ari amacupa. Hari ipantaro ifite utumashini tubiri dutambitse mu mpande ku mifuka kuburyo uyireba abona ari udufuka duto dutambitse dufungishije imashini. Indi ni ipantaro y’icupa nayo iteye nk’iyi yo hejuru ariko yo utubashini duteyeho tukaba duhagaze mu mpande ahakabaye hari imifuka y’ipantaro. (...)
-
Amakanzu ya droite agezweho yo kujyana ku kazi
Amakanzu ya droite ni imwe mu myenda ibera abakobwa n’abadamu cyane kandi ikaba n’imyambaro myiza yo kujyana ku kazi,ukabona ko umuntu yambaye neza cyane,niyo mpamvu uyu munsi tugaruka ku makanzu ya droite kandi ya cotton agezweho. Ikanzu ya droite ya cotton iba nziza,ni ikanzu ngufi iri kuri taye,ifite amaboko magufi cyane ikaba isatuye inyuma. Hari ikanzu ya droite y’ibara rimwe ifite amaboko magufi kandi mu gatuza hayo n’ijosi hakoze nk’ah’ikoti,ikaba ari ngufi igera mu ntege. Indi (...)
-
Amajipo agezweho ataratse y’amabara menshi
Muri iyi minsi imyenda yo hasi ifite amabara menshi kandi akeye igezweho cyane ku bakobwa n’abadamu,cyane cyane amajipo afite amabara avangavanze bakayambarana n’umwenda wo hejuru w’ibara rimwe.Uyu munsi tukaba tugaruka ku majipo ataratse afite bene ayo mabara tukanabayobora aho mwayasanga. Hari ijipo ngufi igera mu ntege,y’amabara manini avangavanze ikaba itaratse cyane kandi mu nda irimo rasitike nini Indi ni ijipo igera munsi y’impfundiko kandi ikaba itaratse buhoro nayo ifite amabara (...)
-
Amajipo ya droite agezweho y’amabara
Nkuko tumaze iminsi tubagezaho imyenda y’amabara menshi igezweho,uyu munsi turavuga ku majipo ya droite nayo agezweho kandi y’amabara menshi usanga akunzwe cyane n’abakobwa ndetse n’abadamu bazi kugendna n’ibigezweho. Hari ijipo ya droite y’umupira igera munsi y’amavi gato ikaba ifite amabara manini kandi avangavanze,iyi ni imwe mu zigezweho cyane muri iki gihe. Nanone kandi hari ijipo ya droite ya cottton nayo y’amabara meza manini kandi ubona ajyanye. Indi ni ijipo y’umupira ngufi ya droite (...)
-
Amakanzu agezweho ya cotton ataratse
Imyenda itaratse igezweho muri iyi minsi yaba amajipo ndetse n’amakanzu by’abadamu n’abakobwa ariko noneho by’umwihariko amakanzu ya cotton agezweho cyane niyo mpamvu ari nayo tuvugaho uyu munsi. Hari ikanzu usanga y’utuboko duto n’ikora nk’iry’ishati kandi ifite ibipesu imbere,inataratse y’ibara rimwe. Indi ni ikanzu ya cotton nayo y’utuboko duto cyane kandi itaratse nk’umutaka kandi ijya kuba ndende igera munsi y’impfundiko. Hari kandi ikanzu ya cotton y’utuboko tugufi,mu ijosi hayo hakoze (...)
-
Amajipo ya droite agezweho ya cotton
Amajipo ya droite ni imwe mu myenda itajya ipfa guhararukwa kuko abakobwa n’abadamu bayakunda cyane, ariko uko iminsi ishira haba hari agezweho kuruta ayandi,kuri ubu tukaba tugiye kugaruka kuri amwe agezweho cyane muri iyi minsi. Ubu hagezweho ijipo ya droite y’amabara menshi kandi ngufi igera mu ntege ikaba isatuye inyuma cyangwa idasatuye. Hari kandi ijipo ya droite imanutsa kuri taye igera mu mpfundiko kandi ikambarwa itebejwe kuko iri mu bwoko bwa high waist. Indi ni droite nayo (...)
-
Uburyo 7 bwo gukuraho ibizinga ku mwenda
Hari ubwo usanga umwenda ufite ibizinga kubera kuwupfubya,kuwumesana n’imyenda ifite irangi,kuwanika nabi cyangwa kuwubika nabi ndetse ukabona umwenda utazongera kwambarwa,ariko hari uburyo bworoshye bwo kuwuvanamo ibizinga uko byaba bimeze kose bikavamo ugasubirana ubushyashya. 1.Umwenda ufite ibizinga uwumesesha amazi avanze na vinegere,ufata amazi akonje litiro 2 ugasukamo igice cy’igikombe cya vinegere,ubundi ukamesa bisanzwe,ibizinga bishiramo. 2. Hari kandi umuti wa spray bita (...)
-
Amakanzu y’imipira y’amaboko maremare wajyana mu kirori
Nkuko abakunzi bacu badusabye ko twabereka amakanzu y’imipira maremare agezweho kandi afite amaboko maremare,umuntu yajyana mu birori,tukanabarangira aho bayasanga,uyu munsi niyo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru. Hari ikanzu ndende igera ku birenge ikaba iri kuri taye ariko uko igenda imanuka hasi ikaba itaratse,kandi ifite amaboko maremare. Hagezweho kandi amakanzu y’imipira maremare ya droite ari kuri taye kuva hasi kugera hejuru,kandi igera ku birenge neza akaba nayo afite amaboko (...)
-
Amakanzu y’imipira agezweho y’amaboko maremare
Amakanzu y’imipira amaze igihe kitari gito abadamu n’abakobwa bakunze aya makanzu,ariko noneho afite amaboko maremare niyo agezweho cyane muri iyi minsi kurenza ayandi. Hari ikanzu y’umupira ngufi y’amaboko agera mu nkokora kandi yegereye uyambaye igice cyo hejuru naho hasi ikaba itaratse. Indi kanzu nziza igezweho y’umupira ni ifite maboko maremare kandi ikaba ari droite ndende igera ku birenge. Ikanzu yindi igezweho ni ikanzu ngufi igera mu mavi yegereye uyambaye kandi nayo ifite (...)
-
Amakanzu ya blouse agezweho
Hashize iminsi itari mike hagezweho amashati ya blouse ariko noneho ubu hadutse n’amakanzu agezweho ya blouse yorohereye kandi abonerana yiganjemo fite amaboko manini kandi magufi n’andi aba adafite amaboko ari nayo tugiye kugarukaho. Hari ikanzu ngufi iba idoze mu gitambaro cyoroshye cyane kandi kibonerana, ikaba ifite mu ijosi hanini kandi mu nda hayo harimo rasitike ,ifite n’amaboko magufi manini arekuye uyambaye. Indi ni ikanzu idoze mu mwenda nkuw’iyi yo hejuru,ikaba ikoze nk’ishati (...)
-
Uburyo bwo kugirira isuku ihagije imyenda y’imbere
Imyenda y’imbere cyane cyane iy’abagore ni imwe mu myambaro igomba kugirirwa isuku yihariye cyane kurenza indi yose haba mu kuyimesa,kuyanika no kuyibika ndetse n’uburyo yambarwamo hakabaho kwitwararika kugira ngo isuku yayo ibe yizewe,kuko iyo ititaweho ishobora gutera indwara. 1. Ubusanzwe umugore aba agomba kwambara umwenda w’imbere ukoze mu gitambaro cya cotton kuko nibwo ubasha kugirirwa isuku ihagije kandi ntubike na mikorobe zanduza umugore, cyane cyane za ndwara zifata imyanya (...)
-
Udutopu tugezweho tw’amaha manini
Udutopu dufite amaha manini no hejuru hanini,hasi hatwo hakaba hegeranye ni imwe mu myenda igezweho ku badamu n’abakobwa bafite igice cyo kinini,nukuvuga ibitugu binini,mu gituza n’amaboko manini. Hari agatopu kaba gafite amaha manini ariko hasi hako hegeranye hakoze nk’agapira gasanzwe,aka gashobora kwambaranwa n’ijipo cyangwa ipantaro. Nanone agatopu kabera abantu bafite hejuru hanini n’amaboko abyibushye cyane,ni akaba gafite amaboko manini no mu maha hanini hakoze nk’ah’ikanzu (...)
-
Amapantaro ya cotton y’abantu banini
Amapantaro ya cotton ni imwe mu myenda igezweho muri iyi minsi ku bakobwa n’abadamu ariko uyu munsi turagaruka kuri bene aya mapantaro abera abantu banini babyibushye yiganjemo amacupa ya pantacourt. Ipantaro ya cotton iba ifite umupando muremure kuburyo umuntu ubyibushye ayambara,yaba afite inda yo hasi ibyibushye akambarira hejuru ku buryo ubona ko inda irimo neza. Hari kandi cotton ifite umubiri woroshye kandi nayo ifite umupando muremure na erasitike mu nda,nayo ifata inda yo hasi (...)