ipantalo y’igitenge

Yanditswe: 20-08-2014

Iyi myenda iragaraga neza, ni imyambara yakwambarwa ushaka kuruhuka ariko kandi ugiye mu minsi mikuru idakabije, nko mu ma sabukuru, cyangwa se ugiye gusura umuntu w’inshuti bisanzwe.

Ni umwambaro wakwambarwa ku manywa hari izuba.

Iyi moderi yahimbwe na UZURI K&Y yerekanywe muri Kigali fashion show 2013

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe