Uko wita ku ndabyo za Petit de ranta

Yanditswe: 19-07-2014

Ni ubwoko bw’indabyo bukunzwe cyane muri iyi minsi aho usanga buri ahantu henshi. Ni indabyo rero zitarabya ziba zifite ibibabi by’icyatsi. Hari n’inini zazo zitwa Ranta zo zigira akabara k’umweru ku bibabi.
Izi ndabyo rero ziterwa hasi mu butaka zikaba zitabwaho muri ubu buryo :
- unyuzamo agasuka mu gihe ubutaka bumaze gukomera.
- gukuramo imyanda yaba irimo
- kuduconga neza tukaringanira. Ni byiza kureka umuntu ubizi akaba ariwe uzikata.
- hari igihe zizana udusimba ( utuntu tw’umweru dufata ku dushami twatwo) ni byiza kuzitera umuti icyo gihe.
byavuye mu makuru twahawe na Jardinier wabigize umwuga. Umukeneye wamuhamagara kuri 0783099651

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe