Imisego yo mu ntebe
Yanditswe: 24-05-2014
Iyi misego idodeyeho amabara ya Kinyarwanda yongera ubwiza mu ntebe zawe kandi bigaha agaciro imitako ya kinyafurika. Iyi misego wayishyira mu ntebe zo mu nzu cyangwa se izo ku ibaraza.
Iyi misego yakorewe muri Glo creation ikaba ari ibihimbano bya Gloria Kamanzi
.
Ushaka iyo misego cyangwa ibitambaro cyangwa rido ziriho ayo mababara wahamamagara Gloria kuri tel : +250 788627104
NB : Birabujijwe kwandukura cyangwa gutangaza iyi nkuru mu kindi kinyamakuru utabiherewe uruhushya n’ubuyobozi bwa agasaro.com. Twandikire kuri info@agasaro.com