Imisego yo mu ntebe

Yanditswe: 24-05-2014

Iyi misego idodeyeho amabara ya Kinyarwanda yongera ubwiza mu ntebe zawe kandi bigaha agaciro imitako ya kinyafurika. Iyi misego wayishyira mu ntebe zo mu nzu cyangwa se izo ku ibaraza.

Iyi misego yakorewe muri Glo creation ikaba ari ibihimbano bya Gloria Kamanzi
.
Ushaka iyo misego cyangwa ibitambaro cyangwa rido ziriho ayo mababara wahamamagara Gloria kuri tel : +250 788627104

NB : Birabujijwe kwandukura cyangwa gutangaza iyi nkuru mu kindi kinyamakuru utabiherewe uruhushya n’ubuyobozi bwa agasaro.com. Twandikire kuri info@agasaro.com

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe