Bazin ku muryango

Yanditswe: 07-01-2015

Mu Rwanda ntibikunze kugaragara ko umugore n’umugabo bagenda bambaye imyenda isa kandi idoze mu gitambaro kimwe, ariko mu bihugu biknze kubikora usanga biba bisa neza.

Kododesha bazin isa ku mugore n’umugabo mu bihugu by’Afrika y’uburengerazuba bikunze gukoreshwa ndeste ikaba ari imyambaro yambarwa mu birori bikomeye nko mu bukwe n’ahandi.

Mu gihe mwahisemo kudodesha bene iyi myenda mushobora kuyambara musohotse cyangwa se umwe ukawambara undi ukazawambara ubutaha nabyo ntacyo bitwara kutayambarira rimwe.

Gracieuse Uwadata

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe