Amaherena ajyanye n’icyo witeze mu mutwe

Yanditswe: 22-11-2014

Kwitega igitambro cyangwa igitenge mu mutwe ni umuco ugaragara cyane mu banyarwandakazi kimwe n’ahandi muri Afrika, ariko burya iyo witeze uba ugomba no kwita ku maherena ari bujyane n’icyo witeze kugirngo urusheho gusa neza.

Kumenya ibijyanye si ukumenya amabara gusa kuko hari nuko amaherena aba akoze bikaba bitagaragara neza uyambaye witeze. Biba byiza iyo wambaye amaherena maremare cyangwa manini agaragara ku buryo utari bushyireho igitanbaro kikayapfukirana.

Gracieuse Uwadata www.agasaro.com

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe